Category: Uncategorized

  • Ubuyobozi bwa APR FC bwahagaritse Ishimwe Kevin kubera imyitwarire idahwitse #rwanda #RwOT

    Amakuru aravuga ko Ishimwe Kevin ubwo ikipe ye yari iri mu myitozo atumvikanye n’umutoza Adil Mohamed wamusifuye ko yaraririye (Hors-Jeu). Nyuma y’iki cyemezo, Kevin yabwiye nabi umutoza we wari umaze kumusifura iryo kosa, umutoza ntiyabyakira neza ahitamo kumusabira guhagarikwa.

    Ishimwe Kevin w’imyaka 25, akaba yahise asezererwa mu mwiherero w’ikipe i Shyorongi mu gihe ubuyobozi bw’ikipe bukiganira ku bihano bizamufatirwa.

    Uyu mukinnyi ugaragayeho imyitwarire mibi ku nshuro ya kabiri biravugwa ko ikipe ya APR FC yaba irimo gutegura uburyo yatandukana na we.

    Ishimwe Kevin yaje muri APR FC avuye mu ikipe ya AS Kigali, asinya imyaka ibiri mu ikipe y’ingabo z’igihugu ndetse yerekanwa ku mugaragaro tariki ya 05 Kanama 2019.

    Uretse uyu mukinnyi usezerewe mu mwiherero w’iyi kipe, abandi bakinnyi bose bameze neza, ndetse n’abari bafite ibibazo by’uburwayi bose n’imvune baragutse ubu bari mu myitozo.

    Kugeza ubu ikipe y’ingabo z’igihugu irakomeza imyitozo yo kwitegura kuzasohokera igihugu muri CAF Champions League aho uyu munsi iri bukore imyitozo kabiri, mu gitondo saa tatu no ku gicamunsi saa cyenda.

    Source : https://www.imirasire.rw/?Ubuyobozi-bw-APR-FC-bwahagaritse-Ishimwe-Kevin-kubera-imyitwarire-idahwitse

  • Kigali: Abasaga 1600 barabimburira abandi gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga #rwanda #RwOT

    Hasohotse urutonde rw’abantu 1,537 bazakorera mu Mujyi wa Kigali. Mu Karere ka Gasabo hazakorera abantu 601, mu Karere ka Kicukiro ni abantu 581 naho mu Karere ka Nyarugenge hazakorera abantu 355, aba bose bazaba bakora ikizamini cyo guhabwa uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga.

    Ni mugihe abantu 89 bo bazaba bakora ibizamini byo guhabwa uruhushya rw’agateganyo, bakazakora hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga kuri mudasobwa, bakazakorera ku cyicaro cy’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ku Muhima.

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, avuga ko n’ubwo izo serivisi zasubukuwe hazakomeza kubahirizwa amabwiriza ya Leta yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.

    Yagize ati: “Nubwo twasubukuye gahunda yo gukoresha ibizamini byo kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga twitaye ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Mu gutangira tuzahera ku bantu bari bariyandikishije mbere y’uko iki cyorezo kigera mu Rwanda.”

    Yakomeje avuga ko mu rwego rwo kugabanya ubwinshi bw’abantu hubahirizwa amabwiriza yo gukomeza kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 Polisi y’u Rwanda yasohoye urutonde rw’abantu bazaherwaho ubwo iyo gahunda izaba yasubukuwe.

    Abazakorera impushya za burundu na bo bazatangira tariki ya 02 Ugushyingo 2020, hakazakora abiyandikishirije mu turere tugize umujyi wa Kigali. Hazatangira abantu 601 biyandikishije gukorera mu Karere ka Gasabo, bazatangira tariki ya 02 Ugushyingo kugeza tariki ya 07 ugushyingo 2020.

    Tariki ya 09 Ugushyingo hazakora abantu 581 biyandikishije kuzakorera mu Karere ka Kicukiro, bazasoza tariki ya 14 Ugushyingo. Ni mu gihe tariki ya 16 Ugushyingo abantu 355 biyandikishije gukorera mu Karere ka Nyarugenge bazatangira gukora ibizamini kugeza tariki ya 18 Ugushyingo 2020.

    Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda kandi buramenyesha abantu bafite impushya zo gutwara ibinyabiziga z’agateganyo muri ibi bihe bya COVID-19 zararangije igihe ko nabo nihasubukurwa gahunda yo kwiyandikisha mu gukorera impushya za burundu nabo bazamenyeshwa uko bazafashwa.

    CP John Bosco Kabera yavuze ko guhera tariki ya 02 Ugushyingo amashuri yari asanzwe yigisha amategeko y’umuhanda nabo bemerewe gusubukura ayo masomo ariko bakubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

    Harimo nko kujya babanza gukaraba mu ntoki n’amazi meza n’isabune cyangwa bagakoresha umuti wabugenewe (hand sanitizer), guhana intera hagati y’umuntu n’undi ndetse no kwambara agapfukamunwa.

    Source : https://www.imirasire.rw/?Kigali-Abasaga-1600-barabimburira-abandi-gukorera-impushya-zo-gutwara

  • Ajax's Gravenberch Wanted By Barcelona, Man United #rwanda #RwOT

    Dutch side Ajax are preparing themselves for bids for teenage midfield sensation Ryan Gravenberch, with Manchester United, Barcelona and Juventus all said to be interested, according to scouts.

    The 18-year-old impressed while in action against Liverpool in the Champions League last week and he has already scored four goals in 19 appearances for Ajax. Moreover, he's added three assists, but his overall style of play has drawn comparisons with Paul Pogba.

    Gravenberch signed a three-year deal this summer and so the club could be unwilling to part with him just yet. However, the latest graduate from the academy looks destined for a big move, if not in winter, then next summer.

    Ajax have made no secret of the fact that the coronavirus pandemic has troubled them financially, which in turn makes it harder for them to keep their best players and they recently sold Donny van de Beek and Hakim Ziyech to United and Chelsea respectively for a combined £80m.

    The post Ajax's Gravenberch Wanted By Barcelona, Man United appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ajaxs-gravenberch-wanted-by-barcelona-man-united/

  • Algerian President Abdelmadjid Tebboune Hospitalised At Military Base #rwanda #RwOT

    The Algerian president Abdelmadjid Tebboune has reportedly been staying at a military base in Ain Naâdja in Algiers for a week according to sources close to the presidency.

    First there was the announcement of voluntary isolation, then the admission of his hospitalization. Algerian President Abdelmadjid Tebboune was admitted to the military hospital of Ain Naâdja, on the heights of Algiers, according to a statement released by Algeria Presse Service (APS) Tuesday (October 27) at the end of the day.

    The presidency does not specify the reasons for his hospitalization or the date of his admission. On the recommendation of his doctors, the president integrated a specialized care unit of the central army hospital in Algiers, indicates the same source which specifies that the state of health of the Algerian president is 'stable and does not inspire any worry '.

    However, other sources have confirmed that the president contracted Covid-19 several days ago leading to his admission to the hospital.

    President Tebboune's hospitalization came days before a scheduled November 1 constitutional referendum that could give the country's top leader more power, while at the same time limiting his tenure to two five-year terms.

    Prime Minister Abdelaziz Djerad, who announced the president's hospitalization for 'specialized treatment,' has been campaigning across the country in recent days to urge Algerians to approve the proposed constitutional changes.

    Given Tebboune's age (74), there is always some sort of risk with this kind of illness, but he said Algeria's governmental institutions have shown themselves to be fairly solid and that the referendum would go ahead as planned Sunday.

    Several French and Algerian media outlets suggested there were underlying tensions between Tebboune and the country's military over the referendum.

    The Algerian military is a major power broker in the country and played a key role in the transition in 2019 between Tebboune and former President Abdelaziz Bouteflika.

    The post Algerian President Abdelmadjid Tebboune Hospitalised At Military Base appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/algerian-president-abdelmadjid-tebboune-hospitalised-at-military-base/

  • France Returns To Lockdown #rwanda #RwOT

    French President Emmanuel Macron said Wednesday that the country's hospitals had been overstretched and immediately ordered for a return to lockdown.

    France's Covid-19 indicators have grown sharply over the past week; with patients now occupy half of France's ICU beds, leading hospitals to once again fear overcrowding.

    'The virus is spreading at a speed that not even the most pessimistic forecasts had anticipated,' Macron said during the short speech delivered from his office at the Elysée presidential palace. 'Like our neighbours, we are submerged by the sudden acceleration of the virus.'

    Macron stressed that despite efforts to adapt to life with the new coronavirus, Covid-19 had continued to spread and a 'brutal halt' was required to keep hospitals from going over capacity.

    'If in two weeks we have the situation under better control, we will be able to re-evaluate things and hopefully open some businesses, in particular for the Christmas holiday.'

    Unlike the earlier confinement, schools from the maternal to the high school levels, as well as farms, factories and some public services will continue to operate. The new announcement came less than two weeks after Macron announced a curfew in Paris and other cities, which has since been extended to cover two-thirds of the population.

     

    The post France Returns To Lockdown appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/france-returns-to-lockdown/

  • Ubuyobozi bwa APR FC bwahagaritse umukinnyi Ishimwe Kevin #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ishimwe Kevin
    Ishimwe Kevin

    Amakuru agera kuri Kigali Today aravuga ko Ishimwe Kevin ubwo ikipe ye yari iri mu myitozo atumvikanye n’umutoza Adil Mohamed wamusifuye ko yaraririye (Hors-Jeu). Nyuma y’iki cyemezo, Kevin yabwiye nabi umutoza we wari umaze kumusifura iryo kosa, umutoza ntiyabyakira neza ahitamo kumusabira guhagarikwa.

    Ishimwe Kevin w’imyaka 25, akaba yahise asezererwa mu mwiherero w’ikipe i Shyorongi mu gihe ubuyobozi bw’ikipe bukiganira ku bihano bizamufatirwa.

    Uyu mukinnyi ugaragayeho imyitwarire mibi ku nshuro ya kabiri biravugwa ko ikipe ya APR FC yaba irimo gutegura uburyo yatandukana na we.

    Ishimwe Kevin yaje muri APR FC avuye mu ikipe ya AS Kigali, asinya imyaka ibiri mu ikipe y’ingabo z’igihugu ndetse yerekanwa ku mugaragaro tariki ya 05 Kanama 2019.

    Uretse uyu mukinnyi usezerewe mu mwiherero w’iyi kipe, abandi bakinnyi bose bameze neza, ndetse n’abari bafite ibibazo by’uburwayi bose n’imvune baragutse ubu bari mu myitozo.

    Kugeza ubu ikipe y’ingabo z’igihugu irakomeza imyitozo yo kwitegura kuzasohokera igihugu muri CAF Champions League aho uyu munsi iri bukore imyitozo kabiri, mu gitondo saa tatu no ku gicamunsi saa cyenda.


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/ubuyobozi-bwa-apr-fc-bwahagaritse-umukinnyi-ishimwe-kevin

  • Hasohotse indirimbo ‘Together in Worship’ ni Anthem ya HM Africa #rwanda #RwOT

    Kuwa 23 Ukwakira 2020 kuva saa moya z’umugoroba kugeza mu rukerera rwo kuwa 24 Ukwakira 2020 ni bwo habaye amakesha ya Overflow 2020 yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Kuri ubu hasohotse indirimbo irimo amajwi y’abagize HM Africa mu bihugu bitandukanye, iyi ndirimbo ikaba yarakoreshejwe bwa mbere muri Overflow20.

    Heavenly Melodies Africa (HM Africa) ni umuryango mpuzahamahanga wo kuramya no guhimbaza Imana ufite intego yo kwamamaza Yesu muri Afrika yose, ukaba waratangijwe ndetse uyoborwa na Fabrice Nzeyimana ukunze kuririmbana n’umugore we Maya Nzeyimana. Buri mwaka uyu muryango utegura igikorwa cyagutse cyo kuramya no guhimbaza Imana, kizwi nka ‘Overflow’.

    Overflow yo mu mwaka wa 2020 yabaye mu buryo budasanzwe kubera ingamba zo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, ni muri urwo rwego yabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga. Ni amakesha yabaye kuwa 23 Ukwakira 2020, buri umwe aramya Imana ari we mu rugo. Muri ayo makesha, hakoreshejwe bwa mbere indirimbo ”Together in worship ihuye n’icyerekezo cy’uyu muryango, ikaba yumvikanamo amajwi y’abaririmbyi bagize uyu muryango bo mu bihugu bitandukanye.

    Fabrice Nzeyimana Umuyobozi wa HM Africa yabwiye InyaRwanda.com ko iyi ndirimbo yabo nshya ‘Together in worship’ bayifata nk’indirimbo yihariye ya HM Africa na cyane ko bayise izina rihuye n’insanganyamatsiko yabo. Ati “Ni Anthem ya HM Africa, irimo amajwi y’abagize HM Africa mu bihugu bitandukanye. Iyi ndirimbo yitwa ‘Together In Worship’ ari nayo nsanganyamatsiko y’ibikorwa byacu byose, ni nayo Vision yacu yo guhuza abantu bose mu kuramya Imana”.

    Fabrice Nzeyimana umuyobozi mukuru wa HM Africa

    Nzeyimana yavuze ko bayanditse kera, muri uyu mwaka aba ari bwo banzura kuyishyira hanze. Ati “Iyi ndirimbo yanditswe kera ijya kuri album yacu ya 2015 ariko ubu twatekereje kuyikora mu buryo bw’iyaguye ikajyamo abagize amatsinda yacu atandukanye ari mu bihugu bitandukanye bya Africa. Iki gikorwa twagitangiye mu bihe bya Lock down ku buryo hari abatwohereza amajwi yabo ku ma telefone abandi bakajya muri studio”.

    Umva hano ‘Together In Worship’ ifatwa nk’indirimbo yubahiriza umuryango HM

    Africa

    Source: Inyarwanda.com

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Ni-Anthem-ya-HM-Africa-Hasohotse-indirimbo.html

  • Prosecution Faces Litmus Test In Ongoing 'Fertilizer Saga' As Lawyers Poke Holes In Case #rwanda #RwOT

    On October 22, Theopista Nyiramahoro, a businesswoman from Kirehe district, was waiting to hear the Gasabo Intermediate Court's verdict on her release or sentencing in a case involving several suspects in the ongoing fertiliser scandal.

    The judge had adjourned the case on October 16 and said the verdict would be announced on October 22 at 2 pm.

    Family and friends showed up. At 1:58 pm, the courtroom was empty. At 2 pm, a family friend who had appeared in the court to hear the verdict asked the court clerk what was Nyiramahoro's fate.

    He was told that Nyiramahoro would remain remanded for 30 more days.

    The verdict reads: Today on the 2020-10-22 at 14:00 the TGI Gasabo at Kigali City, Gassbo where it tries criminal cases, has pronounced the RDPA 00279/2020/TGI/GSB Nyiramahoro Theopiste, vs NPPA Gasabo…dismisses her appeal and rules that she remains detained.

    End of story.

    Nyiramahoro is contesting illegal detention since July. During her substantive hearing on October 16, her lawyer, Clement Cyiza, challenged the court to explain why his client was being illegally detained and then forced to face charges before she even contents her detention.

    His submission yielded no positive results.

    His client is accused of conniving with another suspect, Alfred Nkubiri, who is critically ill, to forge lists of fertiliser beneficiaries. Nkubiri has also been in attendance since end June together with other suspects in the same case.

    Before further hearing proceeds, the prosecution repeatedly appealed before the court that these suspects should remain behind bars because it fears they would flee the country and evade justice.

    Defence teams on the other side have been arguing that all provisions regarding detention were abused and their clients' rights being both abused and denied, saying that since July, no single person on the Rwandan territory had the ability and means to move because the country was under lockdown. The court has since dismissed the plea.

    On the morning of October 22, Evariste Nsengiyumva, another suspect appeared before the same court and charged with similar allegations of forgery.

    In a lengthy session where his lawyer battled the prosecution for almost two hours, the judge heard the two sides face-off on both material and logical substance.

    Three subjects dominated the arguments. One, the nature of the alleged forgery in question, two, the process and people involved in the forgery and three, the institutions involved.

    The prosecution contended that the suspect facilitated the creation of ghost lists of farmers who would benefit from subsidised fertilizers and later claim funds from the Ministry of Agriculture that is primarily responsible for extending this benefit to farmers as a national policy to improve agricultural productivity and hence increase household incomes.

    Regarding the process, the prosecution claimed that the suspect hired agro-dealers, who in this case were responsible for distributing the fertilisers, to play a role in the creation of the farmers' list.

    When tasked by the judge to explain further, it was concluded that this is false. After being challenged by the lawyer, both sides agreed before the judge that the list was created by a team of local authorities.

    How? A cell leader together with an expert from the Ministry of Agriculture, would identify a farmer, assess the land and conclude the amount and type of fertiliser to be given to the farmer. The list would be approved by the sector, the district together with a focal point person from the ministry. All lists bare a government stamp and thus can hardly be forged by a mere fertiliser supplier.

    It is from this list that the ministry would determine how much fertilizer a contractor would be given to supply a particular whole district.

    Farmers on the list would show up at the sector with vouchers with their details and QR code only produced by the ministry to collect their fertilisers from a stock managed by an agro-dealer contracted by the ministry.

    The agro-dealer would be allocated a margin between Rwf10 and 15 off the value of a kilogramme. The supplier would earn a fee for the logistics services and a margin from the collections of payments made by farmers to a SACCO account of which authorities had access to.

    To claim their money, the agro-dealer would submit these lists to the supplier as evidence of delivery to the ministry. The list would be verified by local authorities before it is released to the supplier to curtail forgery, manipulation and possible embezzlement or corruption.

    In the event farmers failed to pay for the fertilisers, two conclusions would drown. It would be because of loss of productivity due to pure defaulting or due to bad weather, which would be ascertained by the expert team from the ministry.

    Where is the case?

    Rwanda's economy had experienced limited effects of global economic slowdown due to the 2008 global economic meltdown.

    Under the auspices of the Ministry of Finance and Economic Planning, a Global Financial Crisis Steering Committee had been established to manage the impact on Rwanda of the global financial crisis.

    Growth projections had been revised downwards to 6% in 2009 to reflect the dampening effects of the slowdown on investment outlays and faltering export performance.

    The negative impact had been taken into account by Rwanda, and reflected in limited spending and additional programs in the agriculture sector, for example, the restructuring of the crop intensification program and a voucher system for fertilizer for smallholders.

    The risks remained, however, on the downside and additional financing needs that arose during 2009 to cope with the downturn of the global economy.

    Given the limited scope to increase arable land, vulnerability to shocks, and a high rate of
    population growth, the emphasis was put on increasing agricultural productivity through improving water management, controlling soil erosion, intensifying the use of fertilizer, integrating livestock development into crop farming, and enhancing extension services.

    These programs provided the opportunity to address some of the fundamental constraints to agricultural growth in the country.

    This plan had a name: The Poverty Reduction Strategy Support Programme ((PRSSP). This plan was under another 5-year grand plan, the Economic Development and Poverty Reduction Strategy (EDPRS).

    The buzz around EDPRS II was everywhere: on a t-shirt in a gym, in several conference rooms and most importantly, in the news.

    The government pumped in billions of francs, with support from development partners such as the African Development Bank.

    The magic worked.

    On February 7, the results of the 3rd Rwandan Household Living Conditions Survey, EICV 3 were released.  Rwanda had pulled off a 'hat trick' of rapid growth, sharp poverty reduction and reduced inequality, according to one expert in development.

    About 1.2 million Rwandans had been uplifted from poverty, thanks to the programs and the various partners who played a role including suppliers of fertilizers.

    However, through the years, these programs were characterised malpractice such as embezzlement of funds, corruption, misappropriation of funds and poor management of contracts.

    In some cases, fertilisers would be stolen and sold to neighbouring countries.

    The auditor general would report about these cases every year until recently when President Paul Kagame asked concerned institutions why the case of fertilisers has never been dealt with.

    Arrests were quickly made and charges filed against over a dozen suppliers and distributors.

    Legalities vs justice

    In the process, legal aspects, according to experts, were ignored. The issue has since become a hot political potato and everyone involved is scared of finding themselves falling short in resolving the matter.

    Prosecutors and investigators are being accused of abusing their powers to coverup for government officials and instead of throwing suppliers under the bus.

    The ministry of agriculture compiled dossiers and unsubstantiated testimonies to pile blame against contractors and save officials from any liability.

    Some suspects have since July been contesting illegal detention without trial and fabricated charges.

    At first, the ministry of agriculture filed a lawsuit against suppliers accusing them of embezzling funds, forging lists and vouchers.

    Investigators made interrogations, filed charges and submitted dossiers to prosecution.

    A case of embezzlement was later dropped along the way because it was identified that it is actually the government that owes suppliers money in unsettled arrears totalling over Rwf9 billion. 

    Lawyers have told Taarifa that suspects were blackmailed and forced to pay sums of money equivalent to what government owed them to secure their release.

    Some paid the money others didn't. Not everyone who paid was released either. For example, one Evariste Rukumba paid Rwf7 million and has never been released yet another suspect, Eugene Rwibasira paid Rwf50 million and was released.

    Taarifa has learnt that local authorities have been running up and down mobilising farmers who had arrears to clear them as soon as possible so that they [officials] can get away with the failure to assist suppliers to recover their pending payments which was at first regarded as embezzled money when they were being arrested.

    Trials 

    The judiciary is still navigating tough waters of the case. One of the suspects, CEO of Top Service LTD, Ladislus Biguma Mwitende, who is serving a jail term for conniving with ministry staff to swindle hundreds of millions of fracs, also appeared on the list, but no charges have been laid against him.

    Sources say he is the king pin of fertiliser mafia network in the country. Ironically, he went down alone. No official has faced trail in this whole saga. Even in the ongoing trails, no official has been summoned nor brought to court to answer any charges.

    Meanwhile, today the Gasabo court will pronounce it's verdict on Evariste Nsengiyumva and Laurent Rugerinyange whose cases were heard on October 22.

    Their lawyers appealed to the court that apart from their clients being detained illegally, the production has not provided any evidence pin them.

    Sources confirmed to Taarifa yesterday that Nkubiri, who is critically ill, will appear before court this Friday to contest his detention, while his co-accused, Theopiste Nyiramahoro, remains behind bars as she awaits an appeal against her detention pending further hearing into her alleged charges.

    Related articles 

    https://www.google.com/amp/s/taarifa.rw/kagames-intervention-needed-to-dismantle-fertilizer-mafia-network/amp/

    Verdict Excpected Today On Co-accused In Fertilizers Case Involving Tycoon Nkubiri

    The post Prosecution Faces Litmus Test In Ongoing 'Fertilizer Saga' As Lawyers Poke Holes In Case appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/prosecution-faces-litmus-test-in-ongoing-fertilizer-saga-as-lawyers-poke-holes-in-case/

  • Tanzania: Abatavuga rumwe na leta bavuga ko habaye uburiganya mu matora butarimo no kugira isoni #rwanda #RwOT

    Amashyaka atavuga rumwe n'ubutegetsi ya ACT-Wazalendo na 'Chama cha Demokrasia na Maendeleo' (CHADEMA) ivuga ko ko habaye uburiganya mu matora yabaye ku munsi w' ejo ku wa Gatatu.

    Mu ruhererekane rw'ubutumwa bwo kuri Twitter ejo ku wa gatatu, Bwana Lissu, umukandida wa CHADEMA, yavuze ko habayeho uburiganya mu matora 'butarimo no kugira isoni'.

    Yatangaje ubutumwa bwari bwatangajwe mbere n'undi muntu (uburyo bwa 'retweet') bwa videwo isa nk'iyerekana abaturage bafashe umufuka wuzuye impapuro z'itora zari zamaze kuzuzwa, zose zatoye CCM.

    Yavuze ko yahawe amakuru yuko ahantu hose hari ibitagenze neza, harimo ko n'indorerezi z'abakandida batavuga rumwe n'ubutegetsi zabujijwe kugera ku biro by'amatora.

    Nk' uko BBC ibitangaza dukesha iyi nkuru ivuga ko Umucamanza Semistocles Kaijage ukuriye akanama k'amatora ka Tanzania, yahakanye ibyo birego, avuga ko nta shingiro bifite.

    Abakoresha internet na bo batangaje ko imbuga nka WhatsApp na Twitter zahagaritswe. Gutora byakozwe mu ituze no mu mahoro, nyuma yuko mu birwa bya Zanzibar ho habaye ibikorwa by'urugomo ku wa kabiri.

    Gutora byarangiye ejo ku wa gatatu, ibyavuze mu matora byitezwe gutangazwa mu gihe cy'icyumweru.

    Perezida John Magufuli wo mu ishyaka 'Chama Cha Mapinduzi' (CCM) riri ku butegetsi kuva ryashingwa mu mwaka wa 1977, arimo guhatanira manda ya kabiri y'imyaka itanu.

    Uw'ingenzi cyane mu bo bahatanye ni Tundu Lissu, mu mwaka wa 2017 warokotse igitero cyari kigamije kumwica.

    Yasubiye mu gihugu mu kwezi kwa karindwi avuye mu Bubiligi, aho yavuriwe ibikomere by'amasasu.

    Bose hamwe, ni abakandida 15 bahatanye muri aya matora — barimo na Bernard Membe wigeze kuba Minisitiri w'ububanyi n'amahanga akaza guhinduka unenga bikomeye Bwana Magufuli, nyuma yo kwirukanwa mu ishyaka CCM.

    Source : https://impanuro.rw/2020/10/29/tanzania-abatavuga-rumwe-na-leta-bavuga-ko-habaye-uburiganya-mu-matora-butarimo-no-kugira-isoni/

  • APR FC yahagaritse Ishimwe Kevin ahita asezererwa mu mwiherero #rwanda #RwOT

    Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwahagaritse Ishimwe Kevin ukina asatira anyuze ku mpande, ni nyuma yo gusuzugura umutoza.

    Mu myitozo yabaye ejo i Shyorongi aho iyi kipe irimo gukorera umwiherero, uyu mukinnyi yaje kugaragaza kutishimira icyemezo cy’umutoza, ni nyuma yo kumusifura ko ari muri offside undi akamubwira nabi.

    Adil akaba yarahise amusohora mu kibuga ndetse nyuma y’imyitozo ahita asezererwa arataha.

    Ubuyobozi bwa APR FC bukaba bwemeje ko umukinnyi wo hagati ufasha abataha izamu wa APR FC Ishimwe Kevin yahagaritswe by’agateganyo n’ubuyobozi bwa APR FC.

    Kevin w’imyaka 25, akaba yahise asezererwa mu mwiherero w’ikipe i Shyorongi mu gihe ubuyobozi bw’ikipe bukiganira ku bihano bizamufatirwa.

    Ishimwe Kevin yaje muri APR FC avuye mu ikipe ya AS Kigali, asinya imyaka ibiri mu ikipe y’ingabo z’igihugu ndetse yerekanwa ku mugaragaro Tariki 04 Kanama 2019.

    Ishimwe Kevin yahagaritswe muri APR FC

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/apr-fc-yahagaritse-ishimwe-kevin-ahita-asezererwa-mu-mwiherero