
Category: Uncategorized
-
Abaturage batangiye gukirigita ifaranga kubera umushinga wo gusubiranya Amayaga #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
-
- Nshimiyimana avuga ko ako kazi kamutungiye umuryango
Abo baturage bakora imirimo inyuranye mu bikorwa byo gutegura ingemwe z’ibiti bizaterwa, gukora amaterasi, gutera urubingo ku mirwanyasuri n’ibindi, bakemeza ko byabakuye mu bushomeri bityo ko bizabafasha kwiteza imbere.
Bamwe muri abo baturage baganiriye na Kigali Today ibasanze mu kazi, bemeza ko batangiye kubona amafaranga ndetse no kwizigamira, nk’uko Ntirenganya Theoneste wo mu Karere ka Rutsiro ucukura imirwanyasuri abivuga.
Ati “Ndashimira cyane uwatekereje kuzana abantu bo mu zindi ntara, ubu ndimo gukorera amafaranga meza, nari maze iminsi ndi umushomeri. Hano ncukura utudumburi nk’umunani ku munsi, kamwe ni amafaranga 300, urumva ko ari 2,400 bakaduhemba buri cyumweru, ayo mafaranga ni menshi mu gihe iwacu umuntu yahingiraga 500 ku munsi”.
-
- Umushinga w’Amayaga uzaha akazi abaturage bagera ku bihumbi 150
Ati “Iyo bampembye mpita nizigamira 5,000 kugira ngo nzagire icyo nigezaho, cyane ko ndi umusore ngomba gushaka umugore kandi nkanubaka inzu, nizera ko nzabigeraho kuko uyu mushinga ngo uzamara imyaka itandatu”.
Nzayisenga na we wo mu Karere ka Nyanza, ati “Hano amafaranga araboneka kuko nshobora gukorera 1,500 cyangwa 1,800 ku munsi bitewe n’utudumburi nacukuye, nshobora no kuzayarenza mu gihe ubusanzwe nakoreraga 1,000 mu kiyede. Ubu buri cyumweru nizigamira 4,000 kandi ndabona bimfitiye akamaro kanini”.
Icyo abo bakozi bita akadumburi, ni umurwanyasuri bacukura ku musozi ufite metero enye z’uburebure, santimetero 50 z’ubugari na santimetero 60 z’ubujyakuzimu, umuntu agacukura utwo abashije ku munsi, kamwe akagahemberwa amafaranga 300.
Nshimiyimana Amoni wo mu Karere ka Nyamasheke ukora mu ruhombekero rw’ibiti, avuga ko umushahara bamuhemba umutungiye umuryango.
-
- Buri kadumburi umukozi acukuye abarirwa amafaranga 300
Ati “Nturuka mu Karere ka Nyamasheke, ariko aka kazi ntacyo nakanganya kuko kantungiye umugore n’umwana. Hano buri kenzeni (iminsi 15) mpembwa ibihumbi 30,000 nkabona ayo nifashisha, ayo nohereza mu rugo nkanizigamira, intego yanjye ni ukuziyubakira inzu kuko numva ari yo nkeneye cyane kuko iwacu nari narabuze akazi kamfasha kuyubaka”.
Uwo mushinga uterwa inkunga n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP), n’Ikigo mpuzamahanga cy’Ibidukikije (GEF), ufite ingengo y’imari ya miliyari 31 na miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda, bikaba biteganyijwe ko uzaha akazi abaturage bagera ku bihumbi 150 mu gihe cy’imyaka itandatu uzamara.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, avuga ko kuba abaturage ari bo bakora imirimo muri uwo mushinga ari ingirakamaro kuko bizatuma biteza imbere bakanarinda ibikorwa byabo.
Ati “Uyu mushinga uzadufasha guhangana n’ibiza byatwagirizaga ibishanga ndetse n’ibikorwa remezo nk’imihanda n’ibindi. Imirimo yawo rero izadufasha kuzamura ubukungu kuko kuva ibikorwa byawo byatangira byose bikorwa n’abaturage bityo amafaranga akaba ari bo bayajyana”.
-
- Kayitesi Alice, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo
Ati “Ni bo batunganya ingemwe ndetse bakazanatera ibiti, kandi byinshi bizaba biri mu mirima yabo bikaduha icyizere cy’uko bazabirinda kuko banabishakaga cyane. Turashimira cyane rero Leta yategereje ku gice cy’Amayaga, tukaba twiteguye kubungabunga no kubyaza umusaruro uwo mushinga nk’uko tubyifuza”.
Uwo mushinga ukorera mu Turere twa Gisagara, Nyanza, Ruhango na Kamonyi, aho hose abaturage bakaba bahabwa imirimo bakiteza imbere.

-
-
Migi yari yagarutse mu kibuga ntibyagenda neza, Yannick afasha ikipe ye kubona amanota 3 #rwanda #RwOT
Ku munsi w’ejo wari umukino wa mbere kuri Mugiraneza Jean Baptiste Migi muri uyu mwaka w’imikino akiniye ikipe ye ya KMC muri Tanzania, ni nyuma yo kugorwa no kubona ibyangombwa byo gukorera muri iki gihugu, umukino we wa mbere yaje kuwutakaza batsindwa na Yanga ya Haruna Niyonzima 2-1.
Mu mpera z’icyumweru gishize amwe mu makipe akinamo abanyarwanda yari yakinnye imikino yayo ya shampiyona, gusa andi ntabwo shampiyona yakinwe dore ko hari n’aho yasojwe.
Rwatubyaye Abdul ntabwo yakinnye kuko shampiyona yo mu cyiciro cya kabiri muri USA yo yamaze kurangira. Mu Buligi aho Bizimana Djihad akina muri Waasland Beveren iyi kipe imaze igihe idakina kubera bamwe mu bakinnyi bayikinira bagaragaweho n’icyorezo cya Coronavirus, ikaba izasubukurwa iyi kipe ikina na Gent tariki ya 1 Ugushyingo.
Muri Armenia aho Nirisarike akina no mu Misiri aho Kevin Muhire akina, amakipe yabo mu mpera z’icyumweru gishize ntabwo yakinnye, ni kimwe no muri Tanzania Simba SC ya Kagere n’ubwo afite imvune ntabwo yakinnye muri weekend ikaza gukina uyu munsi na Ruvu Shooting, ni kimwe na Azam FC ya Ally Niyonzima irakina na Ihefu.
Migi yakinnye umukino we wa mbere muri KMC uyu mwakaKu munsi w’ejo hashize ku Cyumweru, KMC ya Migi yari yakiriye Yanga ya Haruna Niyonzima. Umukino wabereye Mwanza ku kibuga cya CCM Kirumba.
Migi wakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kubona ibyangombwa, yabanje mu kibuga, gusa ntibyagenze neza kuko umukino baje kuwutakaza ku bitego 2-1. Haruna Niyonzima yari ku ntebe y’abasimbura.
Muri iki gihugu, Azam FC ni iya 1 n’amanota 21, Yanga ni iya 2 na 19, Simba ni iya 4 n’amanota 13 mu gihe KMC ya Migi ari iya 6 n’amanota 11.
Ku wa Gatatndatu tarki ya 24 Ukwakira, Mukunzi Yannick yari mu kibuga akina iminota 90 ubwo ikipe yatsindaga Frej ibitebo 3-2. Kugeza ubu mu cyiciro cya 3 muri Sweden, Sandvikens IF ya Yannick iri ku mwanya wa 6 n’amanota 44, ni mu gihe Vasalund ya mbere ifite 60.
Yannick yafashije ikipe ye kubona amanota 3 ku wa Gatandatu -
Ericsson launches Graduate Program in Africa to help innovate the future #rwanda #RwOT
The program aims to grow the technical skills of the graduates, train them in the Ericsson technology, solutions and their delivery and understanding our processes, methods and tools.
In addition, getting exposed to working in a large global matrix driven organization in terms of the ways of working, understanding vision, mission, strategies, corporate culture and values of the company. All this to get geared up to meet the business challenges of the future.
We believe this graduate program helps build local talent for our African markets and helps build into our long-term commitment to develop and grow our business in Africa. This way we access the best talent and provide them careers in a global environment, over a period of time.
Caroline Berns, Head of Talent Acquisition at Ericsson Middle East and Africa says: 'The Fresh Graduate Program in Africa is designed to give graduates’ career an added momentum at just the right time â” maximizing the skills they have gained in the course of their degree, adding more to their repertoire and equipping them to make a positive impact on the continent. Aiming to attract and guide the most talented, innovative and creative technology minds, the programs offers graduates an opportunity to engage with the most exciting technology on the planet and the challenges it brings.'
The Graduate Program helps Ericsson to move the needle on gender equality within the field of technology; half of the graduates hired are women. This is in alignment with Ericsson Educate and local Connect to Learn projects which empower women in STEM (Science, Technology, Engineering and Math) fields and leverage connectivity to increase access to education for children, especially girls.
Our young graduates with curious and innovative minds, work alongside the brightest minds in the industry and work on projects that are changing the world of communication and thus become the future of the telecoms industry in Africa.
Due to the sudden and unprecedented disruption of the COVID-19 pandemic, the Graduate Program will run virtually for the time being, and will focus on graduates in Kenya, Nigeria, Sudan and Angola. Applications are now closed for this phase but the program is expected to roll out in more countries in the continent during a second phase. Interested candidates can sign up for the job alert on
Ericsson.com/careers to be informed immediately when new programs are being opened.
IGIHE
-
Archbishop Kambanda becomes Rwanda’s first Cardinal #rwanda #RwOT
In a surprise announcement, Pope Francis elevated the 13 Archbishops from different parts of the world, including Archbishop Kambanda who is the first Rwandan Roman Catholic Church clergyman to attain such heights.
In his first interview upon being announced, the Archbishop of Kigali said on Rwanda Television that he was not aware of the development and it had not crossed his mind that he would be designated a Cardinal by Pope Francis.
'We thank God for his mercies, for it is He who decides everything. It is something I never thought of, but by the power of God, it has happened. I also thank His Holiness Pope Francis for showing trust in me and surprising me because I had no idea this was going to happen. People started telling me about it and I couldn’t believe it until I got the confirmation,' Archbishop Kambanda said.
'So, I’m thankful to God for this and I commit myself to continue serving him. This is something I love with all my heart and I have dedicated my life to serving him. This means a lot. The trust that has been put in me means that I will continue to serve the church wholeheartedly,' he said.
Archbishop Kambanda said that his elevation to Cardinal is a result of a number of factors, including the relationship between the church and country, the role of the church in Rwanda and his contribution in spreading the gospel and ensuring that the church promotes harmony and co-existence.
Archbishop Kambanda is the first Rwandan Cardinal in Rwanda and will only be the 2nd Cardinal in Service, together with the one of Kinshasa. Elsewhere, the Cardinals in Nairobi and Dar es Salaam have all retired after completing their mandate.
'It is a great honour not only for me but for the entire church in Rwanda and this creates hope for the Church in Rwanda. It comes with a number of privileges as one becomes an advisor of the Pope and is given a place in Diocese of Rome as one of the Pope’s Councilors,'
Archbishop Kambanda, who is turning 62 this November, was named Archbishop of Roman Catholic Archdiocese of Kigali on 11 November 2018.He will officially be assigned the rank of cardinal by Pope Francis at a consistory scheduled for 28 November 2020.
Born on 10 November 1958 in Rwanda, Bishop Kambanda’s family fled from the ethnic violence that gripped Rwanda at the time where they moved briefly to Burundi and then to Uganda, where he attended elementary, and then to Kenya, where he attended high school.
He later returned to Rwanda, where he attended the junior Seminary in Rutongo, Kigali, from 1983 to 1984 and joined the Saint Charles Borromeo Major Seminary of Nyakibanda in Butare, in the current Huye District, from 1984 to 1990).
On September 8, 1990, he was ordained a priest in Kabgayi by Pope John Paul II. After that he was Prefect of Studies from 1990 to 1993 in the minor seminary of St. Vincent in Ndera, Kigali.
He then attended the Alphonsian Academy in Rome from 1993 to 1999, where he obtained a doctorate in moral theology. His parents and five of his six siblings, along with many other relatives and friends, were killed in 1994 Genocide against the Tutsi.
Kambanda was appointed Director of the diocesan office of Caritas in Kigali in 1999. He then became director of the Development Committee of the Diocese of Kigali, head of the 'Justice and Peace' Commission of the diocese, and professor of moral theology and visitor at the Nyakibanda Major Seminary.In September 2005 Cardinal Crescenzio Sepe appointed him rector of the inter-diocesan major philosophy seminary in Kabgayi. On 10 February 2006 Kambanda was appointed rector of the Saint Charles Borromeo Major Seminary of Nyakibanda.
He replaced Monseigneur Smaragde Mbonyintege, who had been named a bishop.
On 7 May 2013, Pope Francis named Kambanda Bishop of Kibungo, succeeding Kizito Bahujimihigo, who resigned in January 2010. The Episcopal Conference of Rwanda elected him to attend the Synod of Bishops in 2015. On 19 November 2018, Pope Francis named him Archbishop of Kigali.
Other Archbishops elevated to the rank of Cardinal include Washington D.C.
Archbishop Wilton Gregory, who will become the first Black U.S. prelate to earn the coveted red hat; an Italian who is the long-time papal preacher at the Vatican, the Rev. Raniero Cantalamessa, a Franciscan friar; the Capiz, Philippines, Archbishop Jose Feurte Advincula, the Santiago, Chile, Archbishop Celestino Aos and Franciscan Friar Mauro Gambetti, in charge of the Sacred Convent in Assisi.
Nicole Kamanzi M.
Source : https://en.igihe.com/news/article/archbishop-kambanda-becomes-rwanda-s-first-cardinal
-
Ubukwe budasanzwe bwa Eugene ufite uburwayi bw’amayobera bwahuruje imbaga – AMASHUSHO #rwanda #RwOT
Munyentwari Eugene niwe ufite uburwayi bukabije ugereranyije na murumuna we Karekezi Bernard. Bombi ntabwo babashije kubona ubuvuzi kandi byabateye ubukene bukabije kuko n’imyuga bize batayiboneye akazi kuko aho batuye bagiye babanena bakanabitaza cyane.
N’ubwo Eugene yakuze azi ko atazabona umufasha, yaje kumenyana na Mukandayisenga Claudine wamubereye inshuti nziza bakajya bahuzwa n’amasengesho, ubucuti bwabo buza kuvamo urukundo rutangaje kuko uyu mukunzi we yagiye abuzwa kenshi n’abantu batandukanye barimo n’abayobozi b’inzego z’ibanze batifuzaga ko yashakana na Munyentwari, bavuga ko batifuza kubona uwo muntu urwaye ibyo bita ibibembe.

Ubu Eugene afite umugore umukunda, gusobanura urwo amukunda biramurenga akarira
Kuwa Gatatu tariki 23 Nzeri 2020, intego y’urukundo rwabo bayigezeho kuko barahiye imbere y’amategeko mu murenge wa Gatore, basezerana kwibanira ubudatana. Munyentwari yageze aho asobanura iby’ubuzima bwe n’urukundo akundwa na Claudine wamwakiriye uko ari, kwihangana biranga amarira arashoka, bizamura amarangamutima y’ikiniga ku batashye ubu bukwe.
REBA VIDEO UKO BYAGENZE ICYO GIHE HANO :
Nyuma y’uko abantu batandukanye bakozwe ku mutima n’ubuzima aba bantu babayemo, binyuze ku buyobozi bw’ikinyamakuru Ukwezi hashyizweho ihuriro rya Whatsapp (Group) abantu batandukanye bo hirya no hino bakusanya amafaranga Bernard na Eugene batangira kuvuzwa, banashyigikira Eugene na Claudine mu bukwe bwabo bwo gusaba no gukwa ndetse no gusezerana imbere y’Imana, ubukwe bukaba bwabaye kuri iki Cyumweru.
Ni ubukwe bwahuruje benshi, abantu bagaragaza kwishimira bidasanzwe uburyo Eugene na Claudine birangiye bibaniye nyuma y’ibihe bikomeye banyuzemo bishingiye ku kuba abantu benshi bararwanyije urukundo rwabo aho Claudine yabuzwaga gukundana n’umusore ufite uburwayi bitaga ibibembe.
REBA VIDEO Y’UBU BUKWE HANO :
















REBA VIDEO Y’UBU BUKWE HANO :
-
Nyuma yo kubona umuntu umwe gusa wanduye Covid_ 19 umujyi wose wahise ujya mu kato #rwanda #RwOT
Mu Bushinwa mu ntara ya Xinjiang nanone buri gupima icyorezo cya Covid_19 abantu bose batuye umujyi wa Kashgar nyuma y'uko iyi ndwara yongeye kuhagaragara.
Abantu basaga miliyoni 4.7 batuye umujyi wa Kashgar bari gusuzumwa, ubu hamaze kubona abagera ku 138 bayanduye badafite ibimenyetso.
Ubushinwa ni igihugu cyabashije guhangana n'iki cyorezo, kandi gikomeje gukoresha imbaraga nyinshi mu kugihashya aho kibonetse ari gitoya.
Amashuri mu mujyi wa Kashgar â” utuwe cyane na ba nyamucye bo mu idini ya Islam bitwa Uighur â” yafunzwe.
Abaturage baho nabo ntibemerewe kuva muri uyu mujyi kereka abafite icyangombwa ko batanduye.
Umuntu umwe watumye batangira gupima umujyi wose, ni umugore udafite ibimenyetso ukora mu ruganda ruri mu nkengero z'umujyi.
Uwo mugore, ibinyamakuru bya leta byavuze ko bamusanzemo iyi virusi mu 'gupima bisanzwe', niwe muntu wa mbere bari babonyemo iyi ndwara mu Bushinwa mu munsi 10 yari ishize.
Gupima umujyi wose byahise bitangira kuwa gatandatu, abandi bantu 138 banduye bamaze kuboneka.
Kugeza ku cyumweru nimugoroba abarenga miliyoni 2.8 bari bamaze gupimwa mu mujyi wa Kashgar, abategetsi baho bavuga abasigaye nabo bazapimwa mu minsi ibiri.
-
Rwanda : Tout faire pour un habitat décent pour tous, les DASSO en font un objectif #rwanda #RwOT
Ce samedi, 24 octobre, ces agents d’appui en matière de sécurité aux secteurs et districts du pays ont entrepris de rénover une habitation croulante d’un habitant de Gitambi dans le District Rusizi. Le jour suivant, hier, dimanche 25 octobre, ces agents avaient l’objectif d’offrir une vache laitière à un habitant de Gicumbi en Province du Nord. Bien avant cette bonne action, ils ont constaté qu’il n’avait pas de logement décent. Ils viennent de le reconstruire de le lui donner en même temps qu’ils lui ont offert la vache laitière.
Cette politique d’assistance sociale a un sens profond. On a vu ces agents de l’Etat participer à une activité de travaux communautaires au profit d’un citoyen.
” Nous allons continuer ces activités dans d’autres Secteurs administratifs du District Rusizi. Nous trouvons qu’en tant qu’organe d’appui au District en matière de sécurité, nous devons être aux côtés des citoyens et leur venir en aide dans leurs besoins primaires dont le logement décent “, a confié au Umuseke, M. Alexis Karangwa, le coordonnateur de District Rusizi des DASSO qui trouve que cet acte que les DASSO posent est une sorte d’obligation envers ces citoyens qui sont des co gestionnaires de la sécurité dont ils ont la charge.
Les DASSO pensent aussi a une alimentation equilibree de cette famille en lui faisant un petit potagerC’est ici qu’a un sens le concept UMUGANDA, mal traduit en français comme Travaux Communautaires alors que ça devait signifier enâ¦Contribution des voisins pour un habitant ayant une aile de sa maison emportée par le vent ou les pluies torrentielles ou pour un habitant qui a eu une mauvaise récolte.
Au cours des Umuganda mensuels, nous exécutons de telles actions dans les MIDUGUDU (Villages regroupés) mais aussi dans les AMASIBO (petits quartiers). Nous réparons les murs des maisons des personnes n’ayant pas de moyens de le faire elles-mêmes “, a renchéri Jean Pierre Iyakaremye, Secrétaire Exécutif de Gitambi. La maison réparée pour ce samedi 24 octobre est un logement d’une mère Fabienne Mukankurunziza du Village Kabonabose de la Cellule Hangabashi qui héberge 12 membres de sa famille.
Une maison decente construite genereusement pour Jean Berchmans Hakizimana par les DASSO de GicumbiA Gicumbi en Province du Nord, c’est autre chose. Un certain Jean Berchmans Hakizimana a le privilège de se voir élu pour recevoir une vache laitière qui, dès qu’elle aura mis bas, il a obligation de céder le veau à son voisin, le comité des DASSO chargé de cette tâche trouve qu’outre le fait qu’il a besoin de cette vache, elle n’a pas de logement décent. La remise de la vache est reportée à plus tard pour qu’on commence à lui construire une habitation décente. Ce dimanche 25 octobre, elle entre dans une maison ayant valeur de 8 millions de francs (env. 8.000$) avec une génisse dans son étable et un petit potager. Le tout construit par les DASSO avec les voisins de l’indigent.
L’ etable construite pour lui. Il promet le decollage economique a partir de cette Bonne Action lui faiteLes DASSO de Gicumbi trouvent qu’ils perpétueront cette culture traditionnelle d’entraide mutuelle- UMUGANDA- dans tous les secteurs de ce district.
Jean Berchmans et sa famille habitaient une maison croulanteIGIHE
Source : https://fr.igihe.com/Rwanda-Tout-faire-pour-un-habitat-decent-pour-tous-les-DASSO-en-font-un.html
-
China: Umuntu umwe wasanzwemo covid-19 yatumye umujyi wose upimwa corona virus #rwanda #RwOT
Ubushinwa nanone buri gupima coronavirus abantu bose batuye umujyi nyuma y'uko iyi ndwara yongeye kuvugwa mu ntara ya Xinjiang.
Abantu basaga miliyoni 4.7 batuye umujyi wa Kashgar bari gusuzumwa, ubu hamaze kubona abagera ku 138 bayanduye badafite ibimenyetso.
Ubushinwa ni igihugu cyabashije guhangana n'iki cyorezo, kandi gikomeje gukoresha imbaraga nyinshi mu kugihashya aho kibonetse ari gitoya.
Amashuri mu mujyi wa Kashgar â” utuwe cyane na ba nyamucye bo mu idini ya Islam bitwa Uighur â” yafunzwe.
Abaturage baho nabo ntibemerewe kuva muri uyu mujyi, kereka abafite icyangombwa ko batanduye.
Umuntu umwe watumye batangira gupima umujyi wose, ni umugore udafite ibimenyetso ukora mu ruganda ruri mu nkengero z'umujyi.
Uwo mugore, ibinyamakuru bya leta byavuze ko bamusanzemo iyi virusi mu 'gupima bisanzwe', niwe muntu wa mbere bari babonyemo iyi ndwara mu Bushinwa mu munsi 10 yari ishize.
Gupima umujyi wose byahise bitangira kuwa gatandatu, abandi bantu 138 banduye bamaze kuboneka.
Kugeza ku cyumweru nimugoroba abarenga miliyoni 2.8 bari bamaze gupimwa mu mujyi wa Kashgar, abategetsi baho bavuga abasigaye nabo bazapimwa mu minsi ibiri.
Kashgar ni umujyi wo mu ntara Xinjiang mu burengerazuba bw'Ubushinwa, utuwe cyane n'abo mu bwoko bw'aba Uighur b'abasilamu.
Iyi ntara irimo inkambi zifungirwamo abantu leta yita intagondwa. Gusa impirimbanyi z'uburenganzira zibibona nk'uburyo bwo guhonyora umuco, ururimi n'inkomoko ya ba nyamucye batuye aho.
Mu gice kinini cy'Ubushinwa ubuzima busanzwe bwarasubukuye, gusa leta ikoresha gupima abantu benshi bashoboka ahabonetse bacye banduye.
Mu ntangiriro z'uku kwezi, umujyi wose wa Qingdao abawutuye bagera kuri miliyoni icyenda bapimwe Covid-19 mu minsi micyeya.
Mu kwezi kwa gatanu, Ubushinwa bwapimye Covid-19 abaturage miliyoni 11 bose batuye umujyi wa Wuhan aho iyi ndwara yabonetse bwa mbere.
The post China: Umuntu umwe wasanzwemo covid-19 yatumye umujyi wose upimwa corona virus appeared first on Kigalinews24.
-
Shaddyboo yakiriye abana 35 iwe mu rugo barasangira(AMAFOTO) #rwanda #RwOT
Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga, yakiriye abana 35 iwe mu rugo barasangira.
Ni igikorwa cyabaye ku munsi w’ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020 bibera iwe aho atuye Nyarutarama.
Ni igikorwa asanzwe akora buri mwaka aho asangira n’abatishoboye, abababaye agasangira nabo mu rwego rwo gushimira Imana ko ibyo yamuhawe na we yafashaje abandi.
Akunda kubikora ku isabukuru ye y’amavuko ndetse n’iminsi mikuru y’idini ya Islam.
Ku munsi w’ejo rero akaba yarasangiye n’abana baba ku muhanda mu mujyi wa Kigali (Biryogo) bagera kuri 35, barasangiye barasabana nyuma yo kurya bacinye n’akadiho.
Shaddyboo yaherukaga gusangira n’aba bana mu 2019 ubwo habaga umunsi mukuru wa Eid Al Fitr.
Muri Mata uyu mwaka, Shaddyboo yasangiye n’abaturanyi be bagizweho ingaruka n’ingamba zo guhashya Coronavirus, hari mu rwego rwo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko.
Yasangiye n’abana bo ku muhanda
Nyuma yo gusangira bacinye akadiho
Na we yabafashije guceza
Iki gikorwa kirangiye, yarabarekuye baragendaSource : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/shaddyboo-yakiriye-abana-35-iwe-mu-rugo-barasangira-amafoto




