Category: Uncategorized

  • Huye: RPC yemereye abamotari kujya abakemurira ibibazo ku wa Gatandatu #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abamotari bahawe umunsi wo gukemurirwa ibibazo
    Abamotari bahawe umunsi wo gukemurirwa ibibazo

    Yabisezeranyije abamotari bakorera mu Mujyi i Huye, mu nama bagiranye tariki ya 4 Ugushyingo 2020, nyuma y’uko bagaragaje ko hari ibibazo bahura na byo bakabura ubibakemurira.

    Muri ibyo bibazo harimo kuba hari igihe bisanga bagomba kwishyura amande y’amakosa batakoze, urugero nk’ukorera i Huye akamenya nyuma y’ukwezi ko bamuciriye amande i Nyagatare, kandi wenda atarahakandagira na rimwe.

    Ngo hari n’igihe bishyura amafaranga y’uruhushya rwo gutwara abagenzi (autorisation) bagatinda kuruhabwa, hanyuma polisi yabafata ikabandikira kandi amakosa atari ayabo.

    Abamotari batekereza ko bene ibi bibazo nibizajya byakirwa mu maguru mashya bizabafasha.

    Uwitwa Elie Nshimyeyesu, agira ati “Byibura uriya munsi uzajya ugera bitaratinda, ikibazo gikemuke. Ariko nanone bakosore ikintu cyo kuvuga ngo banza wishyure ubone kuza ngo tugukemurire ikibazo. Kuko ntiwamara kwishyura ngo amafaranga bazayagusubize”.

    Nshimyeyesu anatekereza ko umuti urambye kuri iki kibazo cyo kwandikirwa aho batari bijya bibaviramo kwishyura amande menshi, kuko baba batarigeze bamenya ko bandikiwe, waba ko bajya bandikirwa bagahita babibonera message (ubutumwa bugufi) muri telefone nk’uko bigenda ku bafite imodoka.

    Ati “Mbonye message ndi hano i Huye igaragaza ko banyandikiye ndi i Nyagatare, biroroshye guhita ngaragaza ko atari byo, nkarenganurwa. Ariko kubibona nyuma y’ukwezi, ntibyoroshye kwisobanura”.

    Abamotari bakorera mu Mujyi i Huye kandi binubira kuba bategekwa kwinjira muri gare igihe cyose bari hafi yayo, ku buryo hari igihe kururutsa abagenzi igihe babibasabye bibaviramo gucibwa amande y’ibihumbi 25.

    Uwitwa Lucien Hakizimana, ati “Muri gare umuntu yakagiyeyo ku bushake bwe, umugenzi ushatse kujyayo ntafite gahunda yo kwinjiramo nkamubwira akareba undi umugezayo”.

    Abamotari b’i Huye kandi binubira amafaranga 100 ya parikingi bacibwa na KVCS kuko ngo bamenye ko ab’ahandi bo batayatanga.

    Ku bijyanye no gucibwa amafaranga kuko bahagaritse umugenzi hafi ya gare, umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, yabagiriye inama yo guhagarara aho bemerewe.

    Naho amafaranga bavuga ko bacibwa na KVCS ngo ni amahoro ya Leta baba bagomba gutanga.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/huye-rpc-yemereye-abamotari-kujya-abakemurira-ibibazo-ku-wa-gatandatu

  • Managers reveal why some cooperatives fail #rwanda #RwOT

    This was reiterated on Tuesday, November 3, 2020, at the start of a 4-day Seminar for the leaders of 80 cooperatives operating across the country.

    The seminar was organized by Land O ‘Lakes Venture 37 in collaboration with the Rwanda Cooperatives Association (NCCR), the National Institute of Cooperatives, RCA, and Rwanda Institute for Cooperatives, Entrepreneurship and Microfinance, RICEM where this seminar is taking a place.

    The leaders of the participating cooperatives shared the necessary knowledge in leading their cooperatives in order to benefit a lot from their careers.

    It is a seminar provided by experts from Rwanda and international industry.

    Participants emphasized that the courses provided in this seminar provide confidence in gaining advanced knowledge, especially in the areas of good leadership and sustainable management.

    Eric MBANZABUGABO, head of the Vegetable and Fruit Cooperative in Nyabihu District, said that the seminar has benefited him a lot, including the impact of management.

    'What I will benefit from this training is be a good and fair leader, Knowing that the leader is not permanent and by the time my mandate is over, I will have to handle the leadership to the other member in a right way. The other thing is to know that everyone has to show their contribution so that even when you are no longer a member of that cooperative the rest will have something to remember about you. ' he said

    Germain NDAYISABA , head of the KOIRU GANZA Cooperative for Maize and Bean Farmers in Kabarore and Gitoki Sectors in the Eastern Province, said they had been taught important lessons that would help them meet good governance.

    'We have been trained on the good governance of cooperatives and its management. In our cooperative, we used to work in disorder because we didn’t have the skills, but because we were given the knowledge, we will go back and change the way we managed our cooperatives. ' he said

    Odette Hagenimana, the Deputy Chairperson of the Forum of Wheat and Maize Cooperatives in Nyaruguru, Nyamagabe and Huye Districts, said that the development of the members was based on non-negotiable levels.

    Prof. Harelimana Jean Bosco, Director General of the National Institute of Cooperatives, thanked Land O’Lakes as one of the key partners in the development of cooperatives and the establishment of large investment institutions.

    Participants were reminded that having autonomy for all decision and disregard for the interests of the members is one of the delays in the cooperatives, and they were asked to walk away from it for a better and sustainable future of their cooperatives.

    Land O’Lakes ventures37 is a United States Agency for International Development (USAID) -based agency that focuses on improving the business performance of local cooperatives and strengthening Rwandan organizations through capacity building and self-reliance programs as well as new activities.

    This seminar is being done through a Land O’Lakes ventures37 CD4 project that is for cooperative development activity.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/managers-reveal-why-some-cooperatives-fail

  • Azerbaijan is restoring historical justice #rwanda #RwOT

    As a result of the military aggression by Armenia, hundreds of thousands of Azerbaijanis were forcibly expelled from their homes and became internally displaced persons in their own country. In clear violation of the UN Charter, Armenia has been disregarding four UN Security Council resolutions (822, 853, 874, and 884).

    These four resolutions which were adopted in 1993 by the United Nations Security Council demand the immediate, complete, and unconditional withdrawal of occupying forces from the territories of the Republic of Azerbaijan, condemn the use of force against Azerbaijan and the occupation of its territories and reaffirming respect for the sovereignty and territorial integrity of Azerbaijan, the inviolability of international borders and the inadmissibility of the use of force for the acquisition of territory. However, these resolutions have not been implemented by Armenia.

    Armenia has not only disregarded the demands of the UN Security Council, but systematically and deliberately pursued the goal of securing the annexation of the occupied territories. This included, among others, illegal implantation of settlers into the occupied territories, destruction, pillage, and looting of historical and cultural heritage, illegal exploitation of natural resources in the occupied territories.

    PM of Armenia Nikol Pashinyan’s provocative 'Karabakh is Armenia and period' statement, 'new war for new territories' concept put forward by Armenia, as well as so-called 'seven conditions' for the resumption of negotiations have finally rendered negotiations meaningless.

    In continuation of abovementioned provocative actions on September 27, 2020, the armed forces launched large-scale military assault and act of aggression against Azerbaijan, targeting military positions of Azerbaijan and civilians in the densely populated residential areas along the entire front line.

    These assaults have resulted in serious casualties among civilians and military.

    Military actions of Armenia went far beyond the conflict zone. Armenia deliberately targeted cities and other residential areas of Azerbaijan located far from the front line using prohibited missiles and heavy artillery.

    Since the beginning of the assault more than 90 civilians were killed, including women, children and elderly as well as around 400 wounded. Around 3000 facilities, including private houses and public buildings were destroyed.

    Armenia’s targeted attacks against civilians include Ganja, the second largest city of Azerbaijan, Mingachevir, which hosts a reservoir dam and hydro-power plant, regions in the vicinity of the capital city — Absheron, Khizi, and Siyazan, as well as Yevlakh, Tartar, Barda, Beylagan, Naftalan, Kurdamir, Aghjabadi, Gabala and Goranboy regions — all beyond the conflict zone.

    A cluster rocket launched by Armenia landed only 10 meters from the capital Baku — Tbilisi — Jeyhan oil pipeline.

    By doing so, Armenia grossly violates its obligations under international humanitarian law, including the 1949 Geneva Conventions and its Additional Protocols.

    On October 11, 2020, few hours after the humanitarian truce entered into force, Armenia launched missile attack (using SCUD/Elbrus ballistic missiles with cluster bombs) against Ganja — the second largest city of Azerbaijan which caused complete destruction of several residential building, leaving 10 civilians killed, 34 injured.

    On October 17, 2020 armed forces of Armenia launched another missile attack on city of Ganja with more gravity (using SCUD/Elbrus ballistic missiles with cluster bombs), casualties and destruction leaving 16 civilians, including 5 children killed, 52 injured.

    On October 27, 2020 and October 28, 2020 Armenia launched series of attacks on unarmed and innocent civilians of Barda city killing 25 and wounding 84.

    Ministry of Foreign Affairs of Azerbaijan stated that 'by attacking the Azerbaijani residential areas and civilians during the formally declared humanitarian ceasefire and on the eve of the Geneva meeting of the Foreign Ministers of both states with the OSCE Minsk Group co-chairs, Armenia obviously aims to undermine the negotiations, increase the tensions and involve the third states to the conflict'.

    Also, the Ministry appealed to the international community and expressed that 'the international community should take necessary steps to stop Armenia from violating international law, purposefully killing the civilians, and demand to withdraw its armed forces from the occupied territories of Azerbaijan'.

    In this war, Armenia extensively uses terrorist and mercenaries against Azerbaijan. Currently thousands of mercenaries and terrorists from Middle East and CIS countries have already been deployed by Armenia to the conflict zone.

    The armed forces of Azerbaijan were compelled to take counter measures, acting in its own soil and in full compliance with international humanitarian law, to defend its positions as well as to ensure safety and security of civilians residing along the front line and beyond.

    Azerbaijan does not occupy territory of another state and all its efforts are directed towards restoring historical justice. It is Armenia that occupies our internationally recognized territories.

    Azerbaijan demands Armenia to withdraw its military forces from the territories of Azerbaijan and proceed immediately to substantive negotiations for the settlement of the conflict.

    The Republic of Azerbaijan has repeatedly brought to the attention of international community that the continuation of Armenia’s aggression and its unlawful presence in the occupied territories of Azerbaijan is the main cause of the war.

    Unfortunately, regardless of the UN Security Council Resolutions, which recognize that the Nagorno-Karabakhand other adjacent regions as an integral part of Azerbaijan and demand immediate, complete and unconditional withdrawal of Armenian occupying forces from the occupied territories of Azerbaijan, Armenia does not want to withdraw from the territories of Azerbaijan and with all means strives for
    secession of the Nagorno Karabakh region from Azerbaijan.

    The lack of adequate reaction of the international community to the provocations, aggressive actions and unlawful activities by Armenia, notorious double standards and selectivity with regard to the universally recognized obligations and commitments under international law only contributes to Armenia’s sense of impunity and permissiveness.

    Impunity only encourages further crimes, leading to vicious cycle of violence.

    The achievement of peace, security and stability demand, first and foremost, full implementation of UN Security Council Resolutions, the immediate, complete and unconditional withdrawal of the Armenian armed forces form allthe occupied territories of Azerbaijan within its internationally recognized borders and the return of the internally displaced persons to their homes and properties.

    'The position of the United Nations is based on four principles which have been mentioned in the different resolutions of the Security Council. The first principle is the territorial integrity of Azerbaijan. The second principle is the inviolability of the
    international boundaries. The third principle is the inadmissibility of the use of force for the acquisition of territory. The fourth principle is the immediate and unconditional withdrawal of all foreign troops from the occupied territories of Azerbaijan'.

    As a country with long multicultural traditions Azerbaijan has historically been safe place for representatives of different cultures and confessions. We have lived in harmony and peace for centuries and will continue to do so.

    Azerbaijan has always been known to the international community as a tolerant country. Today, when Armenia launched aggression against Azerbaijan, representatives of different religions such as Muslims, Christians and Jews are protecting our Motherland from invader.

    By Elman Abdullayev
    Ambassador of Azerbaijan to Ethiopia, Kenya, Rwanda and Djibouti

    Elman Abdullayev

    Source : https://en.igihe.com/news/article/azerbaijan-is-restoring-historical-justice

  • Gen. Henry Tumukunde ashobora kwikura mu matora y'abahatanira kuyobora Uganda. Impamvu ni iyi he? #rwanda #RwOT

    Lt. Gen. Henry Tumukunde, umwe mu bahatanira kuyobora Uganda, yigeze gutangaza ko ashobora kuzikura mu matora igihe hari ibyo abona bitagenda neza bikorwa n'ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda.

    Gen. Henry Tumukunde avuga ko bigaragara ko ' Inzego z'umutekano zigikoresha imbaraga z'umurengera ku bakandida bari kwiyamamariza ku mwanya w'umukuru w'igihugu. Mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 4 Uguhsyingo 2020, Tumukunde yavuze ko 'atumva uburyo inzego ziyita izatojwe neza zikora ibihabanye n'amategeko.'

    Avuga ko kuba hari itabwa muri yombi ry'abakandida ari icyasha ku butegetsi bwa NRM n'ubusanzwe yita ubw'igitugu. Uyu mujenerali wanabaye Minisitiri w'Umutekano avuga ko 'amashyaka yose akwiye kubaha ibijyanye n'amatora.'

    Lt. Gen. Henry Tumukunde avuga ko ' n'ubusanzwe mu bihe by'amatora habaho ukutumva kimwe ibintu, bityo ntawe ukwiye guhutaza mugenzi we batabona ibintu kimwe.' Asaba Leta ya NRM gusaba inzego z'umutekano gukora akazi kazo neza bitaba ibyo Uganda ikaba iciro ry'imigani.

    Inzego z'umutekano muri Uganda zataye muri yombi abakandida ku mwanya wa perezida ari bo: Patrick Amuriat Oboi w'ishyaka ryitwa Forum for Democratic Change (FDC) na Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine w'ishyaka, National Unity Plattfom (NUP).

    Gen. Henry Tumukunde ashobora kwikura mu matora y'abahatanira kuyobora Uganda

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/04/gen-henry-tumukunde-ashobora-kwikura-mu-matora-yabahatanira-kuyobora-uganda-impamvu-ni-iyi-he/

  • Gatsibo: Abana 85 bafatiwe mu isoko basubizwa mu ishuri #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abanyeshuri 85 bafashwe batarajya ku ishuri, bahita basubizwayo
    Abanyeshuri 85 bafashwe batarajya ku ishuri, bahita basubizwayo

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngarama Musonera Emmanuel, kuri telefone yasobanuye ko muri 85 bafashwe, 60 ari abahungu, 25 ni abakobwa, ndetse ngo abenshi batangiye gusubira mu bigo byabo.

    Musonera Emmanuel aragira ati “Tumaze kubafata twahise duhamagara ababyeyi babo, ababonetse baraza batwandikira inyandiko bemera ko icyo kintu batazagisubira kandi ikindi bamwe biregura bavuga ko ngo bamwe bari baje gushaka imyambaro y’ishuri, ariko ikigaragara byari imitwe kugira ngo tubababarire”.

    Yakomeje agira ati “Noneho bamaze kudusinyira duhamagara abayobozi b’ibigo tubereka intonde z’abana twafashe, abayobozi na bo batubwira ko abo bana koko biga muri ibyo bigo, noneho tubasaba ko bagomba gukurikirana bakamenya ko uyu munsi (04 Ugushyingo) abana baza kuba bageze ku ishuri, twatangiye kuvugana saa moya benshi bambwira ko abana batangiye gusubira mu bigo byabo”.

    Musonera arakomeza agira ati “Nta n’uwigeze avuga ko wenda byaba byatewe n’ubushobozi buke kuko n’ubundi abana bacu benshi bigira ubuntu, n’abo twafataga babeshyaga ko ari abari bagiye kugura imyambaro y’ishuri nta n’umwe wavugaga ko batagiye kwiga kubera ubushobozi buke, icya kabiri n’abigira mu mashuri y’imyaka icyenda (9) y’ibanze n’abandi biga babayo abenshi bari barishyuye, icyari gisigaye ni ukugenda bakigira ku mafaranga basize bishyuye noneho bazongere gutumwa ay’ikindi gihembwe ariko bari ku ishuri”.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngarama mu karere ka Gatsibo Musonera Emmanuel, akomeza asobanura ko ikibazo cy’abana bafatiwe mu isoko kandi bagenzi babo basubiye ku ishuri, cyatewe n’uko abana bari bamaze iminsi bariraye kubera ibibazo igihugu cyarimo bya coronavirus, ubuyobozi bubonye ko n’ababyeyi basaga n’abatereye iyo, bwiyemeza kubihagurukira.


    source https://www.kigalitoday.com/uburezi/ibikorwa-by-uburezi/article/gatsibo-abana-85-bafatiwe-mu-isoko-basubizwa-mu-ishuri

  • Ese ntukeneye ijwi ribeshaho /ijwi ritanga ubugingo? #rwanda #RwOT

    Kubana na Yesu ntumumenye ni akaga!, kubana n’utanga ubuzima, kubana n’ubeshaho, kubana n’ushobora byose, kubana n’uvuga bikaba yategeka bigakomera, kubana n’Umwami waremye byose hanyuma ntumugirire ikizere, ni akaga!. Imbaraga zazuye Yesu zazura imibereho yawe, zazura ubucuruzi bwawe,zazura amarangamutima yawe, zazura urugo rwawe. Imbaraga zazuye Yesu mu mva nta kintu zitashobora, bisaba gusa kumugirira ikizere.

    Yesu aramubwira ati' Ni jye kuzuka n’ubugingo , unyizera n’aho yaba yarapfuye azabaho, kandi umuntu wese ukiriho unyizera ntazapfa iteka ryose. Mbese wizeye ibyo? Aramusubiza ati 'Yee, Databuja , nizeye yuko uri Kristo Umwana w’Imana ukwiriye kuza mu isi.' Amaze kuvuga ibyo aragenda ahamagara mwene se Mariya rwihishwa aramubwira ati' Umwigisha yaje araguhamagara .' Abyumvise ahaguruka vuba aramusanga . Icyakora Yesu yari atarasohora mu kirorero, ahubwo yari akiri aho Marita yamusanze.Yohana 11:25-30.

    Amaze kuvuga ibyo arangurura ijwi rirenga ati' Lazaro, sohoka.' Uwari apfuye arasohoka azingazingiwe mu myenda amagaru n’amaboko, n’igitambaro gipfutse mu maso he. Yesu arababwira ati' Nimumuhambure mumureke agende.' Yohana 11:43-44.

    Tumaze iminsi tugaruka ku nyigisho zijyanye n’amajwi akomeye(adasanzwe) yagiye agaragara mu isezerano rishya,: Twabonye ijwi ry’urangururira mu butayu, ijwi rya Yohana Umubatiza( ijwi ryo kwihana), Twabonye nanone ijwi ryahamirije Yesu avuye muri Yolodani Umwuka akamuzaho afite ishusho nk’iy’inuma, Imana ikavuga ngo 'Nguyu umwana wanjye nkunda kandi nkamwishimira (ijwi ritangira umuntu ubuhamya).'

    Twabonye kandi ijwi ryo ku musozi wo kurabagirana, aho Imana igera igaha umuntu ubwiza. Tukaba twifuje kugaruka ku ijwi rya 4, ijwi ribeshaho( ijwi ritanga ubugingo), Nkuko tubigezwaho na Pasiteri Habyarimana Desire, mu kiganiro 'Ubutumwa bukiza’ gitambuka kuri Agakiza Tv, by’umwihariko mu rukurikirane rw’ibiganiro bizibanda ku majwi akomeye (adasanzwe) yabayeho mu isezerano rishya.

    Lazaro yari inshuti ya Yesu hanyuma aza gupfa, ubwo Yesu yajyaga yo yasanze abantu barira. Bibiliya ivuga ko Yesu nawe yaje kurira, bishoboka ko yarijijwe n’impamvu nyinshi ariko twavugamo nk’ebyiri : Icyambere n’uko yamukundaga, byagaragazaga ko Yesu nawe agira amarangamutima. Indi mpamvu twavuga yamurijije, ni ukutizera kw’abantu bari aho ko ariwe gupfa no kuzuka.

    Ni iki cyatumye Yesu yemera ko Lazaro apfa kandi yari incuti ye?

    Hari igihe dusenga tukaba tuzi ko bihita bikoreka ako kanya, ariko Imana igashyiramo umwanya wo gutegereza kugira ngo itwigishe ko ariyo ibeshaho, ko ariyo gupfa no kuzuka, ko ariyo itanga ubuzima, ko ariyo byose. Yesu ni itangiriro kandi niwe herezo.

    Birashoboka ko Mariya na Marita batigeze basobanukirwa neza Yesu nk’ushobora byose, nko gupfa no kuzuka, ahubwo bamenye gusa ko akiza abarwayi, ko ari umuntu mwiza ari umwana w’Imana ariko ntibamumenya ku rwego rukwiriye.

    Rimwe na rimwe hari igihe duca mu bihe bikomeye Imana ikatwanga ari ukugira ngo tumenye,: Turi bande?, Kristo we ni nde?, ubushobozi bwacu bugarukira he, ubw’Imana bwo bugarukira he? .

    Rimwe na rimwe muzabona ko hari ibintu twirwariza kubera twanga kugora Imana, cyangwa twumva ko Imana itabishoboye. Tukaba tuzi ko niba urwaye uhita ujya kwa muganga, yego ni byiza, ariko ukwiye kumenya ko isengesho ariryo ukwiye kubanza imbere kugira ngo n’Imana iyobore muganga uri bukuvure.

    Rimwe na rimwe iyo tugiye gukora imishinga yacu, duhita tugenda tugafata inguzanyo muri bank, byazahomba ukazabona kujya gusena. Nyamara ubanje kujya gusenga mbere, nubundi ntacyo byagutwara. Imana ikwiye kuba iyambere mu mishinga yawe, mu byo ukora mu buzima bwawe ntabwo Imana izakubuza gukora ibyo ushaka gukora, ahubwo izaguha kubikora neza kurutaho, icyakora ibibi byo izabikubuza.

    Imana isubiza Yego, oya na tegereza

    Yesu yabanaga neza n’umuryango wa Lazaro, ararwara araremba bamutumaho, ni nk’aho yababwiye ngo 'ndaje’ nyamara Yesu yaje nyuma y’iminsi ine. Ntabwo tuzi igihe umaze usenga, ntabwo tuzi igihe umaze usengera ibibazo byawe. Ndaje ya Yesu irimo inyigisho nyinshi: Ndaje ya Yesu yamaze iminsi 4 kwa Mariya na Marita Lazaro arapfa baranamushyingura, ntabwo Yesu yahise aza ako kanya. Birashoboka ko ufite amasezerano utegereje ko asohora.

    Muri iki gihe abantu benshi bamaze kwinubira amasezerano banga abahanuzi, ndetse n’abantu b’Imana. Kubera iki?, kubera ko bashaka gusubizwa ku muvuduko bashaka. Ntabwo bazi ko Imana hari ubwo ibitinza, Imana isubiza yego, oya, na tegereza. Tegereza y’Imana hari ubwo imara imyaka myinshi.

    Kubera iki dutegereza?, Imana iba igira ngo ibanze itwubakemo ubushobozi. Ntiyakora ikosa ryo kuguha amafaranga itaguhaye ubutware bwo gutegeka amafaranga, ejo waramya amafaranga ukava ku Mana. Wari uzi ko Abisiraheli mu myaka mirongo ine mu butayu bari bagiyeyo kwiga akantu kamwe kavuga ngo, 'Umuntu ntatungwa n’umutsima, atungwa n’ijambo ry’Imana’?.

    Umuntu ni mubi ku kigero Imana ikwiye kubanza kudutoza kugira ngo ibyo iduha tutabiramya, ahubwo ko ikwiye kuba iyambere mu buzima bwacu. Kugira ngo Imana yice isi muri wowe( gukunda iby’isi) bisaba ngo ube waragiranye urugendo nayo muri tegereza, ikabanza kukwigisha kubaho bidahari kandi ikaba iya mbere mu buzima bwawe. Hanyuma ikazabiguha bikubye inshuro nyinshi. Icyo Imana yifuza kuri wowe, ni ukugira imbaraga z’ubumana muri wowe.

    Muri iri jwi rizura kandi ribeshaho birashoboka ko hariho ibimaze gupfa mu buzima bwawe, ukavuga uti 'byarapfuye’ wenda wafashe inguzanyo irahomba, ibyapfuye byawe urabizi. Inkuru nziza muri aka kanya,: Hari ijwi ritanga ubuzima, hari ijwi ribeshaho, hari ijwi rizura ibyapfuye, hari ijwi ryakongera rikarema ibitariho bikabaho.

    Iri jwi ryazuye Lazaro amaze iminsi 4 yarapfuye, nta byiringiro byo kongera kubaho. Upfa kuba gusa Yesu waramutumiye, upfa kuba gusa ari umufatanyabikorwa wawe.

    Niba Yesu waramutumiye, ukaba ufite isezerano uticaye ku mutogoto w’inkono gusa ahubwo hari ijambo rya nyiraryo, Imana izabikora neza, kandi izakora ibirenze ibyo wakwibwira. Hari ijwi rizura , hari ijwi ribeshaho.

    Birashoboka ko ibyo waciyemo byishe amarangamutima yawe, amarangamutima yawe yakongera akaba mazima, mu yandi magambo Yesu akiza n’ibikomere, akiza imibabaro yacu. Birashoboka ko wari umaze kwiheba, ibyo wakoraga bisa nk’aho birangiye, urugo rwawe rurimo gupfa ubireba, Imana ishobora kuruzura.

    Birashoboka ko umaze gutakaza ibyiringiro kukigero ukurikije ibyapfuye ubona ko nta garuriro, ariko ijwi rya Yesu rishobora gutanga ubuzima, ijwi rya Yesu ribeshaho. Birashoboka ko hari abana bawe, cyangwa se inshuti zawe, cyangwa abantu bawe ubona barabaye abanyabyaha ku kigero batakizwa, ariko Imana yabaha ubuzima. Yabaha ubuzima bagakizwa, bagahinduka abana b’Imana.

    Birashoboka ko mu bucuruzi bwawe, ibyo ugerageza gukora birimo birapfa ureba, Imana ishobora gutanga imibereho, ishobora kurema ikintu gishya ku buzima bwawe.

    Iri jwi rirazura kandi rebeshaho, usabwa kuyigirira ikizere gusa. Imana Yagiye ikora ibintu bikomeye twizezwa ijambo ryayo, kandi no mu buzima bwacu hari ibikomeye yagiye idukorera. Imbaraga zakoze ibyo ziracyakorera mu bizera, imbaraga zazuye Yesu mumva zazura ibyawe ubona ko byapfuye.

    Yesu yabasabye kubanza gukuraho igitare

    Igitare nibo bakishyiriyeho, ninabo bakikuriyeho. Hari ibintu dusabwa gukuraho mu buzima bwacu, ukwiye kubnza gukuraho kutizera, ukwiye kubanza gukuraho ibintu byose wapfundikiye Imana ikabona gukora, igitare cyo ni wowe. Ibyobo bagucukuriye Imana izabisiba, ariko ibyo wicukuriye Imana izaguha igitiyo nawe ubisibe. Hari ibintu byinshi twihambirije, ukwiye kwemera umugozi wose uguhambiriye ukagukurwaho. Birasba kugirira ikizere Yesu.

    Reba inyigisho yose: Ijwi ribeshaho/ ijwi ritanga ubugingo

    Source: Agakiza Tv

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Ese-ntukeneye-ijwi-ribeshaho-ijwi-ritanga-ubugingo.html

  • KIM University closes over financial woes #rwanda #RwOT

    The decision came after the university’s economic woes stemmed from a decline in the number of students, which began in 2016.

    One of its leaders told IGIHE, “We do it to stop wasting time for students who are waiting, yet we know that this financial problem will not be solved any time.soon.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/kim-university-closes-over-financial-woes

  • COVID-19: Rwanda- DRC Borders partially opened for students and medics #rwanda #RwOT

    The decision was taken Monday during a joint cross border meeting between Rwandan and DR Congo officials aimed at assessing the Covid19 situation along the Bukavu-Goma border posts.

    The Governor of the Western Province, Alphonse Munyantwali and his counterpart from North Kivu in the Democratic Republic of Congo, Carly Kasivita, discussed ways to improve the use of the Rubavu border in trade to prevent the spread of COVID-19.

    In a meeting held in Goma town, both governors agreed on allowing education and healthcare staff, students, sick persons and permanent employees to cross the two borders.

    'We didn’t open the borders but instead agreed on allowing some categories of persons to employees and students to cross over with legal travel documents and stay in the destination country without crossing every day,' said Munyantwali, the Governor of the Western province.

    The Rwanda-DR Congo borders with North Kivu are composed of two kinds of border post, the Grande and Petite barrier; the latter being normally the busiest part of the border areas where one can see flocks of small, medium traders crossing with charts full of cargo and others carrying merchandise on fabricated tri-cycle carriers.

    The two borders also serve as entry and exit points for persons on business trip, pleasure or education visits crossing into each of the countries either on foot or in transit vehicles.

    To limit the spread of Covid-19, all these activities had been shifted to only the Grande barrière, so as to allow both sides to easily monitor movements and ensure preventive measures are under control.

    To allow continuation of these business activities, the meeting also discussed possibilities of allowing cross border trade but limited it to only using the Petite barrier posts with strict coronavirus prevention measures in place.

    In this category, both governors agreed on allowing cooperatives and trade associations to operate.

    The governors also agreed to continue to build a peaceful business environment along the two borders to ease doing business.

    The Governor of the North Kivu in the Democratic Republic of Congo, Carly Kasivita,

    The Governor of the Western Province, Alphonse Munyantwali

    Rwanda and DRC discussed ways to improve the use of the Rubavu border in trade to prevent the spread of COVID-19

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-drc-borders-partially-opened-for-students-and-medics

  • ‘BPR Home Loan’, inguzanyo yagufasha kubona inzu yawe bwite #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Inguzanyo ya BPR Home Loan yagufasha kubona inzu yawe bwite
    Inguzanyo ya BPR Home Loan yagufasha kubona inzu yawe bwite

    Ni inguzanyo yishyurwa mu gihe kirekire, kuko yishyurwa kugera ku myaka 25, bitandukanye na mbere aho inguzanyo nk’iyo yishyurwaga kugera ku myaka 20 gusa. Ibi byorohereza abakiliya bayihawe, kuko bishyura amafaranga make make buri kwezi, bigatuma babasha kugira indi mishanga bakora ibateza imbere.

    Iyo nguzanyo kandi yishyurwa ku nyungu ntoya cyane ya 14.5%, ivuye kuri 16.5%.

    Iyo nguzanyo ishobora kugufasha kwiyubakira inzu nshyashya, cyangwa se ukaba ushobora kugura inzu yubatse, ugatandukana n’ubukode bwa buri kwezi.

    Iyi nguzanyo ya ‘BPR Home Loan’, ije ari igisubizo ku bantu benshi bamara imyaka n’imyaka bakora amanywa n’ijoro, bizigamira ngo bagere ku nzozi zo gutunga inzu zitwa izabo ariko ntibibakundire.

    Muri iki gihe kubona ubushobozi bwo kubaka inzu haba mu MUjyi nwa Kigali, mu nkengero cyangwa se n’ahandi mu gihugu nti byoroshye.

    Benshi biganjemo n’abakorera umushahara wa buri kwezi baracyahangayikishijwe no kwishyura ubukode bwa buri kwezi, nyamara bafite inzozi z’uko igihe kimwe bashobora kuzagira aho bita iwabo.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/bpr-home-loan-inguzanyo-yagufasha-kubona-inzu-yawe-bwite

  • Kanziga appears before Paris court over links to Paul Barril’s role in the genocide #rwanda #RwOT

    Kanziga, 78, a genocide suspect herself, is reported to have been summoned by the judge in charge of this investigation for complicity in genocide.

    In 2013, Paris prosecutors launched an investigation into complaints filed against former French Military officer Paul Barril’s role in the 1994 Genocide against the Tutsi; Barril being an ex-gendarme of the Elysee under former French President Francois Mitterrand.

    The complaint against Barril was filed at the Tribunal de Grande Instance in Paris by three human rights groups International Federation for Human Rights (FIDH), French Human Rights League (LDH) and Survie.

    The groups want the ex-French commando to answer for his role in keeping a genocidal government in power to exterminate the Tutsi. The rights groups filed the complaint on the grounds of Barril’s alleged complicity in the Genocide against the Tutsi.

    The ex-French military officer particularly concluded an agreement with the Prime Minister of the Interim Government of Rwanda, Jean Kambanda, to supply arms, ammunition, training and supervision.

    Barril is alleged to have been the secretive man who supplied arms and mercenaries on behalf of the French government to the Rwanda government as the Genocide against the Tutsi spread across the country in 1994.

    In 1994, Barril was paid US$3m by the interim government to supply arms and more than 1,000 mercenaries to keep it in power as the slaughter of Tutsis gained momentum.

    The contract was allegedly given to him by Kambanda, the interim Prime Minister, currently on life imprisonment in Mali for Genocide. Barril was secretly sent by François de Grossouvre, advisor to ex-French President Francois Mitterrand, to Rwanda a few days before or after the Genocide.

    On April 27, 1994, the Rwandan Defense minister at the time, Augustin Bizimana, wrote a letter to Barril asking for two specific supplies; arms and mercenaries.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/kanziga-appears-before-paris-court-over-links-to-paul-barril-s-role-in-the