Category: Uncategorized

  • SkyNet Rwanda mu bigo byashimiwe nk’ibyahaye serivisi nziza abakiliya mu 2020 #rwanda #RwOT

    Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ukuboza 2020, nibwo hatanzwe ibihembo by’Ikigo Kalisimbi Events bizwi nka 'Service Excellence Awards’ bihabwa abantu n’ibigo byagaragaje kuba indashyikirwa mu kwakira neza ababagana no kubaha serivisi nziza.

    Muri ibyo bihembo byiswe 'Service Excellence Awards’, Skynet Rwanda yashimwe nk’ikigo cyatanze serivisi zo gutwara neza ubutumwa n’imizigo mito n’iminini [Courier Service Provider of the Year].

    Ubusanzwe bimwe mu bigenderwaho hatangwa ibi bihembo bihabwa ikigo cyitwaye neza mu gutanga serivisi hakorwa amatora binyuze kuri internet ndetse hakabaho n’akanama nkemurampaka kicara kakareba niba koko ikigo gikwiye kuba icya mbere.

    Amatora yo kuri internet, amajwi avuyemo agira uruhare rwa 40%, andi 60% agatangwa n’iryo itsinda riba ryashyizweho nyuma yo kumva ibitekerezo by’abakiliya ku bigo runaka no gukora ubushakashatsi ku isoko.

    Ubuyobozi bw’Iki kigo bwatangaje ko ari iby’agaciro ndetse bigaragaza icyizere abanyarwanda bakomeje kukigirira bikaba byongereye imbaraga mu buryo batanga serivisi inoze kandi nziza.

    SKYNET Worldwide Express ni ikigo cy’Abongereza kizobereye mubyo gutwara imizigo mito n’iminini ku Isi hose, kikaba cyaratangiye mu 1972 naho mu Rwanda no mu Burundi kihafungura ishami mu 1998 rihagarariwe n’ikigo Big Five Ltd.

    Iki kigo gikura imizigo mu bihugu bisaga 210 kiyizana hano mu Rwanda aho uturere twose uko ari 30 iyo ufite umuzigo bawukuzanira aho uherereye bawukuye mu bihugu by’amahanga nka za Dubai, u Bushinwa, Johannesburg, London, Miami, Singapore n’ahandi.

    Uretse Sky Net yegukanye igihembo muri 'Service Excellence Awards’, hari ibindi bigo birimo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC cyashimiwe mu buryo bw’umwihariko kubwa serivisi nziza gikomeje gutanga by’umwihariko mu bihe bya COVID19.

    Umuyobozi wa Kalisimbi Events, Emmanuel Mugisha, yavuze ko bahisemo kujya batanga ibihembo nk’ibi kugira ngo bashimire ibigo biba byatanze serivisi neza ndetse banahwiture ibikigenda biguru ntege.
    Ikigo gitwara imizigo itandukanye, SkyNet Rwanda cyashimiwe gutanga serivisi nziza
    Byari ibyishimo ku bakozi ba SkyNet Rwanda nyuma yo kwegukana igihembo Umuhanzi Kamurasi David wamamaye nka Davy Ranks asigaye ari umukozi wa SKYNET Rwanda Umuyobozi wa Kalisimbi Events, Emmanuel Mugisha yashimiye ibigo byatanze serivisi nziza

    Ibindi bigo byahawe ibihembo muri 'Service Excellence Awards’

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/SkyNet-Rwanda-mu-bigo-byashimiwe-nk-ibyatanze-serivisi-nziza-ku-bakiliya-mu-2020

  • Amb. Rwakazina presents letters of credence to Pope Francis #rwanda #RwOT

    Ambassador Rwakazina is Rwanda’s ambassador to the Holy See with residence in Geneva, Switzerland. She also represents Rwanda to the United Nations and various organizations.

    During the ceremony, other ambassadors from nine countries including Denmark, Estonia, India, Jordan, Kazakhstan, Madagascar, Mauritania, Uzbekistan and Zambia also presented letters of credence to represent their countries.

    After presenting credential letters to Pope Francis, Amb. Rwakazina held bilateral talks known as 'Concordat’ with the Vatican Secretary of State, Cardinal Pietro Parolin which focused on strengthening bilateral relations between Rwanda and the Holy See.

    A concordat is a convention between the Holy See and a sovereign state that defines the relationship between the Catholic Church and the state in matters that concern both the recognition and privileges of the Catholic Church in a particular country and with secular matters that impact on church interests.

    Diplomatic relations between Rwanda and the Holy See were established 56 years ago but were profoundly affected with involvement of members of the Catholic Church in the 1994 Genocide against the Tutsi.

    Rwakazina’s presentation of credentials comes only a week after Cardinal Antoine Kambanda was installed cardinal by Pope Francis in the consistory held on 28th November 2020.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/amb-rwakazina-presents-letters-of-credence-to-pope-francis

  • Ntibisanzwe! Umwarimu yaguwe gitumo asambanya umunyeshuri we mu ishuri #rwanda #RwOT

    Ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Afurika y'Epfo, hasakajwe amafoto agaragaza umwarimu n'umunyeshuri w'umukobwa yigisha baguwe gitumo barimo gusambanira mu cyumba cy'ishuri rye mugihe cyo kuruhuka abanyeshuri batashye.

    Ibi byari ibintu by'umwarimu w'imico isuzuguritse birenze kamere, arenga ku mategeko agenga abarezi mu bigo by'amashuri, aho ibikorwa bye byakuruye ibibazo n'ibisubizo byinshi mu bitangazamakuru bitandukanye byo kuri interineti..

    Nkuko byagaragajwe na raporo, uyu munyacyaha ngo ngo ni umwarimu wa siyansi, wigize nk'uwakomeje isuzumabumenyi ry'uyu munyeshuri yigisha, mu gihe abandi bari kuruhuka, yihishe inyuma yo kumufasha gukemura ikibazo cy'imibare uyu mwangavu ukiri muto yari yaramubajije mbere.

    Ibi byaje gukomeza kugeza ubwo umunsi umwe ubwo abiga bose basubiye murugo, igihe ahantu hose ntawaharangwaga uyu murezi yatangiye gutereta uyu munyeshuri maze batangira gusambanira ku ntebe yabanyeshuri.

    Bibabaje kuri we, umunyeshuri umwe yaje kwibuka ko hari ikintu yibagiriwe mu ishuri maze agaruka kugifata, mu kuhagera yatangajwe n'ibo ahasanze maze aho kuzamura ijwi, yahisemo gutangira gufata amashusho mbere  kugirango umwarimu atabona ibibaye.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/05/ntibisanzwe-umwarimu-yaguwe-gitumo-asambanya-umunyeshuri-we-mu-ishuri/

  • Perezida Kagame yitabiriye Inama itegura gutangiza isoko rusange rya Afurika #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Perezida Paul Kagame
    Perezida Paul Kagame

    Ni inama yibanze ku kunoza ibikenewe byose kugira ngo isoko rusange rya Afurika rizatangirane n’ukwezi gutaha ku itariki ya mbere Mutarama 2021.

    Iryo soko rusange rizoroshya ubucuruzi hagati y’ibihugu bya Afurika cyane cyane ibyamaze kwemeza ayo masezerano yo gushyiraho isoko rusange.

    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ubucuruzi/article/perezida-kagame-yitabiriye-inama-itegura-gutangiza-isoko-rusange-rya-afurika

  • Umuryango wa Gasana Eugène Richard, umuyoboke ukomeye w'umutwe w'iterabwoba, RNC, baramushishikariza kuva mu buyobe agasaba imbabazi u Rwanda n'Abanyarwanda #rwanda #RwOT

    Ibaruwa Rushyashya yashoboye kubonera kopi, yashyizweho umukono na Gasana Alice, mushiki wa Gasana Eugène Richard, uyu mubyeyi akaba ari nawe mukuru mu muryango wabo, ugizwe n'abana 4. Mu mvugo igaragaramo agahinda gakomeye, Madamu Gasana Alice avuga ko imyitwarire ya musaza we itandukanye n'uburere yahawe mu muryango, ngo ikaba yarashenguye umutima abo bavukana, inatera isoni umuryango wose. Gasana Alice avuga ko urebye uburyo Gasana Richard yakuze, n'icyizere uRwanda rutahwemye kumugirira, byagombye kumuha indangagaciro zo gukunda Igihugu cye, aho kwirirwa acyandagaza mu batagikunda.

    Uyu mubyeyi ati:' Tumaze imyaka 4 twumva ibibi bikorwa na musaza wanjye Gasana Eugène Rishard, n'ibyo agiramo uruhare, bikatubabaza cyane. Mfashe uyu mwanya ngo mbamenyeshe ko umuryango wacu witandukanyije nabyo, mu mvugo no mu ngiro….Gasana Eugène mwana wa mama, kuva mu bwana bwawe waranyubahaga. N'ubu ndagushishikariza kureka ibibi uvugwamo, ugasaba imbabazi uRwanda n'Abanyarwanda. Niba kandi utaratera intambwe ngo uzisabe, njye ndazigusabiye kuko dusangiye amaraso'.

    Gasana Eugène Richard yakoze imirimo ikomeye mu Rwanda, harimo no kuruhagararira mu Muryango w'Abibumbye mu gihe cy'imyaka hafi 5 ,uhereye muw'2012 . Nk'uko bisanzwe bigenda ku bahagarariye ibihugu byabo mu mahanga iyo bahinduriwe imirimo, Gasana Eugène Richard nawe yarahamagajwe, ariko yanga kugaruka mu Rwanda, ahubwo aboneza muri wa mutwe w'iterabwoba, RNC, anaba umwe mu bahuzabikorwa b'ibigarasha. Yagaragaye kenshi mu nama zitegura kugirira nabi uRwanda, nk'iyamuhuje na Perezida wa Uganda Yoweri K. Museveni muri Werurwe 2019, hakusanywa inkuga ya RNC.

    Muri iyi minsi kandi haravugwa urubanza Gasana Eugène Richard aregwamo gusambanya ku ngufu umwana w'umukobwa wakoze nk'uwimenyereza akazi muri Ambasade y'uRwanda Gasana yakoreyemo amanyanga atabarika. Biranavugwa ko uru rukozasoni (yagize umwuga kuko ari ingeso asazanye), rwamuteranyije bikomeye n'umugore we'TETELI', uretse ko uyu nawe atoroshye mu gucuruza umubiri n'amagambo, ubu akaba ari ikigarasha-gore gikuru.

    Ibya 'Teteli' watatiye igihango cy'umuryango we watsembwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi,i Nyamirambo ya Kigali, tuzabigarukaho ubutaha.

    The post Umuryango wa Gasana Eugène Richard, umuyoboke ukomeye w'umutwe w'iterabwoba, RNC, baramushishikariza kuva mu buyobe agasaba imbabazi u Rwanda n'Abanyarwanda appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/umuryango-wa-gasana-eugene-richard-umuyoboke-ukomeye-wumutwe-witerabwoba-rnc-baramushishikariza-kuva-mu-buyobe-agasaba-imbabazi-u-rwanda-nabanyarwanda/

  • More space opens for worship houses and rites #rwanda #RwOT

    Places of worship are required to accommodate 50% of their capacity and respect all COVID-19 control measures including social distancing, washing hands, and wearing of face mask.

    Under the newly issued guidelines, the Ministry of Local Government has revealed that 'faith-based organizations can organize religious gatherings for more two days of choice per week and inform local leaders from the sector in which a church is located’.

    The two days will be additional to existing proclaimed days of worship especially, Friday for Muslims; Saturday for Adventists and Sunday for other churches.

    Burial and wedding ceremonies will also continue to be observed anytime respecting COVID-19 guidelines.

    The guidelines also indicate that religious gatherings for people in advanced ages from 65 and above should be exclusively held except those leading church services.

    Children from six and above have been also allowed to go to pray together with their siblings or parents.

    Baptism and other sacraments will be ordained respecting COVID-19 health guidelines.

    Burial ceremonies should not exceed 75 persons.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/more-space-opens-for-worship-houses-and-rites

  • Rwf 54 billion relief project for refugees launches in Gisagara #rwanda #RwOT

    The project launched in Gisagara Friday will offer such facilities for education, health among others. The launch involved visiting a construction site of 40 classrooms expected to accommodate students from Congolese refugee camp in the area and neighboring residents.

    The five-year project funded by the World Bank will cost US$60 (Rwf 54 billion) to be implemented in in Gisagara, Nyamagabe, Gicumbi, Karongi, Gatsibo and Kirehe.
    Infrastructures expected to be made available under the project include, safe water , schools, health centers, markets, roads, driving financial inclusion and environment protection initiatives.

    Kayisire explained that the project is expected to transform lives of over 365,000 beneficiaries including refugees and neighboring communities.

    She revealed that the close collaboration between refugees and neighboring residents who welcomed them makes refugees feel at ease, thus also getting involved in development activities.

    'It makes refugees feel at home. They strongly need to feel safe so that they can run activities smoothly,' underscored Kayisire.

    Apart from the construction of 40 classrooms underway in Gisagara district, the project will also provide equipment at Mugombwa Vocational School and construct Musha Market.

    Similar activities will be funded in other districts covered by the project and build 10 kilometer roads in Kirehe and Karongi districts.

    Beneficiaries will also be trained in project management, working with banks while those with bankable projects will receive additional funding for implementation.

    Some of refugees from Mugombwa camp in Gisagara district expressed delight for the project expected to uplift them.

    'The project will particularly help our children to afford quality education to prepare for a better future,' said Emmanuel Rwagasore.

    The Country Representative of World Bank, Rolande Pryce commended Rwanda’s efforts towards improved welfare of refugees and reiterated commitment for continued partnership in different areas.

    Rwanda accommodates over 137,000 refugees from different camps including Mugombwa in Gisagara district; Kigeme in Nyamagabe; Gihembe in Gicumbi; Kiziba in Karongi; Nyabiheke in Gatsibo and Mahama in Kirehe district.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwf-54-billion-relief-project-for-refugees-launches-in-gisagara

  • Polisi yerekanye abantu batatu bakekwaho kwiyitirira Polisi bakiba abaturage #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Babiri muri aba bagabo batuye mu Karere ka Gicumbi bakaba barafatiwe mu cyuho bashaka kwaka ruswa y’amafaranga ibihumbi 100 umucuruzi w’inzoga witwa Nyiransekanwa Jean de Dieu, bavuga ko bamufashe yarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.

    Undi arakekwaho kwiyitirira urwego rwa Polisi rutanga icyemezo cyo gutwara ibinyabiziga aho yatekeye umutwe umubyeyi witwa Uwera Marie Chantal akamuha amafaranga amwizeza kumuha uruhushya rw’agateganyo (permis provisoire).

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, yavuze ko bagiye kubashyikiriza ubugenzacyaha, bagatangira gukurikiranwa, bahamwa n’ibi byaha bakazahabwa ibihano birimo igifungo cy’imyaka itatu.

    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/polisi-yerekanye-abantu-batatu-bakekwaho-kwiyitirira-polisi-bakiba-abaturage

  • Rayon Sports yashyizwe mu kato nyuma y’uko abakinnyi basanganywe COVID-19 #rwanda #RwOT

    Rayon Sports yakinnye na Rutsiro FC kuri uyu wa Gatanu mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona warangiye ari igitego 1-1.

    Nyuma y’uyu mukino nibwo byamenyekanye ko hari abakinnyi bane ba Rayon Sports basanzwemo COVID-19 barimo batatu bakinnye umukino wa Rutsiro FC.

    Rayon Sports yaherukaga gupimisha abakinnyi n’abakozi bayo ku wa Gatatu mu gihe yerekeje i Rubavu ku wa Kane. Biteganyijwe ko iyi kipe yongera gupimwa harebwa uko abakinnyi bahagaze.

    Ibaye ikipe ya kabiri ivuzwemo COVID-19 nyuma ya Amagaju FC yarwaje abakinnyi 11 bigatuma inasezererwa mu mikino ya playoffs yo guhatanira kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere mu kwezi gushize.

    FERWAFA yasabye amakipe kujya ayitangariza ibyavuye mu bipimo bya COVID-19 byafashwe abakinnyi, gusa ntihajya hatangazwa ibyabivuyemo.

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imikino/article/Rayon-Sports-yashyizwe-mu-kato-nyuma-y-uko-abakinnyi-basanganywe-COVID-19

  • Rotary Club Kigali Doyen subscribes for Mutuelle de Santé for 200 children with vulnerable backgrounds #rwanda #RwOT

    Members of Rotary Club Kigali Doyen presented the cheque worth Rwf 1 million for Mutuelle de Santé subscription yesterday to representatives of OVC Rwanda at its headquarters in Kicukiro district.

    The organization helps children with vulnerable backgrounds including orphans, children living with disabilities and street children from different parts of the country.

    The Head of Finance at Rotary Club Kigali Doyen, Julien Kaburame told IGIHE that the gesture aligns with existing initiatives to support vulnerable people.

    'We are involved in different charitable activities based on seven core principles. After learning that these children needed support for Mutuelle de Santé, we rushed to intervene because it falls under our goals,' he said.

    The representative of OVC Rwanda, Emmanuel Uwamahoro expressed delight for the support.

    'These children had no Mutuelle de Santé up to date because the donor who subscribed them for medical insurance last year has died. We had not yet got means to subscribe them again. The support comes in handy,' he said.

    In the same week, Rotary Club Kigali Doyen donated Rwf 6 million to subscribe for Mutuelle de Santé 2000 residents from Nyamirambo in Nyarugenge district, Kigali city.

    The gesture is aimed at increasing the number of people affording Mutuelle de Santé.

    The first quarter of 2020/2021 fiscal year between July and September left citizens subscribing for Mutuelle de Santé at 80,1% and has currently increased to 82.1%.

    So far, Mutuelle de Santé subscribers have paid Rwf 23.7 billion.

    Rotary Club Kigali Doyen has this year funded different activities namely; donating 4000 face masks toresidents in Rutsiro district, donated Rwf 13 million to King Faisal Hospital and University Teaching Hospital of Kigali , donated 900 liquid soaps to Rwanda Biomedical Center as well as sanitary equipment including 160 hand washing facilities worth Rwf 12 million.

    The club also contributed Rwf 3 million to support 'Solid Africa’, philanthropy organization providing aid to the most vulnerable patients in hospitals.

    Rotary Club Kigali Doyen is one of six Rotary Clubs in Rwanda including Musanze, Kigali Mont Jali, Kigali Virunga, Gasabo and Butare with 122 members.

    It comprises of members consolidating efforts to provide humanitarian services and support to address problems facing the world by combating illiteracy and poverty, contributing to the provision of safe water, handling disputes and fighting epidemics.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rotary-club-kigali-doyen-subscribes-for-mutuelle-de-sante-for-200-children-with