Category: Uncategorized

  • RSSB yakebuye abakoresha bibwira ko ubwiteganyirize butareba ba nyakabyizi #rwanda #RwOT

    Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ubwiteganyirize (RSSB) cyahwituye abakoresha bakunze kwibwira ko ubwiteganyirize bw'abakozi bureba abakozi bafite amasezerano, bakirengagiza abadafite amasezerano cyangwa ba nyakabyizi.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rssb-yakebuye-abakoresha-bibwira-ko-ubwiteganyirize-butareba-ba-nyakabyizi

  • Mukura Victory Sports yabonye umufatanyabikorwa uzayambika imyaka ine #rwanda #RwOT

    Mukura Victory Sports et Loisir yasinyanye amasezerano y'imyaka ine y'ubufatanye n'uruganda rwa Masita rwo mu Buholandi, ruzajya ruyambika, rukanayiha ibindi bikoresho yifashisha mu myitozo.

    Kuri uyu wa Kane nibwo hasinywe amasezerano ku mpande zombi, aho ubuyobozi bwa Mukura Victory Sports bwari buhagarariwe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa, Gasana Jérôme.

    Ibinyujije kuri Twitter, Mukura Victory Sports yagize iti 'Twinjiye mu bufatanye bukomeye na sosiyete ikora imyambaro ya Masita. Amasezerano azamara imyaka ine.'

    Iyi kipe yo mu Karere ka Huye yari isanzwe yambara imyenda yakoresheje mu Bushinwa.
    Kuri ubu, Masita izajya iyikorera imyambaro abakinnyi bifashisha mu kibuga no mu myitozo, imipira yo gukina, inkweto zo gukinana, imyambaro y'abafana n'ibindi bikoresho.

    Sosiyete ya Masita ije yiyongera ku bandi bafatanyabikorwa ba Mukura Victory Sports barimo Hyundai Rwanda na Volcano Ltd bazajya batanga agera kuri miliyoni 70 Frw ku mwaka, bakanagira uruhare mu gutwara abakinnyi ku kibuga no mu myitozo.

    Hari kandi Akarere ka Huye kazatanga asaga miliyoni 100 Frw mu mwaka utaha w'imikino wa 2020/21, by'umwihariko kagahemba abakozi ba Mukura Victory Sports.

    Venuste Habineza/Intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/mukura-victory-sports-yabonye-umufatanyabikorwa-uzayambika-imyaka-ine/

  • Gisagara/Gishubi: Gahunda y'irerero ibonwa nka kimwe mu bisubizo ku burezi bw'abana #rwanda #RwOT

    Abatuye akarere ka Gisagara, Umurenge wa Gishubi, Akagari ka Nyakibungo, bavuga ko biyemeje kugira uruhare mu bibakorerwa kuko bibafasha kugera ku iterambere ryifuzwa ku gihe. Gahunda y'amarerero, ni kimwe mubyo aba baturage bavuga ko bafatanije n'izindi nzego izahindura imibereho, igafasha mu burezi n'uburere bw'abana.

    Mu Rwanda, kuva hashyirwa imbaraga muri gahunda y'ubudehe, imibereho y'abaturage yazamuye ibipimo. Bamwe mu batuye mu kagari ka Nyakibungo mu murenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara bavuga ko bahisemo kwiyubakira irerero kuko basanze bizabagirira akamaro ndetse bigakemura ibibazo by'uburezi bihari.

    kubufatanye n'urwego rwa DASSO, Ngabonziza Francois Regis Umuhuzabikorwa w'urwego rw'umutekano DASSO mu karere ka Gisagara avuga ko batazahwema gutera ingabo mu bitugu igikorwa cyose kizamura abaturage kuko ubufatanye hagati y'inzego n'abayoborwa aribyo bikenewe kugirango igihugu gitere imbere.

    Rutaburingoga Jerome uyobora w'akarere ka Gisagara wifatanije n'aba baturage mu kubaka iri rerero avuga ko ibikorwa nk'ibi by'iterambere akarere kazakomeza kubishyigikira ariko yibutsa abaturage ko aribo ba mbere bagomba gufata iyambere bakagira uruhare mu bibakorerwa.

    Mu Karere ka Gisagara harabarurwa abana ibihumbi 43000 bitabira gahunda z'irerero. Biteganyijwe ko mu mwaka wa 2024, muri aka Karere buri kagari kazaba gafite irerero rijyanye n'icyerekezo cy'u Rwanda.

    Venuste Habineza/Intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/gisagara-gishubi-gahunda-yirerero-ibonwa-nka-kimwe-mu-bisubizo-ku-burezi-bwabana/

  • Evode Uwizeyimana na Prof. Dusingizemungu wa Ibuka bagizwe Abasenateri #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Evode Uwizeyimana yagizwe Senateri
    Evode Uwizeyimana yagizwe Senateri

    Nk’uko bigaragara mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, aba Basenateri bashyizweho kuri uyu wa gatanu tariki 16 Ukwakira 2020.

    Tariki ya 07 Gashyantare 2020, ni bwo Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Evode Uwizeyimana wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera yeguye ku mirimo ye.

    Kwegura kwa Uwizeyimana kwaje nyuma y’igitutu cya bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda banenze ihohotera yemeye ko yakoreye umugore ushinzwe umutekano ku nyubako iri Mujyi wa Kigali.

    Ku mbuga nkoranyambaga, Uwizeyimana yasabye imbabazi z’ibyo yakoreye uwo mukozi ushinzwe umutekano aho yashinjwaga kumusanga mu kazi ke akamuhirika akitura hasi.

    Dr Dusingizemungu Jean Pierre, we yari asanzwe ari Perezida wa Ibuka.
    Dr Dusingizemungu Jean Pierre, we yari asanzwe ari Perezida wa Ibuka.


    source https://www.kigalitoday.com/politiki/amakuru/article/evode-uwizeyimana-na-prof-dusingizemungu-wa-ibuka-bagizwe-abasenateri

  • Equity Bank Ranks Number 7 In Africa #rwanda #RwOT

    Equity, with a balance sheet size worth Kshs. 673.7 billion at the end of 2019, has been listed at number seven among the top 10 Banks in Africa in 2020 with a score of 5.82 in the overall category of the best performing banks.

    This is according to The Banker's Top 100 African Banks ranking for 2020.

    This year's ranking shows stabilisation in the finances of the majority of African major lenders.
    The ranking, which tracks the health and wealth of the African banking sector, used an array of
    metrics including the overall growth performance, financial soundness, profits on capital, leverage and return on risk.

    In the year under review, Equity improved on its performance with a 14% profit after tax growth
    to Kshs 22.6 billion from Kshs 19.8 billion in 2018. The impressive performance registered during an interest capping period was driven by a 23% growth in loan book to Kshs 366.4 billion from Kshs 297.2 billion in 2018.

    Dr. James Mwangi, Managing Director and CEO said that, the enhanced efficiency and cost optimization saw cost-income ratio improving to 51% from 52.4% in 2018.

    The Group has maintained its yield on interest-earning assets at 11.2% despite the challenge of interest capping and declining yield curve.

    Innovation has also been a great enabler in driving growth and is already registering efficiency gains from digitization.

    On financial soundness, Equity ranked number 5 on the backdrop of an agile balance sheet with
    a liquidity of 52.1%, a loan deposit ratio of 75.9% and a core capital to risk-weighted asset ratio
    of 19.8%.

    The balance sheet reflects solid diversified funding with customer deposits constituting
    72% of the total funding, shareholders and long-term borrowing contributing 17% and 8% respectively.

    The financial soundness is further enhanced by a strong capital base, which is well within both internal and regulatory limits, solid business performance and Net loans which constituted 54% of the total assets while government securities and cash and cash equivalents
    contributed 26% and 13% of the total asset allocation respectively.

    'The ranking is an indication that Equity remains robust, despite the challenging operating
    environment. We have developed and adopted a sustainable business model to cushion the
    business as well as boost value creation for shareholders,' added Dr. Mwangi.

    The Banker Top 1000 World Banks 2020 ranked Equity Bank 754 in balance sheet size overall
    in its global ranking, 62nd in soundness (Capital Assets to Assets ratio), 55th in terms of Profits
    on Capital and 20th on Return on Assets.

    Source : https://taarifa.rw/equity-bank-ranks-number-7-in-africa/

  • Perezida Kagame yashyizeho abasenateri bane barimo Prof Dusingizemungu na Uwizeyimana Evode #rwanda #RwOT

    Perezida Paul Kagame yashyizeho abasenateri bane bashya, barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre wayoboraga Umuryango Uharanira Inyungu z'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (IBUKA) na Uwizeyimana Evode wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutabera.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/perezida-kagame-yashyizeho-abasenateri-bane-barimo-prof-dusingizemungu-na

  • Equity Bank Ranks Number 7 In Africa #rwanda #RwOT

    Equity, with a balance sheet size worth Kshs. 673.7 billion at the end of 2019, has been listed at number seven among the top 10 Banks in Africa in 2020 with a score of 5.82 in the overall category of the best performing banks.

    This is according to The Banker's Top 100 African Banks ranking for 2020.

    This year's ranking shows stabilisation in the finances of the majority of African major lenders.
    The ranking, which tracks the health and wealth of the African banking sector, used an array of
    metrics including the overall growth performance, financial soundness, profits on capital, leverage and return on risk.

    In the year under review, Equity improved on its performance with a 14% profit after tax growth
    to Kshs 22.6 billion from Kshs 19.8 billion in 2018. The impressive performance registered during an interest capping period was driven by a 23% growth in loan book to Kshs 366.4 billion from Kshs 297.2 billion in 2018.

    Dr. James Mwangi, Managing Director and CEO said that, the enhanced efficiency and cost optimization saw cost-income ratio improving to 51% from 52.4% in 2018.

    The Group has maintained its yield on interest-earning assets at 11.2% despite the challenge of interest capping and declining yield curve.

    Innovation has also been a great enabler in driving growth and is already registering efficiency gains from digitization.

    On financial soundness, Equity ranked number 5 on the backdrop of an agile balance sheet with
    a liquidity of 52.1%, a loan deposit ratio of 75.9% and a core capital to risk-weighted asset ratio
    of 19.8%.

    The balance sheet reflects solid diversified funding with customer deposits constituting
    72% of the total funding, shareholders and long-term borrowing contributing 17% and 8% respectively.

    The financial soundness is further enhanced by a strong capital base, which is well within both internal and regulatory limits, solid business performance and Net loans which constituted 54% of the total assets while government securities and cash and cash equivalents
    contributed 26% and 13% of the total asset allocation respectively.

    'The ranking is an indication that Equity remains robust, despite the challenging operating
    environment. We have developed and adopted a sustainable business model to cushion the
    business as well as boost value creation for shareholders,' added Dr. Mwangi.

    The Banker Top 1000 World Banks 2020 ranked Equity Bank 754 in balance sheet size overall
    in its global ranking, 62nd in soundness (Capital Assets to Assets ratio), 55th in terms of Profits
    on Capital and 20th on Return on Assets.

    Source : https://taarifa.rw/2020/10/16/equity-bank-ranks-number-7-in-africa/

  • Perezida Kagame yashyizeho abasenateri bane barimo Prof Dusingizemungu na Uwizeyimana Evode #rwanda #RwOT

    Perezida Paul Kagame yashyizeho abasenateri bane bashya, barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre wayoboraga Umuryango Uharanira Inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (IBUKA) na Uwizeyimana Evode wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/perezida-kagame-yashyizeho-abasenateri-bane-barimo-prof-dusingizemungu-na

  • Umuburo ku bitwikira n’abikoresha impanuka bagamije indonke mu bigo by’ubwishingizi #rwanda #RwOT

    Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Ubwishingizi mu Rwanda, ASSAR, ryaburiye abakiliya b’ibi bigo batandukaye bitwikira inzu abandi bakikoresha impanuka bagamije kubona indonke.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umuburo-ku-bitwikira-n-abikoresha-impanuka-bagamije-indonke-mu-bigo-by

  • Mobetto yahishuye ko inda ebyiri za Diamond zavuyemo mbere y’iyavutsemo umuhungu #rwanda #RwOT

    Umunyamideli akaba n’umuhanzikazi muri Tanzania, Hamisa Mobetto, ufitanye umwana na Diamond Platnumz yavuze ko uyu muhanzi yifuje ko babyarana kenshi bikagera aho amutwitira ebyiri zikavamo mbere y’uko iya gatatu ivuka

    source https://igihe.com/imyidagaduro/muzika/article/mobetto-yahishuye-ko-inda-ebyiri-za-diamond-zavuyemo-mbere-y-iyavutsemo