
Category: Uncategorized
-
#COVID19: Habonetse abarwayi bashya 41, abakize ni 24 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
Abo barwayi bashya 41 babonetse mu bipimo 3,685 bakaba barimo ababonetse i Kigali: 18, Rubavu: 19, Kirehe: 1, Nyagatare: 1, Rusizi: 1, Gakenke: 1.
Kugeza kuri uyu wa Gatandatu, mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 6,084 muri bo abamaze gukira ni 5,696, naho abakivurwa ni 337.
Mu Rwanda umugabo w’imyaka 45 yishwe na Covid-19 i Kigali ku wa Gatanu tariki 04 Ukuboza 2020 ahita yuzuza umubare w’abantu 51 bamaze kwicwa n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020.


-
Three Suspected Police Impersonators Arrested #rwanda #RwOT
Rwanda National Police (RNP), on Saturday, November 5, paraded to journalists three men, at the Metropolitan Police headquarters in Remera, who were masquerading as Police officers and defrauding unwitting members of the public.
Two of the suspects; Thomas Habanabakize, 36, and one only identified as Mugemana, 31, were arrested in Gicumbi District, where they were guising as 'Police commanders.'
Another suspect identified as Bonifance Nzabirinda was arrested in City of Kigali for allegedly masquerading as a traffic Police officer and defrauding people promising to give them a driver's license.
Jean de Dieu Ntirusekanwa, one of the would-be victims, narrated that in the evening of December 2, Habanabakize and Mugemana came to his shop located in Nyagatoma trading centre, Rutare Sector in Gicumbi District, and ordered for alcoholic drinks.
'I told them that it is prohibited to take it from my shop unless they want to take the drinks home, but they insisted that directives don't apply to them because they are Police commanders in Gicumbi,' Ntirusekanwa narrated.
He added: 'After drinking, they refused to pay me, instead they accused me of selling illicit drinks. They told me that Agasusuruko drink is a psychotropic substance and demanded Frw100, 000 or else they take me into custody. They actually told me that they had called for a Police vehicle to take me.
However, I suspected that these could be conmen. I called my neighbours, we also called our village chief, who contacted Police in the district and confirmed that they are fraudsters.'
Following the arrest of Habanabakize and Mugenama, it came to light that they were also wanted in connection with similar scam where they defrauded another victim of Frw120, 000, recently.
On the other hand, Nzabirinda was arrested in connection with three cases of fraud and impersonation allegedly committed in Kigali and Ngoma District.
Marie Chantal Uwera, one of Ndabirinda's victims, explained that on November 16, she received a phone call from Bonifance Nzabirinda.
'He told me that he is a Police officer attached to traffic, and was calling to thank me for a service I had rendered to his wife at the health centre (Remera) and in order to show gratitude, he wanted to get me or any person of my wish, a driver's license,' Uwera said.
'It was on Monday, I was busy, but he called me again after like four hours. He again called me on Friday of the same week, but I had told my workmates and found that he had also called one of them with the same trick.
In order to have him arrested, I sent him Frw10, 000 and told the Police. I am happy that what I had hoped for, that is to have him arrested has been achieved. Frw10,000 is no where close to the threat he was imposing on Rwandans.'
RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera commended the public's increased vigilance and responsiveness against such criminals.
'These suspects were arrested because of individual efforts by either victims or would-be victims. Some of them like Uwera went an extra-mile to comply, pay her money just to help law enforcement organs to locate and arrest the conman; that's how far we have gone in community policing ' CP Kabera said.
He warned that whether a Police officer or not, everyone is required to operate within the limits of the law. Asking money to offer a service or to exenorate one from a certain crime is equally a crime and such people should be reported and arrested.
'We are happy that people now know what the Police should or should not be doing.'
Impersonation, under article 279, attracts an imprisonment of between two and three years and a fine of between Frw300, 000 and Frw500, 000, while fraud is punishable under article 174, with an imprisonment of between two and three years and a fine of Frw3 million to Frw5 million, upon conviction.
The post Three Suspected Police Impersonators Arrested appeared first on Taarifa Rwanda.
Source : https://taarifa.rw/three-suspected-police-impersonators-arrested/
-
Abasore gusa: Ibimenyetso byerekana umukobwa ukiri ingaragu kandi ushaka umukunzi cyane – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Kuba ingaragu bishobora rimwe na rimwe kurambirana ugasanga umukobwa ni mwiza ariko ari wenyine, ibyo bikamutera kwiheba no kugira ishyari mu gihe abandi bameze neza bari kumwe n'abakunzi babo. -
Kinyoni wanditse ‘Kola’ ya The Ben yaba ari kwandikira indirimbo ibyamamare byo muri Nigeria-VIDEO – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Ubuhanga bwa Niyonkuru Jean Claude akiri muto bwatumye ababyeyi be bamuhimba Kinyoni na n’ubu avuga ko izina ari irikujije. Mu kiganira Inyarwanda.com, Kinyoni yasobanuye ko ari mu biganiro n'abahanzi b'ibyamamare ashobora kwandikira indirimbo ariko bizamenyekana bidatinze. -
Abantu babonye aho kwidagadurira: Belyse Kaliza wa RDB mu gufungura Kigali Cultural Village irimo 'Canal Olympia' yerekaniwemo Filime ya Gaël Faye – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Abahanzi mu ngeri zitandukanye bashyizwe igorora, ni nyuma y'uko Kigali Cultural Village iherereye ku Irebero yuguruye amarembo, irimo inzu yihariye mu kwerekana cinema yitwa 'Canal Olympia' n'imbuga nini yo kwakira ibitaramo n'inama zikomeye mu bihe bitandukanye. -
Wari uzi ko: Bamwe mu bagabo bifuza kugira igitsina kinini ku buryo ubabonye wese ahita abibona – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Impuguke mu bijyanye mu bijyanye n'imibonano mpuzabitsina yanditse igitabo yise ‘Sex and Ejaculation’ agaragaza uburyo umugabo wifuza kugira igitsina kinini yakoresha kugira ngo abigereho. Ni mu gihe usanga hari abagabo baba bifuza kugira igitsina kinini ku buryo ubabonye wese ahita abibona. -
Aho ntibyaba ari urwihisho ku bahanzi bari kwerekeza mu gukina Filime ngufi zica kuri Youtube? – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umuziki, Sinema, Comedy; byose bibarwa mu gisata cy'imyidagaduro, ariyo mpamvu muri iyi minsi hari abahanzi bamwe na bamwe bacumbagira muri muzika bakerekeza gukira filime ngufi zica kuri Youtube, bamwe bakibaza icyaba kiri gutera aba bahanzi kugabanya umwanya baha umuziki bakongera imbaraga muri sinema. -
Iburasirazuba: Biyemeje kugarura mu ishuri abanyeshuri 10% bataragaruka #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
-
- Guverineri Mufulukye arasaba abayobozi b’imidugudu n’amasibo gushaka abana bataragaruka ku ishuri bakagarurwa byihuse
Mu butumwa Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yabagejejeho, yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye cyane cyane ab’imidugudu kujya gushakisha abana batarasubira ku ishuri.
Avuga ko kugeza ubu abana bari ku ishuri ari 90% by’abagombaga kuba bahari mu gihe 10% batararisubiramo.
Ati “Nagira ngo mbibutse ko abana bagomba kuba bari ku ishuri ntabwo bose baragaruka turi kuri 90% ni ukuvuga haracyari 10% ritari ryasubira ku ishuri, abo bana turabashaka, bayobozi b’imidugudu muve hano mugenzure imidugudu n’imiryango abana batari bajya ku ishuri kandi umwaka wabo waratangiye kwiga mubagarure ku ishuri.”
Guverineri Mufulukye avuga ko umwana yakabaye ari mu rugo mu gihe cy’ibiruhuko gusa cyangwa arwaye ariko nabwo akaba akurikiranwa n’abaganga.
Yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye mu Karere ka Gatsibo guhagurukira ikibazo cy’abana b’abangavu baterwa inda kigacika ndetse n’ababasambanya bagafatwa bagahanwa.
Ariko nanone avuga ko mu gihe habaye ikibazo umwana agaterwa inda bidakwiye ko ahagarika ishuri burundu.
Agira ati “Tubarinde inda ariko n’uwagize ibyago agomba gusubira mu ishuri, ntidushaka kumva ngo ari aho mu muryango baramwihoreye ubwo barindiriye ngo azageze ya myaka ashyingirwe, ntabwo bishoboka. Turabasaba ko mu mihigo yanyu hasubiramo kurengera abana bacu, abangavu.”
Muri iyi nama mpuzabikorwa, umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo, Gasana Richard, yagaragaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari ushize ubuhinzi bwateye imbere kuko bwinjirije abaturage amafaranga y’u Rwanda miliyari 33 na miliyoni 800 mu gihe ubworozi bwinjije miliyari hafi eshatu.
Yongeyeho ko mu rwego rwo kurushaho kugabanya umusaruro wangirika, ubu hamaze kuzura ubwanikiro 98 ndetse n’ubuhunikiro butatu kugira ngo abaturage babone aho banika umusaruro wabo ndetse no kuwuhunika.
Umurenge wa Gasange utaragiraga umuriro w’amashanyarazi umwaka w’ingengo y’imari ushize usize abaturage baho batangiye kuwubona.

-
-
Dr Uwamariya officiates launch of Kimihurura Primary School renovated by US #rwanda #RwOT
The upgrading of the school with infrastructures facilitating people living with disabilities was funded by the Unites States through the management of United States Africa Command (AFRICOM).
The ceremony that took place yesterday was also attended by US ambassador in Rwanda, Peter Vrooman.
Some of completed activities include the construction of 12 new classrooms, renovating 7 classrooms, building 30 latrines, and establishing water supply system at the school.
AFRICOM also took part in the renovation of Groupe Scolaire Tyazo located in Western Province.
Minister Uwamariya lauded US support observing that it is a way of investing for the future.
'The support to the education sector reflects on the country’s development,' she said.
The ceremony coincided with the International Day of Persons Living with Disabilities celebrated on 3rd December.
The school which also received books; accommodates 1026 pupils including 658 girls and 378 boys.
In October, United States Agency for International Development (USAID) announced five-year plan to provide Rwf 605 billion funding to support different development initiatives in Rwanda where a huge amount will be designated for education projects.
IGIHE
