Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ukwiheba-kuri-kitty-kurth-uvugira-rusesabagina-foundation
Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ukwiheba-kuri-kitty-kurth-uvugira-rusesabagina-foundation
Umuturage wari uvanye urumogi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yateye umupolisi umucanga mu maso ashaka gutoroka undi nawe amurasa ukuguru agwa hasi aramufata. Ibi byabaye ku Cyumweru Tariki 18 Ukwakira 2020 ahagana saa munani z'amanya (14h20), kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana.
Uyu mugabo yafatanywe urumogi boules 400 aruvanye muri DRC, mu gihe ngo bari bategereje imodoka ngo imujyane mu kato yashatse gutoroka acunga Umupolisi umurinze ayora umucanga hasi awumumisha mu maso arahuma.
Uriya Mupolisi yaje kubona uriya mugabo yiruka ahita amurasa akaguru k'ibumoso agwa hasi aramufata.
Yarashwe amaze kugenda m 300 atorotse, nyuma yo kuraswa yajyanywe ku Bitaro bya Gisenyi.
Hari hamaze iminsi havugwa abapolisi barasa abaturage bakoze ibyaha mu cyico igihe bashatse gutoroka ndetse ikibazo cyagejejwe kuri Perezida paul kagame,asubiza ko ntaho bihuriye n'urwego rwa polisi ko ari amakosa y'umuntu ku giti cye, kuko hibazwaga niba ntahandi bajya baraswa bagafatwa aho kubica.
Urumva ko uyu mupolisi yagerage kurasa uwo mugabo ahantu hatuma abasha kumufata aho kumurasa mukico ahamuviramo kwitaba Imana.
Mu kiganiro n’itangazamakuru ejo ku cyumweru, Mutahi Kagwe yavuze ko abakiliya bajya mu tubari babyina imbyino izwi nka 'Jerusalema Dance Challenge’ ariko bakirengagiza ibwiriza ryo gusiga intera hagati yabo.
Agira ati: 'Nabwiwe ko hari imbyino nshya igezweho cyane mu tubariâ¦ngo iyo Jerusalema igiyemo, amabwiriza yo kwirinda yose ahita ashyirwa ku ruhande. Ndabinginze, nimubyine Jerusalema ariko mwibuke gusiga intera hagati yanyu.'
'Jerusalema Dance Challenge’ ni imbyino yamenyekanye cyane kuva iyi ndirimbo yasohoka; by’umwihariko muri iki gihe isi yose ikomeje guhangana n’icyorezo cya coronavirus.
Minisitiri Kagwe aravuga ibi mu gihe ejo ku wa kabiri Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya na bo bazashyira ahagaragara amashusho yabo na bo barimo kubyina iyi ndirimbo.
Mu mpera z’icyumweru gishize, aho muri Kenya habonetse abarwayi bashya 685 (ku wa gatandatu) na 616 (ku cyumweru). Ni mu gihe utubari, amashuri ndetse n’insengero byamaze gufungurwa.
'Jerusalema’ ni indirimbo y’abahanzi bo mu gihugu cya Afurika y’Epfo, Master KG na Nomcebo. Ikaba ikunzwe cyane ku rwego mpuzamahanga, aho yageze ku rutonde rw’indirimbo zikunzwe cyane mu bihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Busuwisi, u Butaliyani, Espagne, u Bufaransa, Canada n’ibindi.
Iyi ndirimbo ikaba imeze kurebwa inshuro zigera kuri miliyoni 190 ku rubuga rwa YouTube.
It was two weeks ago when I received the diagnosis that so many Americans across our country and the world had already received—I tested positive for COVID-19. To make matters worse, my husband, and our nation’s Commander-in-Chief, received the same news.
Naturally my mind went immediately to our son. To our great relief he tested negative, but again, as so many parents have thought over the past several months, I couldn’t help but think “what about tomorrow or the next day?” My fear came true when he was tested again and it came up positive. Luckily he is a strong teenager and exhibited no symptoms. In one way I was glad the three of us went through this at the same time so we could take care of one another and spend time together. He has since tested negative.
I was very fortunate as my diagnosis came with minimal symptoms, though they hit me all at once and it seemed to be a roller coaster of symptoms in the days after. I experienced body aches, a cough and headaches, and felt extremely tired most of the time. I chose to go a more natural route in terms of medicine, opting more for vitamins and healthy food. We had wonderful caretakers around us and we will be forever grateful for the medical care and professional discretion we received from Dr. Conley and his team. It was an unfamiliar feeling for me to be the patient instead of a person trying to encourage our nation to stay healthy and safe. It was me being taken care of now, and getting first-hand experience with all that COVID-19 can do. As the patient, and the person benefitting from so much medical support, I found myself even more grateful and in awe of caretakers and first responders everywhere. To the medical staff and the residence staff who have been taking care of our family—thank you doesn’t say enough.
Recovering from an illness gives you a lot of time to reflect. When my husband was taken to Walter Reed as a precaution, I spent much of my time reflecting on my family. I also thought about the hundreds of thousands of people across our country who have been impacted by this illness that infects people with no discrimination. We are in unprecedented times—and with the election fast approaching, it has been easy to get caught up in so much negative energy.
It also cheered me to think of all the people I have met across our country and the world—and the goodness and compassion that exists if you seek it out. Our country has overcome many hardships and much adversity, and it is my hope COVID-19 will be another obstacle we will be able to tell future generations we overcame—and learned from in the process.
I encourage everyone to continue to live the healthiest life they can. A balanced diet, fresh air, and vitamins really are vital to keep our bodies healthy. For your complete well-being, compassion and humility are just as important in keeping our minds strong. For me personally, the most impactful part of my recovery was the opportunity to reflect on many things—family, friendships, my work, and staying true to who you are.
I am happy to report that I have tested negative and hope to resume my duties as soon as I can. Along with this good news, I want people to know that I understand just how fortunate my family is to have received the kind of care that we did. If you are sick, or if you have a loved one who is sick—I am thinking of you and will be thinking of you every day. I pray for our country and I pray for everyone who is grappling with COVID-19 and any other illnesses or challenges.
Thank you to everyone who reached out, and offered well wishes and prayers for our family. You remain in ours as well.
Sincerely,
Melania Trump
Amakuru aturuka mu gihugu cy’Uburundi avuga ko kasho zo mu ntara ya Rumonge zuzuyemo imfungwa zirenze ubushobozi bwabo zigomba kwakira ndetse ko benshi mu bafunzwe bazira ibibazo bya politiki, akaba ari abo mw’ishyaka rya CNL riyobowe na Agatho Rwasa risanzwe ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa CNDD-FDD.
Benshi mu bafunzwe ngo bafatiwe muri Komine ya Bugarama, Burambi,Buyengero na Muhuta maze boherezwa gufungura muri Kasho nkuru y’intara ya Rumonge .
Benshi Mu bafunzwe bakaba ari abayoboke b’ishyaka CNL rya Agatho Rwasa ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Evariste Ndayishimiye.
Imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu mu gihugu cy’uBurundi ivuga ko igikomeje gutera amakenga ari umubare w’abafunzwe uruta kure ubushobozi bwa kasho ya Rumonge k’uburyo batabasha kwicara ndetse aho bafungiwe hakaba nta n’amashanyarazi n’ubwiherero buhari.
Benshi mu bafunzwe ngo bamaze hagati y’ukwezi n’amezi abiri batarabasha kubona ubutabera ibintu bavuga ko bihabanye n’amategeko ahana ibyaha mu gihugu cy’uburundi ubusanzwe amategeko ateganya ko nta mfungwa igomba kurenza ibyumweru bibiri ataragezwa imbere y’ubushinjacyaha.
Umwe mu bakozi bakorera Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu mu gihugu cy’uBurundi utarashatse kuvuga amazina ye ku mpamvu z’umutekano we mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune.com yagize ati: ni ugufunga abantu bitubahirije amategeko, kuko bamaze igihe bataragezwa imbere y’ubutabera nk’uko biteganyijwe n’amategeko.
Ikigaragara n’uko ntacyaha bashinjwa usibye impamvu zifite aho zihuriye na Politiki.ikindi cyiyongeraho nta mazi, amashyanyarazi izi mfungwa zibasha kubona ndetse nta n’ubwiherero zifite ibintu bitubahirije amahame agenga uburenganzira bw’ikiremwa muntu.
Abagize Imiryango y’abafuzwe bavugako ntabirego bifatika baregwa usibye kubaziza ko bari mw’ishyaka CNL rya Agatho Rwasa utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa CNDD- FDD, bakaba basaba leta y’uBurundi gukora iyo bwabaga abafunzwe bagashikirizwa ubutabera niba nta kindi kibyihishe inyuma,twashatse kuvugisha Umuvugizi wa Minisiteri w’umutekano Pierre Nkurikiye telephone ngendanwa ye ntiyadukundira kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru.
Source : https://www.imirasire.rw/?Burundi-Abafungiwe-muri-kasho-zo-mu-Ntara-ya-Rumonge-baratakamba
Uyu mugabo w’imyaka 50 yabivugiye kuri Televiziyo ye izwi nka Revolt TV, aho yatangaje ko amatora ya 2020 ari ugupfa cyangwa gukira. Iri shyaka yaryise 'Our Black Party’.
Yatangaje ko ari ishyaka rizibanda ku byo abanyamerika b’abirabura bakeneye. Avuga ko mu matora y’uyu mwaka ateganyijwe ku wa 3 Ugushyingo, Perezida Donald Trump yongeye agatorwa byaba ari ibibazo.
Ati 'Mu gihe Trump yaba atowe, ndabyizera mu mutima wanjye ko haba hagiye kuba intambara ishingiye ku moko. Abazungu nka Trump bakwiriye kwirukanwa mu gihugu.'
Avuga ku bijyanye no kwinjira muri Politiki kwe, ari kimwe mu bintu bikomeye nawe yumva yakoze kuva yatangira kumenyekana. Yemeza yahisemo gutangiza ishyaka kubera urukundo afitiye abirabura.
P Diddy yatangaje ko iri shyaka rye icyo rishyize imbere ari ukugabanya ubukene, guhangana n’ivangura, gutanga uburezi bukwiriye kandi buri wese yakwigondera n’ibindi byinshi ariko byose bishingiye ku gufasha abirabura. 
Byabaye ku Cyumweru ahagana saa munani z’amanya (14h20), kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana.
Uriya mugabo yafatanywe urumogi boules 400 aruvanye muri DR.Congo, mu gihe ngo bari bategereje imodoka ngo imujyane mu kato yashatse gutoroka acunga Umupolisi umurinze ayora umucanga hasi awumumisha mu maso arahuma.
Uriya Mupolisi yaje kubona uriya mugabo yiruka ahita amurasa akaguru k’ibumoso agwa hasi aramufata.
Yarashwe amaze kugenda m 300 atorotse, nyuma yo kuraswa yajyanywe ku Bitaro bya Gisenyi.
Perezida Paul Kagame yasezeranyije impinduka ku myitwarire y’Abapolisi irimo no kurasa abaturage.
Ku Cyumweru taliki 06 Nzeri, 2020 umuturage yabajije Perezida Kagame icyo avuga kuri iyo myitwarire ya bamwe mu bapolisi b’u Rwanda, asubiza ko koko hari abo yumviseho ko bakoze ibyo ariko ko bitakwitirirwa bose cyangwa ngo bibe bishyigikiwe n’ubuyobozi bwa Polisi.
Aganira na RBA kuri iriya tariki yagize ati: “Nategetse ubuyobozi bwa Polisi ko abapolisi bose byagaragaye ko bagize uruhare muri ibyo bikorwa bihutaza abaturage kubibazwa kandi bikabera ku mu mugaragaro aho abaturage bazabibona, bakabona ko muri Polisi nta muco wo kudahana uhaba.”
Perezida Kagame yabwiye uriya muturage n’abandi bose bari bamuteze amatwi ko we ubwe azigenzurira niba ibyo yasabye kubahirikizwa mu guhana abapolisi bahemukira abaturage bikorwa.
Ababibonye bavuga ko abateye bafunze umuhanda werekeza kuri iyo gereza bakabuza abandi bose bakoresha uyu muhanda kuwunyuramo.
Binjiriye ku marembo ya gereza barusha imbaraga abarinzi bayo, bituma imfungwa zisohoka.
Ibi bibaye mu gihe hakomeje imyigaragambyo ya #EndSARS yo kwamagana urugomo rw’itsinda rya polisi ryari rishinzwe kurwanya abajura muri Nigeria.
Polisi muri Nigeria ivuga ko abantu bikinga muri iyo myigaragambyo ya #EndSARS bari gukora ibitero kuri station za polisi muri uwo mujyi.
Polisi ivuga ko abigaragambya bakuye imbunda n’amasasu mu bubiko bw’intwaro, bakanafungura abari bafungiye kuri polisi mbere yo gutwika aho bateye.
Ubutegetsi bwa leta ya Edo ubu bwatangaje amasaha 24 y’umukwabu udasanzwe muri uwo mujyi nyuma y’ibyo bitero no gutoroka kw’imfungwa muri gereza y’umujyi. 
Ibrahim Omer ubu ni umudepite kuko uri ku mwanya wa 42 ku rutonde rw’iri shyaka.
Iri shyaka rya minisitiri w’intebe Madamu Jacinda Ardern, mu matora yabaye kuwa gatandatu ryatsindiye imyaka 64 ituma na Bwana Ibrahim yinjira mu nteko nka depite.
Mu kwiyamamaza, Ibrahim yavugaga ko ashaka “kurwanira abantu bari mu byo yanyuzemo ngo babone amahirwe y’ubuzima bwiza”.
Yahuze Eritrea mu 2003 ajya mu nkambi mu gihugu cya Sudan.
Nyuma yimuriwe muri Nouvelle-Zélande aho yakoze nk’umukozi w’isuku muri kaminuza ya Victoria.
Yaje kwiga muri iyo kaminuza anahakora nk’ureberera bagenzi be bakora isuku, aba ari naho yinjirira muri politiki.
Ibrahim avuga ko itsinzi ye ari “iy’abakozi bahembwa macye” n’”abahoze ari impunzi”. 