Category: Uncategorized

  • RRA yongereye igihe cyo kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    RRA yongereye igihe cyo kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa
    RRA yongereye igihe cyo kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa

    Ibyo ni ibikubiye mu itangazo icyo kigo cyashyize ahagaragara ku wa Gatanu tariki ya 18 Ukuboza 2020, ubusanzwe kwishyura uwo musoro ureba ubutaka n’inyubako bikaba byagombye kurangirana n’ukwezi k’Ukuboza uyu mwaka, nk’uko byari bimaze iminsi bitangazwa.

    Icyo kigo kigira inama abaturage yo gukora imenyekanisha hakiri kare, cyane ko cyashyizeho uburyo bwo kwishyura bworohereza abasora, aho ababyifuza bashobora kwishyura mu byiciro bitarenze bine guhera umunsi iryo tangazo ryasohokeyeho.

    RRA kandi ikomeza kwibutsa abaturage gukora imenyekanisha ry’imisoro no kwishyura bifashishije ikoranabuhanga.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/rra-yongereye-igihe-cyo-kwishyura-umusoro-ku-mutungo-utimukanwa

  • Meddy yateye ivi asaba umukunzi we kuzamubera umugore we ubuzima bwe bwose #rwanda #RwOT

    umuhanzi w'umunyarwanda umaze kuba icyamamare ku ruhando mpuzamahanga Ngabo Medard Jobert yateye ivi hasi asaba umukunzi Mimi Mehfra kuzamubera umugore we ubuzima bwose.

    Uyu munsi udasanzwe mu buzima bw'uyu musore wigaruriye imitima ya benshi bitewe n'indirimbo 'Slowly' wabaye mu ijoro ryo ku wa 18 Ukuboza 2020 mu Mujyi wa Dallas muri Leta ya Texas.

    Wahuriranye n'ibirori byo kwizihiza imyaka 31 uyu mukobwa wo muri Ethiopia amaze abonye izuba.

    amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Meddy apfukama imbere ya Mimi ukamwambika impeta, ubundi bagasomana byimbitse baherekejwe n'indirimbo ye Slowly.

    Urukundo rw'aba bombi rumaze igihe ariko rwatangiye kwamamara cyane mu mwaka wa 2018, aho bakunze kwerekana amafoto ku mbuga nkoranyambaga batemberanye ahantu hatandukanye.

    Ubwo Meddy yazaga gutaramira mu Rwanda mu gitaramo cya East African Party gitangiza umwaka wa 2019, yazanye n'uyu mukobwa amwereka umuryango we ndetse bari babanje guca ku ivuko rye muri Ethiopia.

      Urukundo rwa Meddy na Mimi rumaze gutera intambwe ikomeye cyane

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/19/meddy-yateye-ivi-asaba-umukunzi-we-kuzamubera-umugore-we-ubuzima-bwe-bwose/

  • COVID-19: Rwanda records 73 new cases, zero recovery #rwanda #RwOT

    The statement released last night shows that new patients were found in Kigali: 40 Rubavu: 17, Huye: 7, Musanze: 6, Rwamagana: 2 and Burera: 1.’

    Rwanda confirmed the first COVID-19 patient on 14th March 2020. So far, 7105 have been tested positive out of 682,600 sample tests of whom 6,089 have recovered, 959 are active cases while 57 have succumbed to the virus.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are urged to adhere to COVID-19 health guidelines, washing hands frequently using soaps and safe water, wearing face masks and respecting social distancing.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-records-73-new-cases-zero-recovery

  • Immovable property tax deadline extended #rwanda #RwOT

    The new deadline is set to 31st March 2021 instead of 31st December 2020.

    The previous deadline had triggered mixed reactions whereby the general public requested extension citing economic shortfalls due to effects of COVID-19 pandemic and school reopening hat also required much expenses.

    IGIHE has learnt that some people informed the City of Kigali that they couldn’t be able to make payments, hence requesting to exempt taxes.

    In a statement released, RRA has reminded tax payers 'to declare taxes early because tax payers have been facilitated to pay in four installments, effective from today.’

    The statement further reads that 'they can digitally declare and pay taxes,’ helping them to get fast service instead of queuing at local leaders’ offices.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/immovable-property-tax-deadline-extended

  • Minisitiri Mujawamariya yanyuzwe n’amazi ya SKOL ari mu macupa arengera ibidukikije #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Uretse kugurishwa muri ayo macupa atazatabwa ngo ahumanye urusobe rw’ibinyabuzima byo mu mazi, Minisitiri w’Ibidukikije yavuze ko amazi ya SKOL yitwa ‘Virunga Water’ yamunyuze.

    Dr Mujawamariya yagize ati “Nasomye kuri aya mazi numva ni meza cyane”.

    Minisitiri Mujawamariya yanyoye ku mazi ya SKOL
    Minisitiri Mujawamariya yanyoye ku mazi ya SKOL

    SKOL ni uruganda rusanzwe rukorera mu Rwanda ibinyobwa bisembuye kuva mu mwaka wa 2010, kuri ubu byose bisigaye byitwa ‘Virunga’ (Virunga Craft Beer, Virunga Mineral Water, Virunga Sparkling Water).

    Mu mwaka ushize wa 2019 nibwo mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohokaga itegeko ryerekeye kubuza ikorwa, itumizwa mu mahanga, ikoreshwa n’icuruzwa ry’ibikoresho bikozwe muri pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe.

    Minisitiri w’Ibidukikije yavuze ko bitari mu nshingano ze gutaha uruganda, ariko ko yarutashye kubera iyo mpamvu y’uko ari rwo rwa mbere mu Rwanda rutanze amazi mu macupa atazatabwa ngo ahumanye urusobe rw’ibinyabuzima byo mu mazi.

    Yavuze ko mu macupa akorwa n’inganda z’isi zose ku mwaka apima toni miliyoni 450, amacupa angana na 40% byayo ari aya pulasitiki akoreshwa inshuro imwe ubundi akoherezwa mu nyanja, ku buryo mu mwaka wa 2050 ayo macupa ngo azaba aruta ubwinshi amafi aba mu mazi.

    Umuyobozi Mukuru wa SKOL Brewery Ltd, Ivan Wulffaert, anywa ku mazi yakozwe n
    Umuyobozi Mukuru wa SKOL Brewery Ltd, Ivan Wulffaert, anywa ku mazi yakozwe n’uruganda ayobora

    Uretse kuba uburozi buhumanya ibinyabuzima byo mu mazi abantu bafungura bikabateza indwara zidakira, amacupa ya pulasitiki n’ibindi nka yo bikoreshwa inshuro imwe bigatabwa bihinduka ubuturo bw’imibu itera malaria.

    Dr Mujawamariya yakomeje agira ati “iyi ni intambwe duteye yo kuba tugize uruganda rukora amazi agurishwa mu macupa y’ibirahure, tugomba kwihuta, birashoboka ko umunsi umwe Abanyarwanda bazicara batekanye ntawe uhura n’icupa rya pulasitiki mu mangazini n’ahandi”.

    Kuva aho itegeko rica ibikoresho bya pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe rigiriyeho, uruganda SKOL rwahise rushora amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 450 mu gukora amazi apfunyikwa mu macupa y’ibirahure, nk’uko rusanzwe rubigenza ku binyobwa bisembuye.

    Umuyobozi ushinzwe imirimo y’uruganda rukora amazi muri SKOL, Doreen Mutesi avuga ko bafite ubushobozi bwo gukora amazi yuzuye amacupa ibihumbi 40 ku isaha, cyangwa litiro miliyoni 60 ku mwaka.

    Virunga Mineral Water(anyobwa igihe cyose umuntu afite inyota) ndetse na Virunga Sparkling Water (anyobwa igihe umuntu arangije gufungura kugira ngo igogora rigende neza), agurishwa mu macupa y’ibirahure ya cl 33 ku mafaranga 400Frw buri cupa.

    Amazi ya SKOL amwe ni amara inyota andi akaba atuma igogora ry
    Amazi ya SKOL amwe ni amara inyota andi akaba atuma igogora ry’amafunguro umuntu yariye rigenda neza

    Umuntu uranguye bwa mbere amazi ya SKOL ayagurana n’ikaziye irimo amacupa 24, aho icupa ryonyine(ivide) rigurishwa amafaranga 200Frw, ubundi akazajya ajya kurangura ku madepo ajyanye ya kaziye ye.

    SKOL ivuga ko amacupa y’amazi yayo akomeye ku buryo azajya agaruka ku ruganda hamenetse atarenga 1%, kandi n’ibimene bakaba babisubiza ku ruganda hanze y’igihugu bikongera gukorwamo andi macupa meza.

    Ku bijyanye n’impamvu z’igiciro cy’amazi agurwa amafaranga 400Frw, Umuyobozi Mukuru wa SKOL Brewery Ltd, Ivan Wulffaert yagize ati “Ni amazi akungahaye ku butare (minerals) bwa calcium na magnesium bwo mu karere k’ibirunga, bukaba bufasha umuntu gukomera kw’amagufa y’umubiri we”.

    Wulffaert yavuze ko abantu bazamenyera iki giciro kuko n’amazi asanzwe aturuka ahandi ngo agiye guhenda bitewe na gahunda ya Leta yo kwirinda ibintu bya pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe.

    Minisitiri w’Ibidukikije yavuye mu Nzove aho SKOL ikorera asabye Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda gufasha abikorera bakora ibinyobwa kugera ikirenge mu cy’uruganda SKOL, mu rwego rwo kwirinda gukora ibyangiza urusobe rw’ibinyabuzima.

    source https://www.kigalitoday.com/kwamamaza/article/minisitiri-mujawamariya-yanyuzwe-n-amazi-ya-skol-ari-mu-macupa-arengera-ibidukikije

  • MINEDUC suspends 20 TVET schools over standards gaps #rwanda #RwOT

    MINEDUC inspection was conducted between August and September 2020 ahead of schools reopening.

    Claudette Irere, the Minister of State in charge of ICT and TVET at MINEDUC has told IGIHE that the inspection was meant to assess schools’ readiness to accommodate students in adherence to instituted COVID-19 health guidelines.

    'Many schools were affected following the lockdown that halted all activities. We decided to carry out an inspection to assess if the schools are ready or not,” she explained.

    Following the inspection, 20 schools were closed for failure to meet requirements for quality education.

    'I cannot confirm that the schools allowed to continue meet requirements at 100% but other schools were found with gaps that cannot be tolerated especially related to quality education,' said Irere.

    'We wanted to assess if school settings are ready to welcome students and respect COVID-19 preventive measures like washing hands, keeping social distancing among others. The inspection also took emphasis on courses, whereby we assessed if the workshops are well equipped, if teachers are qualified, trained enough and have necessary skills to educate students,' she said.

    As Irere explained, the inspection informed the decision to close the 20 schools on grounds of complex hardships hindering quality education.

    'We established many schools countrywide that should not be allowed to mislead students yet we identified existing problems. We decided to release the list so that parents and students can think on ways forward,' she noted.

    The closed schools will be allowed to reopen after meeting requirements.
    MINEDUC has announced that students who might continue studies at closed schools will not be allowed to sit for national exams.

    School owners have been advised to consult MINEDUC for support to re-orient students to other schools.

    Rwandans are also advised to identify if certain schools meet requirements before registering children. The list of closed schools is found on districts’ offices and MINEDUC website. Only 193 TVET schools have been allowed to educate students in the year 2020/2021. It will be revised every year and released before schools’ reopening.

    Claudette Irere, the Minister of State in charge of ICT and TVET at MINEDUC has told IGIHE that the inspection was meant to assess schools’ readiness to accommodate students in adherence to instituted COVID-19 health guidelines.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/mineduc-suspends-20-tvet-schools-over-standards-gaps

  • Rwanda: Awareness Campaign targets Climate Change adaptation, lake-shores and Watershed Management #rwanda #RwOT

    Global changes in climate are affecting Rwanda in many complex ways. These include climate related hazards such as floods, landslides and droughts as well as windstorms and severe rainstorms that have struck Rwanda in recent years with devastating effects on the population. These hazards have affected all districts and individual households across the nation — affecting the livelihoods and food security of rural and urban populations as well as the agricultural, energy, health, water, natural resource and institutional systems on which the population depends

    Rwanda's vulnerability assessment report (2018) indicates that for the for the water sector, Rwanda faces a critical situation of water stress, which includes a low volume of artificially stored water, a high precipitation run-off rate, rough estimates only of ground water recharge rates, high demands for water in a context of low per capita water availability, and increasing need for substantial amounts of water for irrigation, industry, growing cities among other requirements. 

    Rwanda Environment Management Authority (REMA) mission is to promote and ensure the protection of the environment and sustainable management of natural resources through decentralized structures of governance and seek national position to emerging global issues with a view to enhancing the well-being of the Rwandan people. The Law N°48/2018 of 13/08/2018 on Environment informs prohibited acts in wetlands and protected areas and conditions to respect while implementing any specific activity in or near lakes, rivers, water streams, and wetlands. Lakes shores are part of protected natural ecosystems.

    Article 42 of the Law specifies acts prohibited in wetlands, including building in water sources, streams, rivers, and lakes and the buffer zone in a distance of ten meters (10 m) away from streams and rivers and fifty meters (50 m) away from lake banks. The Ministerial Order N° 007/16.01 of 15/07/2010 determines the length of land on shores of lakes and rivers transferred to public property. Under this regulation, 50 meters on the lakeshores are public property prohibited for any other activities than their protection, unless specially authorized. Furthermore, Article 49 of the Environment Law enlightens the penalties and fines included in the violation of required distances.

    It is in this context that REMA is organizing an awareness campaign in order to promote climate adaptation action at decentralized levels for better management of the following lakes and their watershed: Mugesera, Sake, Nasho, Mpanga, Muhazi and Birira lakeshores in Eastern Province, Kivu in Western Province and Burera and Ruhondo in Norhern Province to identify the current situation of lakeshores and appropriately act on identified illegal activities. The awareness campaign will also be a good opportunity to assess the level of enforcement of the law on lakeshores and buffer zone protection. A media campaign will also be conducted in this regard.

    The awareness campaign will be jointly conducted by REMA, Local Government represented by concerned disricts, Rwanda National Police (RNP)/Marine.

     

    3

    The post Rwanda: Awareness Campaign targets Climate Change adaptation, lake-shores and Watershed Management appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/19/rwanda-awareness-campaign-targets-climate-change-adaptation-lake-shores-and-watershed-management/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=rwanda-awareness-campaign-targets-climate-change-adaptation-lake-shores-and-watershed-management

  • FERWAFA yatumiye abayobozi b’amakipe mu nama izigirwamo ingingo 2 gusa #rwanda #RwOT

    Ubuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, bwatumiye abayobozi b’amakipe yo mu cyiciro cya mbere mu nama nyunguranabitekerezo izigirwamo ingingo 2 gusa.

    Ni inama iteganyijwe ku wa Kane tariki ya 24 Ukuboza 2020, itumijwe mu gihe shampiyona y’icyiciro cya mbere yahagaritswe kubera ko amwe mu makipe yarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.

    Mu butumwa umunyamabanaga wa FERWAFA, Karangwa Uwayezu Francois Regis yoherereje abayobozi b’amakipe buragira buti“mu izina rya perezida wa FERWAFA mbandikiye ngira ngo mbatumire mu nama nyunguranabitekerezo iteganyijwe ku wa Kane tariki ya 24 Ukuboza 2020 saa munani z’amanywa(14h00′) mu cyumba cy’inama cya FERWAFA.”

    Yakomeje avuga ko ibiri ku murongo w’ibyigwa ari“kuganira ku bibazo byagaragaye mu ntangiriro za shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu bagabo y’umwaka w’imikino 2020-2021. Kungurana ibitekerezo ku isubukurwa rya shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu bagabo y’umwaka wa 2020-2021.”

    Tariki ya 11 Ukuboza 2020, ubwo shampiyona yari imaze gukinwa umunsi wa 3, Minisiteri yasohoye itangazo rihagarika shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo umwaka w’imikino 2020-2021, ni nyuma y’uko hari amakipe yananiwe kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya coronavirus bituma abakinnyi benshi bandura.

    Shampiyona yahagaritswe igeze ku munsi wa 3, FERWAFA yatumije inama yo kwiga uburyo yasubukurwa

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/ferwafa-yatumiye-abayobozi-b-amakipe-mu-nama-izigirwamo-ingingo-2-gusa