Category: Uncategorized
-
Muhanga: Urubanza ruregwamo Urayeneza Gérard rwongeye gusubikwa #rwanda #RwOT
Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasubitse urubanza ubushinjacyaha buregamo Urayeneza Gérard na bagenzi be ku byaha birimo kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru yerekeye Jenoside, nyuma y’aho uruhande ruhagarariye abaregera indishyi rutabonetse mu iburanisha. -
Umugabo yiteye irangi ry'umukara,ahindura amaso ye umukara,acamo kabiri ururimi rwe hanyuma yishyiraho amahembe kugira ngo ase na sekibi [AMAFOTO] #rwanda #RwOT
Umugabo w' Umutaliyani witwa Nicolo Saverino w' imyaka 27 y' amavuko ukomoka ahitwa Aprilia mu Butaliyani yahinduye bikomeye umubiri we yiteye irangi ry'umukara,ahindura amaso ye umukara,acamo kabiri ururimi rwe hanyuma yishyiraho amahembe kugira ngo ase na sekibi.
Nicolo Saverino w'imyaka 27 akora akazi ko gushimisha abantu,yatangiye guhindura umubiri we ku myaka 18 aho kuri ubu 70% by'umubiri we wuzuyeho tattoos zirimo no gusiga irangi ry'umukara umubiri we.
Uyu mugabo yifuzaga gusa n'umukara ariyo mpamvu yisize iri rangi umubiri we wose kugira ngo ase nkuko yahoze abyifuza.
Uyu Nicolo yaciyemo kabiri amatwi ye,ururimi,ndetse umutwe we barawutobora bamushyiramo amahembe.
Avuga ku mpamvu yamuteye gukora ibi,Nicolo yagize ati:

'Nashoye amafaranga yanjye muri ibi kubera ko nifuza guhindura umubiri wanjye ndetse no gukunda ihangana. Njye mbonera ubwiza mu biteye ubwoba.Sinkunda kwisanisha n'ibipupe.Nkunda kuba njye nta muntu n'umwe nkopeye.'Uku kwihindura umubiri kwa Nicolo kwatumye abantu benshi bamwibasira ariko we avuga ko ntacyo abamutuka bamutwara.
Ati:
'Nahuye n'ibibazo byinshi mu gukura kwanjye.Natsinze imbogamizi nyinshi arizo zatumye nifuza guhindura uko ngaragara.'

Yakoje agira ati: 'Abantu benshi bakunda kuvuga byinshi ku kuntu ngaragara.Hari abantuka cyane ariko nize kwitwararika nkareka bikagenda.Hari abantu bahora bifuza ko ibyishimo by'abandi byayoyoka. Inshuti zanjye n'umuryango wanjye baranshyigikira mu kwihindura kwanjye.Bankundira uwo ndiwe.'
-
Afurika yaburiwe ko itabasha kwirengera ingaruka zabaho mu gihe Covid-19 yakubura umutwe #rwanda #RwOT
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye rishinzwe kwita ku Buzima, OMS, ryaburiye ibihugu bya Afurika ko byahura n'ingorane zikomeye bitabasha kwirengera by'umwihariko mu bijyanye n'ubukungu mu gihe icyorezo cya Covid-19 cyakongera kubura umutwe kuri uyu mugabane. -
Moroccos 'Visa for Music' Festival Will Go On Despite Covid-19 #rwanda #RwOT
The 'Visa for Music'2020 festival will take place on 18-20 in Rabat Morocco but under strict adherence to Covid-19 Standard Operation procedures.
This festival is considered a professional music market and festival in Africa and the Middle East, it is aimed at showcasing artists from Africa and the Middle East, mainly in world music and current music.
According to organisers, the festival will be the occasion to record video capsules for twenty Moroccan groups and residents in Morocco. Conferences, trainings and workshops will be organized in Rabat, as in previous editions'. Thus, following the call for applications launched last February, the selected national artists will be supported in Rabat to benefit from a recording of video clips produced by Visa For Music.
Visa For Music is every year for four days the pulse of Rabat 'City of Light and Moroccan Capital of Culture' which lives to the rhythm of the music.
Source : https://taarifa.rw/2020/10/16/moroccos-visa-for-music-festival-will-go-on-despite-covid-19/
-
Afurika yaburiwe ko itabasha kwirengera ingaruka zabaho mu gihe Covid-19 yakubura umutwe #rwanda #RwOT
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku Buzima, OMS, ryaburiye ibihugu bya Afurika ko byahura n’ingorane zikomeye bitabasha kwirengera by’umwihariko mu bijyanye n’ubukungu mu gihe icyorezo cya Covid-19 cyakongera kubura umutwe kuri uyu mugabane. -
Rubavu: Polisi yafashe abantu barindwi banywaga bakanakwirakwiza urumogi #rwanda #RwOT
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abaturage ikomeje ibikorwa byo kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu gihugu cyane mu Karere ka Rubavu. Ku wa Gatatu tariki ya 14 Ukwakira abapolisi bo mu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe abantu barindwi harimo abarukwirakwizaga ndetse n’abarunywa. -
Mukura VS izajya yambikwa n’uruganda rwo mu Buholandi #rwanda #RwOT
Mukura Victory Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka ine y’ubufatanye n’uruganda rwa Masita rwo mu Buholandi, ruzajya ruyambika, rukanayiha ibindi bikoresho yifashisha mu myitozo.source https://igihe.com/imikino/football/article/mukura-vs-izajya-yambikwa-n-uruganda-rwo-mu-buholandi
-
CECAFA y’abatarengeje imyaka 17 byemejwe ko izabera mu Rwanda #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
Ku wa Gatandatu tariki 10/10/2020, i Arusha muri Tanzania hateraniye inama ya Komite Nyobozi ya CECAFA, aho mu by’ingenzi byizweho hari amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika y’abatarengeje imyaka 17 na 20.

Byemejwe ko imikino yo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 17 isigaye ikinirwa mu ma zones, izabera mu Rwanda kuva Tariki 13 kugeza 28 Ukuboza 2020. igahuza ibihugu bisanzwe bibarizwa mu karere ka CECAFA.
Kugeza ubu ibihugu 10 byamaze kwemera kwitabira iri rushanwa ari byo u Rwanda, Burundi, Tanzania, Uganda, Sudan y’Amajyepfo, Sudan, Eritrea, Djibouti, Ethiopia na Kenya, bikazagabanywa mu matsinda abiri y’amakipe atanu atanu.
Muri iyi nama hemejwe kandi ko amarushanwa nk’aya ariko y’abatarengeje imyaka 20 izabera muri Tanzania Kuva tariki 22 Ugushyingo kugeza 6 Ukuboza 2020 izahurirwamo n’ibihugu birimo Somalia, Burundi, Tanzania, Uganda, Sudani y’Amajyepfo, Sudani, Eritrea, Djibouti, Ethiopia ndetse na Kenya.

-
Rwanda Revenue Authority Impounds Foreign Plated Cars #rwanda #RwOT
Rwanda Revenue Authority has seized 34 right hand driven vehicles owned by Rwandans living in Rwanda, with foreign plate numbers.
The tax body said on Friday in a statement that vehicles owned by Rwandans living in Rwanda must be registered in Rwanda with a local plate number.
It said most culprits were Rwandans living in border districts neighbouring the Democratic Republic of Congo, owning right hand driven cars with Congolese number plates.
According to the Investigation conducted by the tax body, it was discovered that there were imported vehicles that were destined for Congo but never left the Rwandan territory.
'These cars imported from Asia had been given a transit regime from Rusumo boarder to Congo, but their importers noticed that it would be difficult for them to re-enter in Rwanda with Congolese identifications due to boarder closing under COVID-19, as reported by one who was arrested by Rwanda Revenue Authority and have been involved in this business,' the statement reads in part.
Faced with this challenge, the owners of these imported cars decided then to leave uncustomed and restricted vehicles in Rwanda, and get entry cards and plate numbers from Congo whereas vehicles have never entered Congo which is against customs regulation.
'We have engaged Congo customs and institutions to put in necessary efforts and undergo further investigations to stop this malpractice, which has bad consequences on both countries,' RRA said.
According to the tax body, since these vehicles are strictly restricted in Rwanda, those seized could be returned to Congo if they meet requirements or be destroyed, says the Authority.
Meanwhile, based on their customs value, imported cars are liable for Customs duties (25%), Value Added Tax (18%), Consumption taxes (5%, 10% or 15%) depending on the engine power, Infrastructure Development Levy (1.5%), African Union Levy (0.2%), withholding tax (5%) and registration fees that varies from Rwf 250.000 to Frw 350.000.
Â
Source : https://taarifa.rw/2020/10/16/rwanda-revenue-authority-impounds-foreign-plated-cars/
-
Gisagara: Umugabo yahawe inoti ya Frw 2000 ajye gutabara ingurube yaguye mu musarani agiyemo ahasiga ubuzima #rwanda #RwOT
Mu kagari ka Bweya mu murenge wa Ndora mu karere ka Gisagara, umugabo yahawe inoti ya Frw 2000 ngo ajye gukura ingurube y'umuturanyi we mu musarani agiyemo ahasiga ubuzima.
Nkuko amakuru y'Umuseke abitangaza, nyiri ingurube yahaye uyu mugabo mafaranga ibihumbi bibiri amusaba kumutabarira ingurube yari yaguye mu musarani, mu kugerageza birangira ahasize ubuzima.
Iki kinyamakuru kivuga ko boherejemo undi mugabo ngo amutabare, ariko akinjiramo yatangiye kubura umwuka bamuvanamo agihumeka.
Akarere ka Gisagara n'aka Nyamagabe turi mu turere twa mbere dufite abaturage boroye ingurube.
Si ubwa mbere mu Rwanda humvikanye inkuru y'umuntu utakarije ubuzima bwe mu musarani agiye gukuramo ikintu, kuko muri Werurwe umwaka ushize, umugabo witwa Uwitwa Mpozembizi JMV wo mu Karere ka Ngoma, mu Murenge wa Remera, yaguye mu bwiherero ubwo yari agiye kuzanamo telephone ngo yishyurwe ibihumbi bine.
Uyu nyakwigendera Mpozembizi yamanukiye mu gice cy'ijerekani iziritseho imigozi, bagenzi be basigaye hejuru bayifashe kugira ngo baze kumuzamura nayibona ariko akigeramo ngo yaratatse, bakuruye hazamuka ijerekani gusa.
Akarere kamaze iminsi gashakisha umurambo w'uyu mugabo, cyane ko yaguye mu musarani muremure cyane aho byasabye kwitabaza abacukura ubwo bwiherero bwari bufite metero zisaga 20.
Nyakwigendera Mpozembizi JMV wari ufite imyaka 41, yasize umugore n'abana batanu.