Category: Uncategorized

  • Perezida Kagame yashimiye Roch Marc Christian Kaboré wongeye gutorerwa kuyobora Burkina Faso #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Congratulations to my brother @rochkaborepf on his re-election as President of Burkina Faso. We look forward to further strengthening our good relations and cooperation for the mutual benefit of our people and nations.

    — Paul Kagame (@PaulKagame) December 19, 2020

    source https://www.kigalitoday.com/politiki/amakuru/article/perezida-kagame-yashimiye-roch-marc-christian-kabore-wongeye-gutorerwa-kuyobora-burkina-faso

  • Amarangamutima ya Meddy nyuma yo kwambika impeta y’urukundo Mimi wasazwe n’ibyishimo (AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Nyuma yo gutera ivi akambika umukunzi we impeta y’urukundo akamusaba ko yazamubera umugore, Meddy yavuze ko ari umugisha kuba agiye gushaka umukobwa nka Sosena Aseffa[Mimi], ni mu gihe Mimi yavuze ko yishimira ko agiye kuba uwe ubuziraherezo.”

    Mu ijoro ryakeye nibwo Meddy yateye ivi asaba Mimi ko yazamubera umugore, ni iborori byahuriranye n’isabukuru ye y’amavuko.

    Aba bombi bari muri Amerika aho n’ubundi basanzwe baba, bakoreye uyu muhango ahantu hateguye neza, Meddy yari yambaye costume y’umukara yashize ivi hasi maze asaba Mimi wari wambaye agakanzu k’umweru kagera hejuru y’amavi

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Meddy yavuze ko ari umugisha kuba agiye kuzabana na Mimi.

    Ati“uri mwiza imbere n’inyuma. Uyu munsi ndumva ari umugisha kukwita fiyance. Ndagukunda mukundwa. Yavuze ngo yego.”

    Mimi nawe abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram , yagarageje ko yishimiye kuba agiye kuba umugore wa Meddy cyane ko ari umugabo w’inzozi ze.

    Ati“Ubundi nihe natangirira? Meddy warengeje buri kimwe natekerezaga ko umugabo yaba cyo. Sinashoboraga kurota abagabo bankunda, banyitaho, babizerwa kandi nyabo uhari. Ni umugisha kuba uri uwanjye ubuziraherezo. Ndabizi ko uri impano nziza Imana yampaye. Ijoro ryakeye byari birenze. Umutima wanjye wuzuye ibyishimo mukundwa. Umunsi wanjye wawugize udasanzwe ku by’ibyo nzahora iteka nshimira. Isabukuru yanjye ntabwo izongera kumera nk’iyi.”

    Muri Kanama 2019, Mimi yari yatangaje ko nyuma y’igihe amaranye n’uyu musore yabonye ari umwizerwa bityo ko amusabye ko babana atazuyaza.

    Meddy na Mimi ni abantu bakunze kugenda bagaragaza ko bari mu rukundo cyane cyane biciye mu magambo babwiranaga ku mbuga nkoranyambaga.

    Tariki ya 1 Mutarama 2019 ni bwo Meddy yerekanye umukunzi we mu Rwanda mu gitaramo cya East African Party Meddy yari yatumiwe kuririmbamo, akaba ari nabwo uyu mukobwa w’imyaka 30 aheruka mu Rwanda ariko akaba yavuze ko ari hafi kugaruka.

    Urukundo rwa Meddy na Mimi rwatangiye muri 2017 ubwo Meddy ubwe yatangazaga ko hari umukobwa utari Umunyarwanda asigaye atereta uba muri Amerika.

    Ibyishimo byari byose

    Mimi yemereye Meddy kuzamubera umugore

    Ni umuhango wabereye ahantu hategeuye neza cyane

    Mimi ati “namaze gufatwa hatazagira unyibeshyaho”

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/amarangamutima-ya-meddy-nyuma-yo-kwambika-impeta-y-urukundo-Mimi-wasazwe-n-ibyishimo-amafoto

  • Huye: GS Buhimba batashye ibyumba bigeretse(Etage) by'amashuri bya miliyoni 75 #rwanda #RwOT

    Abarezi n'ababyeyi barerera mu kigo cy'amashuri cya Buhimba, Umurenge wa Rusatira, Akarere ka Huye, baravuga ko ibyumba by'amashuri bishya bigeretse byuzuye muri iki kigo bizagabanya ubucucike bwahagaragaraga, bikazatuma n'ireme ry'uburezi rizamuka cyane. Bamwe mu baturage bavuga ko batari bamenyereye amashuri ageretse(etage) mu bice by'icyaro, ubuyobozi bwo buti kubera imiyoborere myiza abana bose barangana, n'ibyo bagenerwa ni bimwe.

    Ubwiza bw'ibi byumba butandukanye n'amashuri ashaje bigiragamo, bavuga ko bizatera abana ishyaka ryo gutsinda.

    Ibyumba 8 bishya by'amashuri byuzuye kuri GS Buhimba ni ibyumba bigeretse (etage) byubakishije amatafari ahiye, bisakaje amabati. Ibi byumba bizigiramo abanyeshuri bo mu mashuri abanza bari basanzwe bigira mu mashuri ashaje cyane.

    Mukanzeyimana Jeanne d'Arc na Hitayezu Saleh ni ababyeyi bafite abana muri iki kigo. Baravuga ko batari bamenyereye etage mu bice by'icyaro, ariko ubu ngo bagiye gushira impungenge baterwaga n'amashuri y'amategura ashaje kandi ava abana babo bigiragamo.

    Mukanzeyimana yagize ati:' Twarebaga etage tukabona ni ibyo mu mugi gusa none natwe bitugezeho. Kureba ubwiza bw'aya mashuri bizatuma abana biga bishimye batsinde neza. Iyo hagwaga imvura cg umuyaga ugahuha nahitaga ntekereza ngo umwana wanjye! Ntekereza ko amashuri ashobora kubagwira kubera ukuntu ashaje ariko ubu turanezerewe'.

    Ndungutse Paulin ni umwalimu muri iki kigo. Avuga ko bigishaga abana barenze 60 mu ishuri rimwe mu mashuri abanza bigatuma umwalimu atabakurikirana neza bityo ntibitange umusaruro mwiza. Ariko ngo ibi byumba babonye bizabafasha kwigisha neza.

    Ndungutse yagize ati ” Mu mashuri abanza niho hari ikibazo cyane hagaragara umubare munini w'abanyeshuri ku buryo kubakurikirana usanga bigoye. Ariko ubu noneho aya mashuri mashya azadufasha gukurikirana abana neza bitume n'ireme ry'uburezi rizamuka”.

    Umuyobozi w'Akarere ka Huye Sebutege Ange, avuga ko ibi byumba by'amashuri bigeretse uretse kugabanya ubucucike, ari n'igisubizo ku mikoreshereza y'ubutaka kandi bikaba byuzuye ubukungu bw'abahatuye buzamutse kuko bahabonye akazi.

    Kayitesi Alice, Umuyobozi w'Intara y'amajyepfo, avuga ko ibi byumba bigaragaza intambwe ishimishije kuko ngo bitari bimenyerewe ko mu bice by'icyaro haboneka amashuri ageretse. Akaba asaba ubufatanye ku bana, ababyeyi n'abarezi kugira ngo umusaruro mwiza uboneke nk'uko babonye ibyumba byiza.

    Guverineri Kayitesi, avuga ko nta bana bagenewe kwigira muri Etage ngo habe n'abatarabigenewe.

    Guverineri Kayitesi ati' Intego yo kubaka amashuri hirya no hino ni ukugabanya ubucucike n'ingendo ndende abana bakora bajya kwiga kure. Kuba rero hano mu cyaro huzuye etage ni intambwe ishimishije itera n'abana ishema bakabona ko hatari abagenewe etage ahubwo bose bibagenewe kubera n'imiyoborere myiza'.

    Ibi byumba umunani by'amashuri bya Buhimba byuzuye bitwaye miliyoni 75 z'amafaranga y'u Rwanda. Mu karere ka Huye ibyumba byose biteganijwe nibyuzura hazaba habarurwa ibyumba 96 bigeretse bisanga ibindi 393 byubatse mu buryo busanzwe. Naho mu ntara y'amajyepfo harabarurwa ibyumba by'amashuri bisaga 166 bigeretse.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/huye-gs-buhimba-batashye-ibyumba-bigeretseetage-byamashuri-bya-miliyoni-75/

  • Abiraburakazi 6 nibo biganje ku rutonde rw’abagore bakomeye ku Isi – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Ntibyari bisanzwe ko abiraburakazi barenze 2 bajya ku rutonde rw’abagore bavuga rikijyana ku isi, gusa uyu mwaka byahindutse kuko uru rutonde rwagaragayeho abiraburakazi 6 bakora imirimo itandukanye yaba ari politiki, abanditsi, abaririmbyi n’abandi batandukanye.

    Source : https://rss.app/articles/cb4e791f267872da1d4d595068d7bb8f0a50132e1270bbefc9f7950fcad73796b447f213388a872aa2f02f3f8e4f5ed939c86efc9c4b294b96699c34d09c10698eed20ffe7f634ede68a28e83efe2b0d8333401a5641fff2a3d67a5cd0d7fba9cf8190941c03df4e96c53232c66e3a2499

  • Spouses Of Presidential Candidates Add Flavour To Campaigns #rwanda #RwOT

    A candidate showing up with a spouse at a campaign rally in the ongoing cutthroat Presidential campaigns may impress and possibly sway undecided voters to a particular camp.

    Robert Kyagulanyi Ssentamu the flag bearer of National Unity Platform political party has been playing many cards to attract supporters to his rallies with the aim of delivering his pormises to a wider audience.

    A small audience or no audience at all may discourage the candidate- so they have to do everything possible in their means and power to attract a massive rally.

    Kyagulanyi a well-known pop star in the Ugandan entertainment industry with a stage name Bobi Wine, definitely has a sizeable fan base but it is not yet clear whether the same audience would tick along his face on the ballot on January 14.

    He has been traversing the entire country and addressing different sizes of rallies. He stands ontop of his Toyota landcruiser VX and sings to his supporters on particular songs from any of his albums but mostly those with political connotations. After the singing, he delivers the messages of his political agenda.

    On Friday he travelled to Ntungamo district where his wife Barbra Kyagulanyi hails from, he didn't disappoint — they went together. Police and other security agencies in different outfits stopped his motorcade along the way but he intermittently managed to outmaneuver the cops.

    While in Rwampara Mrs. Barbie Kyagulanyi poped through the open roof of their white SUV and waved to supporters mostly the youthful constituency — to some it was their first time to see the couple they usually see on television and other social media platforms.

    For Candidate Yoweri Museveni, he always travels with his Wife Janet also the First lady of Uganda for the past 35 years- she also commands a sizeable fan base. In the Ugandan culture, family makes a big statement, respect and adoration and Museveni has been seen walking Janet hand in hand.

    Janet Museveni and Barbie Kyagulanyi all hail from Ntungamo district- the battle for the next president of Uganda can be said to be determined in Ntungamo but the ballot will give the final decision.

    The post Spouses Of Presidential Candidates Add Flavour To Campaigns appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/spouses-of-presidential-candidates-add-flavour-to-campaigns/

  • Attempted Coup Thwarted In Central African Republic #rwanda #RwOT

    The government of Central African Republic accused former president Francois Bozize of an 'attempted coup' in a statement Saturday, as rebel groups launched attacks in the west of the country.

    It said Bozize was currently near the city of Bossembele, about 150 kilometres (90 miles) northwest of Bangui and was intending to march on the capital with his men.

    'This is clearly an attempted coup d'etat that the government denounces during this electoral period,' it said.

    The statement came just hours after the country's three main rebel groups themselves declared that they were joining forces against the government ahead of the December 27 legislative and presidential elections.

    wire

    CAR: François Bozizé Forms Alliance With Opponent Georges Dologuélé

    The post Attempted Coup Thwarted In Central African Republic appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/attempted-coup-thwarted-in-central-african-republic/

  • Rubavu : Bamaranye imashini umwaka batazi kuzikoresha #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Bavuga ko izi mashini baziguze kugira ngo bateze imbere Made in Rwanda ariko umwaka ushize batazikoresha
    Bavuga ko izi mashini baziguze kugira ngo bateze imbere Made in Rwanda ariko umwaka ushize batazikoresha

    Ni imashini 89 zaguriwe mu Bushinwa ku nguzanyo bahawe n’ikigo cya BDF bashaka guteza imbere ibikorwa bya made in Rwanda, ariko umwaka urashize ntacyo bazikoresha.

    Kigali Today ivugana n’umuyobozi wa COCOBEGI, Banzige Eugene uyoboye Koperative by’agateganyo nyuma y’uko abari abayobozi bayo bakuwe ku buyobozi bazira kuba igenzura ry’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA) ryarasanze baragize igihombo, avuga ko imashini zaje muri 2019 mu kwa munani zifite agaciro ka miliyoni 68 z’Amafaranga y’u Rwanda.

    Akomeza avuga ko nubwo imashini zaje, ariko batahawe ubumenyi bwo kuzikoresha bituma zishyirwa mu bubiko badahawe amahugurwa.

    Agira ati, « Nta mahugurwa twahawe kandi inyinshi ntituzi kuzikoresha mu gihe izirenga 20 tutamenya n’icyo tuzikoresha. Izi mashini zikora ibintu bitandukanye kandi twazihawe na BDF kugira ngo duteze imbere gahunda ya Made in Rwanda. »

    Akomeza agira ati « Ntabwo baduhaye abatwigisha kubera ko abari abayobozi baguye mu gihombo bakurwaho bituma ibikorwa byo gukurikirana ibikorwa byo kuzigishwa bihagarara ndetse tubwirwa ko hari amafaranga BDF itaduhaye harimo n’ayo yo kwigishwa none umwaka ushize tutarakoresha izi mashine zifata umwanya w’aho zibikwa zidakoreshwa. »

    Imashini 89 abanyamuryango ba Koperative COCOBEGI bahawe ziri mu byiciro bitandukanye zirimo, gushushanya, gushyiraho ibirango, gutera ibipesu, n’ibindi bikorwa bituma imyenda ikorwa igahita irangira.

    Icyakora benshi mu bagize iyi Koperative bavuga ko bazibona nk’umutako kuko badafite ubumenyi bwo kuzikoresha, ibi bikagira ingaruka ku musaruro bagombye gutanga.
    Bagira bati « Birababaje kuba umutungo nk’uyu uryamye udakoreshwa umwaka ukaba ushize, mu gihe twazihawe ngo duteze imbere gahunda ya Made in Rwanda ariko ibyo twateganyije ntibigerwaho kubera BDF itatubaye hafi. »

    Uretse ibivugwa n’abanyamuryango, Banzige Eugene uyoboye Koperative by’agateganyo na we avuga ko habaye uburangare bwa BDF yagombaga gukurikirana imikorere ya Koperative no kubafasha kugira ubumenyi mu gukoresha izo mashini.

    Ati « Ubu biraduhombya kuko zagombye kuba zikora, ariko ntitwazikoresha kuko tutazifiteho ubumenyi kandi zifata umwanya wagombye kuba ukoreshwa ibindi, ikindi abantu baje kuzishyiraho ngo tuzikoreshe hari izitaratunganyijwe ngo zishyirwe mu buryo zigomba gukora (installation) kandi barabyishyuriwe. »

    Nubwo amafaranga BDF iguriza amatsinda ngo abayagize bashobore kwiteza imbere no kwishyura, abagize Koperative COCOBEGI ntibaratangira kwishyura umwenda kuko batarashobora gukoresha imashini baguriwe, ndetse bavuga ko batazi niba ari nzima cyangwa zikora ibyo bifuzaga kuko batarazikoresha.


    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ishoramari/article/rubavu-bamaranye-imashini-umwaka-batazi-kuzikoresha

  • Zimbabwe Gov't Introduces Tough Performance Contracts #rwanda #RwOT

    President Emmerson Mnangagwa on Friday introduced Performance contracts, a new system where those managing the public service are now expected to perform to defined areas in line with key reforms for the public sector.

    Permanent secretaries of Government ministries yesterday signed performance contracts for next year. In total, permanent secretaries from the 21 ministries signed the tough performance contract.

    According to President Mnangagwa the launch of performance contracts was a historic milestone coming on the backdrop of the success of the Transitional Stabilisation Programme (TSP) and the implementation of the National Development Strategy 1.

    The stress is on what needs to be achieved, expected levels of achievement, timelines and reporting modalities.

    Details also indicate that the contracts signed by the permanent secretaries set out for each ministry the key deliverables for performance next year and include each ministry's vision, mission, budget allocated for next year, key result areas, ministry national outcomes, ministry sector outcomes, and ministry programmes.

    The ambitious performance contracts according to the president aim at pushing for the Government's quest to achieve targets under Vision 2030.

    'This system is envisaged to result in robust public sector institutions and a leadership that is results focused,' the president noted.

    'As I have said, the Second Republic is about action and results and all our activities should be streamlined accordingly to make positive and lasting impacts for the growth of our economy and overall improved quality of life for our people,' Mnangagwa said.

    He argued that Bureaucracy and old ways of doing business and resolving problems have no place under the Second Republic.

    'To that end, I have put in place coordination architecture at the centre of Government. This comprises three apex agencies, which are the Office of the President and Cabinet, the Public Service Commission and the Ministry of Finance and Economic Development,' he said.

    President Mnangagwa said his Government expected the signing of performance contracts to improve efficiency in service delivery to the public by holding office holders to account, ensuring that performance and results link with expectations, increasing customer satisfaction with Government services, improving efficiency and performance in resource allocation, and inculcating a performance and results oriented culture.

    Performance contracts will be extended to heads of parastatals and State-owned Enterprises and local authorities, in line with the devolution agenda that seeks to promote provincial economies, and eventually even to Cabinet ministers.

    The President said the performance contracts would be uploaded onto the Whole of Government Performance Management System, which has been put in place to allow e-monitoring and evaluation.

    'In all these processes, the active participation of the citizenry and other stakeholders will be taken into account as the overall performance rating of each individual permanent secretary will also incorporate the inputs from the public,' said President Mnangagwa.

    The post Zimbabwe Gov't Introduces Tough Performance Contracts appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/zimbabwe-govt-introduces-tough-performance-contracts/

  • Nyabikenke Hospital In Muhanga District Almost Complete #rwanda #RwOT

    Residens of Ndiza in Muhanga district will no longer have to trek long distance to access medical services- Construction of a Frw7billion magnificent modern hospital is almost complete in Ndiza.

    The residents have been walking far away to Kabgayi and Gakenke district to receive medical services ranging from maternity, pediatrics and general medical treatments.

    President Paul Kagame in 2015 visited this part of the country and one of the requests from residents was to have a school and hospital. Five years later, the hospital is now available- a private contractor had abandoned construction works in 2018 and the Rwanda Defence Forces took over the project.

    Accoding to Muhanga district authorities, engineers on site are now fitting furniture and other equipment — they will also build houses to accommodate physicians and other support staff for the hospital.

    Ndiza zonal area has a population of over 100,000 residents- it is composed of five sectors. Upon completion of this facility, residents will be able to access all medical services in one place.

    The post Nyabikenke Hospital In Muhanga District Almost Complete appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/nyabikenke-hospital-in-muhanga-district-almost-complete/