Category: Uncategorized

  • Pakistan yemeje itegeko rikakaye ku bazajya bafata abagore ku ngufu #rwanda #RwOT

    Umukuru w'igihugu cya Pakistani  yemeje itegeko rishya rigamije kurwanya ifatwa ku ngufu ry'abagore, aho uzajya ahamwa n'iki cyaha azajya ashahurwa hakoreshejwe imiti.

    Ibi ariko nanone nk'uko ibitangazamakuru byo muri Pakistan byabigarutseho, bigamije kwihutisha imanza no gufata ingamba nshyashya mu guhangana no gufata ku ngufu abagore.

    Iri tegeko rivuga amazina y'abahamwe no gufata ku ngufu azajya yandikwa mu gitabo ariko hahishwe ay'abafashwe ku ngufu.

    Iri tegeko ryemejwe nyuma y'aho umugore umwe muri Nzeri 2020 yafashwe ku ngufu n'abantu benshi bamusambanyirije hafi y'umuhanda ujya mu Mujyi wa Lahore,abana be bareba.

    Iri tegeko ariko risigaje kugezwa imbere y'abasenateri kugira ngo ryemezwe burundu.

    Hagati aho, hari bamwe banegura iri tegeko, bakavuga ko ibi bihano birenze urugero, kandi ko batabanje kubaza abanyagihugu mbere y'uko baryemeza.

    Hari ibindi bihugu bisanzwe bikoresha imiti yo gushahura abakoze icyaha cyo gufata ku nguvu.

    Mu 2016, Indonesia yemeje iri tegeko ryo gukoresha iyi miti ku bafata abana b'abahungu ku ngufu, naho Pologne ikaba yaremeje iri tegeko ku bantu bakuze bafata abana ku ngufu, muri 2009.

    Kuva mu myaka mike ishize , Pakistani isa n'iyahagurukiye ikibazo cyo gufata ku ngufu abagore.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/17/pakistan-yemeje-itegeko-rikakaye-ku-bazajya-bafata-abagore-ku-ngufu/

  • The United States Delivers $20 Million in Wheat to the Sudanese People #rwanda #RwOT

    Fulfilling a pledge made in November, the United States has provided 65,000 metric tons of wheat in the Republic of Sudan through a grant worth $20 million from the U.S. Agency for International Development (USAID) to the World Food Programme (WFP).

    This donation will help alleviate a significant shortage of affordable wheat as the Sudanese people face growing needs because of a challenging economy, historic floods earlier this year, and the pandemic of COVID-19.

    The United States recognizes the essential leadership role of Sudanese Prime Minister Abdalla Hamdok in delivering this important assistance to the people of Sudan. Sudan's civilian-led Transitional Government will use the wheat to help reduce shortages of low-cost flour and bread in the greater Khartoum area.

    This agreement is part of the United States' robust assistance in Sudan, which totaled nearly $437 million in humanitarian assistance in Fiscal Year (FY) 2020, including more than $32 million to respond to the COVID-19 pandemic, and more than $50 million in development funding in FY 2019.

    This announcement comes as Sudan is entering a promising new era for its people. Along with joining the Abraham Accords and moving toward the normalization of diplomatic relations with Israel, the Sudanese Transitional Government has reformed laws and state institutions to represent and respond better to the Sudanese people, and engaged in difficult negotiations with armed groups to sign a peace agreement in October.

    These efforts demonstrate the Transitional Government's commitment to ending combating terrorism and decades of violence and corruption in Sudan.

    The United States looks forward to a new era of cooperation with the Transitional Government, civil society, and the private sector in Sudan to bring stability and prosperity to the Sudanese people.

     

    20

    The post The United States Delivers $20 Million in Wheat to the Sudanese People appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/17/the-united-states-delivers-20-million-in-wheat-to-the-sudanese-people/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=the-united-states-delivers-20-million-in-wheat-to-the-sudanese-people

  • U Rwanda rwasubije Umudepite wa Amerika wasabye ko Rusesabagina arekurwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Paul Rusesabagina mu rukiko
    Paul Rusesabagina mu rukiko

    Mu ibaruwa yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye, Leta y’u Rwanda yibukije Carollyn Maloney ko Paul Rusesabagina atigeze ashimutwa, ko ahubwo ari we ubwe wizanye mu Rwanda.

    Carollyn Maloney yandikiye Perezida Kagame ku wa 14 Ukoboza uyu mwaka, amusaba ko Paul Rusesabagina arekurwa agasubira muri USA.

    Leta y’u Rwanda ivuga ko ubutabera bw’u Rwanda bwigenga, kandi ko Rusesabagina ari mu maboko y’ubutabera, ifatwa rye ndetse n’ikurikiranwa rye rikaba rikurikije amategeko.

    Yibukije ko yaba Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ndetse n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, basobanuriye ku buryo bwumvukana urukiko n’itangazamakuru ko Rusesabagina atigeze ashimutwa cyangwa ngo yoherezwe mu Rwanda, ko ahubwo ari we ubwe wizanye mu Rwanda, hanyuma agafatwa hakurikijwe impapuro zo kumuta muri yombi zari zarashyizweho n’Ubushinjacyaha bwa Repubulika y’u Rwanda muri 2018.

    Ubushinjacyaha bushinja Rusesabagina hamwe n’abandi bantu 18 ibyaha birenga 9 bikomeye, birimo kurema umutwe witwaza intwaro, kwinjira mu mutwe w’iterabwoba, gutera inkunga iterabwoba, ubwicanyi, ubushimusi, ubujura bwitwaje intwaro, ndetse n’ibindi, urukiko rukaba rwarashyize iburanisha ryabo ku itariki ya 26 Mutarama 2021.

    Bazaburanishwa n’Urugereko rw’Urukiko Rukuru, rwashyiriweho kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, ruri i Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo.

    Ubushinjacyaha kandi bugaragaza ko ibyaha Rusesabagina ashinjwa bitakozwe mu ibanga, kuko nko mu Ukuboza 2018, nk’umuyobozi w’impuzamashyaka MRCD/Ubumwe ndetse n’umutwe wayo wa gisirikare wa FLN, Rusesabagina yashyize amashusho kuri Youtube yise iy’umwaka mushya, yemera inkunga ye isesuye mu gushyigikira urubyiruko rwa FLN, ndetse yerura ko bagiye gushoza intambara ku Rwanda.

    Ubushinjacyaha bugaragaza kandi ko FLN ya MRCD yagabye ibitero mu Turere twa Nyaruguru na Nyamagabe ndetse no muri Nyungwe muri 2018, byahitanye abantu 9 bikomeretsa abandi benshi.

    Leta y’u Rwanda ivuga ko impungenge za Carollyn Maloney ku buzima bwa Rusesabagina cyangwa ko atazahabwa ubutabera bwuzuye nta shingiro zifite, kuko Rusesabagina abayeho neza kandi ko ahabwa ubuvuzi n’inzobere ndetse ko na bamwe mu bagize umuryango we bavugana na we babizi.

    U Rwanda kandi ruvuga ko nk’umuntu ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda n’u Bubiligi ndetse akaba n’umuturage wa USA, Rusesabagina asurwa na Ambasade z’u Bubiligi ndetse na USA iyo byasabwe.

    Rusesabagina kandi ngo yunganiwe mu rukiko n’umunyamategeko yihitiyemo, kandi nk’undi Munyarwanda wese, afite uburenganzira ku butabera bwuzuye, nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga.


    source https://www.kigalitoday.com/ubutabera/amakuru/article/u-rwanda-rwasubije-umudepite-wa-amerika-wasabye-ko-rusesabagina-arekurwa

  • Observability platform LOGIQ raises US$1.8 million in seed funding from Leo Capital #rwanda #RwOT

    ·Â Â Â Â Â Â Â Â Â Fundraise: The funding amount will be used to expand technological capabilities and raise awareness

    ·Â Â Â Â Â Â Â Â Â Ambition: LOGIQ plans to democratise the observability space and make it accessible for organisations of all sizes.

     

    16th December 2020, London: LOGIQ, an observability platform for IT administrators and DevOps teams, announced that it has raised US$1.8 million in its first institutional seed funding round, led by Leo Capital. The funding will be used to expand its AI/ML capabilities and onboard more customers. LOGIQ solves the ubiquitous problem enterprises are faced with when handling the variety and volume of data in the organisation, while running their IT infrastructure and applications.

     

    Half of all organizations1 process more than 100GB of log data in different formats every day, and the numbers continue to rise. This is just the tip of the iceberg. There is such a flood of data available from APIs, databases, data lakes, etc. The lack of a unified platform that can converge this data has long been a pain point for IT practitioners, DevOps users, and developers alike. LOGIQ's mission is to make all IT data accessible and analyzable.

     

    By unifying data types, such as logs, metrics, databases, and APIs, LOGIQ's Observability platform enables them to harness the power of machine data analytics for applications and infrastructure in a single platform with 1-Click simplicity. Users can aggregate log data, gather performance metrics, access API's and connect databases such as Elastic, Mongo, Postgres, Druid, and Mysql for real-time visibility into the health of their IT infrastructure and application environments.

     

    Commenting on the fundraise Ranjan Parthasarathy, CEO and Co-Founder, at LOGIQ, said, 'We started with the goal of helping enterprises transition from managing their data in silos to a more unified manner in which they can harness their data. With LOGIQ, we want to empower developers and administrators in keeping their infrastructure and applications always running. The funding raised will enable us to widen our reach and also enhance our AI/ML capabilities.'

     

    Tito George, Co-Founder, LOGIQ, said, 'Data is the new oil across enterprises. However, there is also a need for a solution that helps them manage this data efficiently without hampering their operational efficiency or infrastructure. This is what LOGIQ has set out to do with its products and offerings. This funding will help us take our solutions to more industry stakeholders.'

     

    Commenting on the  investment, Rajul Garg, Managing Partner, at Leo Capital, said, 'There is a huge amount of data being generated across all sectors today. Consequently, the need of the hour is a platform like LOGIQ that can help enterprises organize, manage, and categorize this data without affecting their processes and infrastructure. We are thrilled to back them and have tremendous faith in both the company and its leadership.'

     

    LOGIQ can be hosted as a self-service or managed SaaS, providing maximum flexibility to the user. LOGIQ's support for industry standards ensures full compatibility with legacy infrastructures like bare-metal servers, VM's, switches, and more modern cloud-native environments like Kubernetes and public cloud infrastructure. Some of their USPs include unified view, predictable pricing, one-click set-up, and zero tax storage management tax.

     

    LOGIQ has a strong and motivated team with over 100 years of expertise in production engineering, building and running IT, DevOps, and DevSecOps in private and public cloud environments. LOGIQ plans to democratize the observability space and make it more accessible for organizations of all sizes.

     

    34

    The post Observability platform LOGIQ raises US$1.8 million in seed funding from Leo Capital appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/17/observability-platform-logiq-raises-us1-8-million-in-seed-funding-from-leo-capital/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=observability-platform-logiq-raises-us1-8-million-in-seed-funding-from-leo-capital

  • Menya telefone abaperezida bamwe bo muri Afurika bakunda gukoresha cyane #rwanda #RwOT

    Bamwe mu Bakuru b'Ibihugu ku mugabane wa Afurika cyane cyane ba Perezida, bakoresha telefone zitandukanye n'izikoreshwa na rubanda nyamwinshi mu buryo bwo kwirindira umutekano.

    Urubuga Africa Report rwashyize ahagaragara zimwe muri telefone zikoreshwa n'aba Bakuru b'Ibihugu n'uburyo bazikoreshamo.

    Uru rubuga ruvuga ko Abakuru b'Ibihugu byinshi byo muri Afurika y'Iburengerazuba, bakoresha telefone za 'Gatushe' zo mu bwoko bwa Teorem zikorwa n'ikigo cya Thales cyo mu Bufaransa.


    Telefone ya Teorem iri mu za mbere zitinjirirwa
    Bene izi telefone ni zo zakoreshejwe na ba Perezida b'u Bufaransa barimo Jacques Chirac, Nicolas Sarkozy na François Hollande.

    Uruganda Thales rwagiye ruvugurura telefone ya Teorem mu buryo bw'ikoranabuhanga ryo kubika amabanga, rwongeramo iryitwa CryptoSmart Technology ryakozwe na Ercom.

    Dore bamwe mu Bakuru b'Ibihugu muri Afurika na telefone bakoresha

    Africa Report yatangaje ko ba Perezida bo kuri uyu mugabane kandi bakunze gukoresha telefone za Blackberry. Aba barimo Macky Sall uyoboye Senegal na Faure Gnassingbé wa Togo.

    Blackberry na yo ikunzwe na ba Perezida kuri uyu mugabane
    Perezida wa Guinea, Alpha Condé we ngo akoresha telefone ziri hagati y'eshatu n'enye, akaba akoresha uburyo bw'itumanaho bwa 'Telegram', yagiyeho avuye kuri WhatsApp no gukoresha ubutumwa bwanditse gusa.

    Perezida wa Côte d'Ivoire, Alassane Ouatara akoresha modeli (model) ya kera telefone ya Nokia, gusa ngo hari indi aba afite ku ruhande rwe.


    Perezida Ouattara akoresha Nokia ya kera

    Hari abandi ba Perezida basa n'abadakoresha telefone. Abo barimo Paul Biya wa Cameroon, Denis Sassou-Nguesso wa Repubulika ya Congo na Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti.

    Gukoresha telefone idasanzwe, irenze imwe cyangwa se kudakoresha n'imwe; kimwe no gukoresha uburyo bw'itumahano butandukanye (ubutumwa bwanditse cyangwa telegram) bikorwa mu buryo bwo kwirinda ko hari uwo ku ruhande ushobora kumenya ibyaranze ikiganiro hagati y'aba Bakuru b'Ibihugu n'abo baganira.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/17/menya-telefone-abaperezida-bamwe-bo-muri-afurika-bakunda-gukoresha-cyane/

  • African Development Bank appoints Director and Special Advisor For Multilateral Development Banks, International Financial Institutions and Non-Regional Shareholders Relations in the Office of the President #rwanda #RwOT

     

    Gauthier, a Belgian citizen, is a seasoned professional in international negotiations and relations with various stakeholders

    ABIDJAN, Ivory Coast, December 16, 2020/ — The African Development Bank Group (www.AfDB.org) is pleased to announce the appointment of Mr. Gauthier Boulard as Director and Special Advisor in the Office of the President, effective 1 January 2021.

    In his new role, Gauthier will support President of the African Development Bank Group Akinwumi Adesina, to strengthen partnerships and engagements with multilateral development banks, international institutions and global initiatives to coordinate international financing for development. He will also support the President in outreach efforts to strengthen relations and engagements with non-regional member countries of the Bank Group and to promote the development priorities targeted by Bank Group strategies.

    Gauthier, a Belgian citizen, is a seasoned professional in international negotiations and relations with various stakeholders. He has over 20 years of experience on multilateral development banks and international institutions, gained from his employment in the national civil service and in international bodies. Gauthier joined the Bank for the second time in November 2015 as Chief Resource Mobilization Officer in the sovereign division of the Resource Mobilization and External Finance Department (FIRM). In early 2019, he was appointed as Manager for the same division, where he worked on coordinating African Development Fund (ADF) replenishments and monitoring, culminating in the successful fifteenth replenishment at the end of 2019. He actively participated in the internal committee and external working groups on financing innovations for the future of ADF. He also led the Bank's partnerships with several sovereign counterparts and managed both the co-financing facility and trust funds to boost the Bank Group's financial capacity to deliver on its development mandate.

    Before joining the Bank, Gauthier served at the Treasury, Ministry of Finance, in Belgium, where he gained solid experience on multilateral development banks — World Bank and regional development banks — and the European Union. From 2003 to 2009, Gauthier served on the African Development Bank Group's Board of Directors as Senior Advisor to the Executive Director representing Belgium, France and Italy. After his term at the Bank (2009-2015), he returned to the Department of International and European Financial Affairs at the Belgian Treasury. He represented Belgium in many international meetings and negotiations, including in the special task force to design the European Fund for Strategic Investments (EFSI) in the EU. Between 2014 and 2015, he was a member of the European Investment Bank (EIB) Board of Directors.

    Commenting on his appointment, Gauthier said: 'I am very happy to work with President Adesina to support his vision for the Bank and strengthen the Bank's engagement with non-regional shareholders and multilateral partners'.

    Gauthier holds 2nd and 3rd cycle diplomas in Political Science and International Relations and Political Sociology from the Université Libre de Bruxelles (ULB), as well as a postgraduate degree in Management (advanced level) from the Brussels Business and Management School.

    Commenting on the appointment, Dr. Adesina said 'during my second term as President of the African Development Bank, I have prioritized knowledge, financial and investment partnerships. Gauthier will support my vision and drive to build stronger strategic partnerships with multilateral development banks, international financial institutions, and with non-regional shareholders of the Bank. He is a highly respected professional, with a solid track record in negotiations and partnerships'.

    52

    The post African Development Bank appoints Director and Special Advisor For Multilateral Development Banks, International Financial Institutions and Non-Regional Shareholders Relations in the Office of the President appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/17/african-development-bank-appoints-director-and-special-advisor-for-multilateral-development-banks-international-financial-institutions-and-non-regional-shareholders-relations-in-the-office-of-the-pre/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=african-development-bank-appoints-director-and-special-advisor-for-multilateral-development-banks-international-financial-institutions-and-non-regional-shareholders-relations-in-the-office-of-the-pre

  • Hari abemerewe gusezerana nubwo ubukwe bwahagaritswe #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Minisitiri Prof Shyaka Anastase
    Minisitiri Prof Shyaka Anastase

    Mu gihe benshi bari barageze ku musozo w’imyiteguro y’ubukwe, bamwe basabaga nibura kwemererwa bagasezeranira mu misa n’amateraniro yemewe.

    Icyakora Minisitiri Shyaka avuga ko ubukwe butemewe kandi ko ababufite bakwihangana bakazabukora iki cyorezo kimaze gucisha make.

    Ati “Turamutse tubemereye ko basezeranira mu iteraniro icyo gihe iteraniro ryaba rihindutse ubukwe kandi ntibwemewe.”

    Icyakora Minisitiri Shyaka avuga hari abafite amahirwe yo gusezerana, atanga urugero ko hari ibidasaba gutegereza.

    Ati “Niba umwe mu baseserana yaravuye hanze kandi agomba gusubirayo, icyo gihe bakwegera ubuyobozi bw’Umurenge na bwo bukavugana n’izindi nzego bakabafasha.”

    Minisitiri Shyaka avuga ko nubwo aba bageni bafashwa ngo baherekezwa n’abantu babiri babasinyira atari uguherekezwa n’abantu benshi.

    Mu nkuru Kigali Today yari yakoze mbere yaho, hari abafitanye ubukwe n’abavuye mu mahanga bari bagaragaje ko bababajwe no kuba bagiye gusubirayo badakoze ubukwe. (Soma iyo nkuru HANO)

    Mu Karere ka Rubavu ho hari ufite umwihariko wo kuba amaze gutegura ubukwe inshuro ebyiri ariko bugasubikwa kubera Covid-19.

    Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14 Ukuboza 2020 yemeje ko imihango y’ubukwe, ubusabane n’ibirori bitandukanye byaba ibibera mu ngo cyangwa ahandi hose bibujijwe.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/hari-abemerewe-gusezerana-nubwo-ubukwe-bwahagaritswe

  • Rwanda records 122 new COVID-19 cases, 21 recoveries #rwanda #RwOT

    The statement released last night shows that new cases were found in Kigali: 64, Musanze: 38, Huye: 7, Nyagatare: 5, Rusizi: 3, Muhanga: 2, Nyamagabe: 2 and Karongi: 1.

    Rwanda confirmed the first case on 14th March 2020. So far, 6954 people have been tested positive out of 676,078 sample tests of whom 6057 have recovered, 840 are active cases while 57 have succumbed to the virus.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are urged to adhere to COVID-19 health guidelines, washing hands frequently using soaps and safe water, wearing face masks and respecting social distancing.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-records-122-new-covid-19-cases-21-recoveries

  • Amateka yaranze intwari yo kwizera Johann Sebastian #rwanda #RwOT

    Johann Sebastian Bach yavutse mu 1685, ni umwe mu bantu bamenyekanye cyane mu muziki, ibikorwa bye byatijwe umurindi n’inyigisho za Martin Luther King, wabaye indashyikirwa mu kuzana impinduka mu itorero akaba n’umuntu wabonaga umuziki nk’impano y’Imana.

    Sebastian yinjiye muri muziki kuva akivuka, Bach yagiye amenya tekinike n’ibikoresho kugeza abaye umuhimbyi akaba n’umuyobozi w’umuziki mu itorero yateraniraga mo. Yize tewolojiya kandi yibanze mu gusoma Bibiliya ayisobanukirwa neza kurushaho.

    Nyuma y’igihe gito yabonye inzu i Leipzig aho yamaze imyaka mirongo itatu ayobora umuziki atari mu matorero gusa ahubwo yawuyoboye mu rukiko no mu muryango mugari. Bach yapfuye mu 1750 asize umurage ntagereranywa mu muziki.

    Bach yaharaniye guteza imbere umuziki we. Mu gihe yamaze yagiye yandika inzandiko nyinshi zidasanzwe kugira ngo zifashe abaririmbyi kunoza muzika kandi yahoraga aharanira kubona ibikoreshoa bihagije no kubungabunga ireme ry’umuziki.

    Mu buzima bwe Bach yagize ibyago byinshi. Yabaye impfubyi akiri umwana, ubwo yari agarutse avuye mu rugendo yasanze umugore we yakundaga yapfuye ndetse yashyinguwe, si ibyo gusa ahubwo abana be cumi na babiri bapfuye bakiri bato. Birumvikana rero ko mu muziki ariho yaboneraga amahoro yo mu mutima.

    Umuziki wa Bach uratangaje mu bwiza no mu bwinshi. Bach yari afite ubuhanga buhambaye kandi yari azi buri kimwe cyose kijyanye n’umuziki. Nyamara nubwo yari afite ubushobozi bwo kwandika imirimo itangaje ku bijyanye n’umuziki, Bach yarangwaga no kwicisha bugufi agakora imirimo ye agamije guha Imana icyubahiro.

    Hafi ya bitatu bya kane by’umuziki wa Bach yabyandikiye itorero. Mu itorero ry’Abaluteriyani bo mu gihe cye, ibikorwa byose byibandaga ku muziki.Yafataga iminota makumyabiri akayikoresha mu kuririmba hanyuma agasoma Bibibiliya maze akabona kubwiriza. Izo ndirimbo zateguraga imitima y’abantu bagakurikira neza ikibwirizwa.

    Ukwizera kwa Bach kwamuyoboraga mu murimo w’Imana yakoraga.Yari umwigisha wa Bibiliya akaba n’umubwiriza butumwa bwiza, yatangaga ubutumwa binyuze mu muziki. Buri gikorwa cyose yashakaga gukora mu rusengero, yabanzaga isengesho rivuga ngo “Yesu mfasha”.

    Bach yanditse ko “Intego n’iherezo ry’umuziki wose itagomba kuba iyindi uretse icyubahiro cy’Imana no kugarura ubuyanja (guhembura)”, kandi umugambi we wo guhimbaza Imana no gushishikariza abamwumva kuyihimbaza waramamaye.

    Dore ibintu by’ingenzi dukwiye kwigira kuri Johann Sebastian Batch

    1.Bach yakoze umurimo wo kuramya Imana. Birumvikana ko itorero ryamuhembaga umushahara ariko mu gihe yandikiraga itorero buri cyumweru, nta gihamya cy’uko yazihemberwaga. Uyu mugabo yakoreye Imana kandi Imana yashimye. Kuramya Imana nyakuri tutitaye ku kindi kintu icyo ari cyo cyose. Iki ni ikintu buri mukristo wese akwiye kwigira kuri Sebastian.

    2.Umutima wanjye wasusurukijwe no kwizera gukomeye kwa Bach. Ikigaragara ni uko Bach, yakurikiraga imigenzereze ya Martin Luther King kandi yasobanukiwe ubutumwa bwiza buvuga uburyo abagabo n’abagore b’abanyabyaha bezwa n’Imana binyuze mu rupfu rwa Kristo ku musaraba. Natwe ntitugomba na rimwe kwibagirwa uku kuri.

    3. Ikindi kintu gishimishije ni uko Bach yagaragaje ukuri kwe haba mu kubwiriza yakoreshaga umuziki kandi intego ye mu kuririmba yari agamije guha Imana icyubahiro. Mubyukuri natwe mu muziki n’ibyo dukora byose, dukwiye kwigira kuri Bach tukabikora intego ari ukuzamura icyubahiro cy’Imana.

    Muri macye Seabastian Bach yakoze umurimo w’Imana mu gihe cye ku buryo buhambaye binyuze mu muziki. N’ubwo yahuye n’ingorane zitari nke zo gupfusha umuryango we, yarihanganye akomeza kuririmba ndetse abwiriza abantu agamije kungura Ubwami bw’Imana. Niyo mpamvu natwe dukwiye kugira indangaciro nk’ize kandi byazatubera impamba idufasha kugera mu ijuru.

    Source: www.canonjjohn.com

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Amateka-yaranze-intwari-yo-kwizera-Johann-Sebastian.html