Category: Uncategorized

  • Umugabo yaciye ibintu nyuma yo kurongora impanga ebyiri zanze gutandukana(AMAFOTO) – YEGOB #rwanda #RwOT

    Amafoto na videwo byagiye bigaragara ku mbuga nkoranyambaga, aho bigaragaza umugabo wo muri Nigeria wiyemeje gukora ubukwe n'abakobwa babiri bimpanga banze gutandukana.

    Izi mpanga zikaba zari zararahiye ko zidashobora kubaho zitari kumwe bityo zikaba zashakanye n'umugabo umwe.

    Aba bakobwa bari mu byishimo byinshi cyane ko ubwo babyinaga ku munsi mukuru wabo uyu mugabo yabanyanyagizagaho amafaranga.
    Icyakora umwe muri aba bakobwa yari atwite kuko inda ye yari nini ku buryo bugaragarira buri wese.

     

    Source : https://yegob.rw/umugabo-yaciye-ibintu-nyuma-yo-kurongora-impanga-ebyiri-zanze-gutandukanaamafoto/

  • Igisubizo ku bahanzi ba gospel 'The Inseparable connection Ltd', ngaya amakuru yose mutamenye #rwanda #RwOT

    The Inseparable connection Ltd ni company ihuriwemo na bamwe mu bahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda . Ikaba ari company ivuga ko igamije guteza imbere imibereho y'abahanzi bahimbaza Imana mu Rwanda n'ubwo abagenerwabikorwa ari bo bahanzi b'injyana zaririmbiwe Imana batayivugaho rumwe.

    Bimwe mu bikomeje guteza urunturuntu ni itangazo ryashyizwe hanze n'iyi company rivuga ko nta mu dj (disk burner) wemerewe gucuruza umuziki uwo ari wo wose waririmbiwe Imana guhera tariki ya 08 Mutarama 2021.

    Antoine Ndacyayisaba uhagarariye iyi company akaba ari nawe washyize umukono kuri iri tangazo yadutangarije ko iki gitekerezo bakigize nyuma yo kubona ko umuziki w'abahanzi bahimbaza Imana(gospel music) utunze imbaga ngamwinshi kandi bo bari kwicira isazi mu jisho. Yakomeje atubwira ko nyuma yo kubona imibereho itari myiza ya bamwe mu bahanzi ba gospel muri ibi bihe isi yugarijwe n'icyorezo cya covid 19 byahise bikoma imbarutso yo kwishyira hamwe ku ikubitiro abahanzi bagera kuri 60 bahise biyandikisha muri company ariko kuri ubu ngo bamaze kuba mirongo inani n'ubwo Antoine atifuje kudutangariza amwe mu mazina azwi y'abahanzi ba gospel ari muri iyi company.

    Umu dj (disc burner ) uzemererwa gucuruza umuziki wa gospel ngo azajya atanga amafaranga 2000 Frws buri cyumweru aya mafaranga akazajya akusanyirizwa hamwe maze akagabanywa abahanzi bari muri inseparable connection Ltd mu rwego rwo kubafasha mu mibereho no gukomeza gusohora ibihangano bishya.

    Impanuro.rw yaganirije abahanzi bakiranye na yombi iyi company bemeza ko ije kuba igisubizo ku mibereho yabo . Abo bahanzi bari muri 80 bamaze kwiyandikisha nk'abanyamuryango ba Inseparable connection Ltd.

    Twaganiriye n'umuhanzi witwa Hakizimana Evariste nk'umunyamuryango wiyandikishije rugikubita atubwira ko yishimiye ko agiye kujya atungwa n'umuziki we aho kugira ngo abe nduhire abandi.

    Mutuyimana Leonile nawe nk'umuhanzikazi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yadutangarije ko yakiranye akanyamuneza iyi company ngo kuko hari abahanzi benshi bajyaga bava mu muziki kubera ikibazo cyo kubura ubushobozi bwo gusohora ibihangano bishya ariko ku bwe arabona iyi company ije kuba igisubizo .

    Ku rundi ruhande Impanuro .rw, yagerageje kuganiriza bamwe mu bahanzi bafite amazina akomeye mu ruganda rwa gospel hano mu Rwanda batubwira ko iyi campany batayizi hari n'abatubwiye ko nihagira ubuza aba dj (disc burners) gucuruza umuziki wabo bazabifata nko kubangamira ubutumwa bwiza bwabo baba bifuza ko bwagera kure hashoboka.

    Umuhanzi Danny Mutabazi yadutangarije ko iyo company yayumvise ariko atahita yemeza ko ije gukemura ibibazo bahura nabyo cyane ko atarabona imikorere yabo.

    Thacien Titus wamenyekanye cyane mu ndirimbo 'Aho ugejeje ukora' yatubwiye ko iyo company ayizi ariko bakaba nta mikoranire yihariye bafitanye akaba ariyo mpamvu atahita abuza aba dj (disc burners) gucuruza no gucaranga umuziki we.

    Umuhanzi Aime Uwimana umaze igihe kinini muri uyu muziki waririmbiwe Imana yatubwiye ko iyo company ari twebwe ayumvanye bwa mbere bivuze ko n'iryo tangazo ataribonye.

    Gaby Kamanzi umuhanzi ufite igikundiro kinini cyane hano mu muziki waririmbiwe Imana , twagerageje kumuhamagara ntibyakunda ariko mu kiganiro kigufi twagiranye ku rubuga rwa watsap yatubwiye ko atunguwe cyane kuko iyo company atayizi aho anibaza niba bataje kubeshya abanyarwanda . Mu by'ukuri Gaby Kamanzi ntiyumva ukuntu iyi company itabimumenyesheje nk'umwe mu bahanzi bakuru mu ruganda rwa gospel hano mu Rwanda.

    Umuhanzi Papi Claver umaze kubaka izina rikomeye cyane muri muzika ya gospel yadutangarije ko iyi company ayizi yigeze no kumushyira muri watsap group ariko nyuma yo kubona atabyumva kimwe nayo baza kumukuramo kuko atajya avuga muri iyo group bitewe nuko atemeraga umurongo ngenderwaho wayo. Yanatubwiye amwe mu mazina akomeye muri gospel yakuwe muri iyo watsap group mbere ye harimo Domic, Bosco Nshuti naho Aline Gahongayire we yayikuyemo rugikubita. Papi Claver yatubwiye ko akora umuziki kugira ngo utunge abawumva mu buryo bw'umwuka byaba byiza ukanabatunga mu buryo bw'umubiri. Kuba dj yacuranga umuziki we abifata nk'itsinzi ikomeye cyane kuko aba ari kumufasha kwamamaza ubutumwa bwiza bibaye byiza akanawucuruza bigatuma abaho nabyo yabyishimira. Ku bijyanye n'imibereho mibi y'abahanzi ba gospel mu bihe bya guma mu rugo nk'imwe mu mpamvu nyamukuru yo gushinga iyi company, Papi yatubwiye ko Imana yamufashishe akabaho neza kandi akomeje kuyikorera nk'ibisanzwe. Yanaduhaye ubuhamya bw'umu dj (disc burner) ukunda gucuranga ibihangano bye mu mujyi wa kigali ahazwi nko kuri T2000 ngo yajyaga abibwirwa arangije amushyira n'izindi ndirimbo ze kuko we abifata nk'umugisha.

    Inseparable connection LTD yatangiye kumvikana mu matwi y'abakunzi b'umuziki wa gospel mu ntangiriro z'uyu mwaka.Itangazo risoza iyi nkuru niryo rikomeje guteza urunturuntu hagati y'iyi company n'abandi bahanzi ba gospel. Iyi company yo irashimangira ko ku bw'inyungu z'abahanzi ba gospel umu dj (disc burner ) uzafatwa acuruza ibihangano (gospel songs) atabiherewe uburenganzira azahanwa n'amategeko cyane ko mu bamenyeshejwe iri tangazo harimo n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) .

    Dore itangazo rihagarika icuruzwa ry'umuziki wa gospel mu ba dj (disc burners)

    Source : https://impanuro.rw/2021/01/10/igisubizo-ku-bahanzi-ba-gospel-the-inseparable-connection-ltd-ngaya-amakuru-yose-mutamenye/

  • Menya amashirakinyoma kuri The inseparable connection Ltd ivuga ko ije kuba igisubizo ku bahanzi ba gospel mu Rwanda #rwanda #RwOT

    The Inseparable connection Ltd ni company ihuriwemo na bamwe mu bahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda . Ikaba ari company ivuga ko igamije guteza imbere imibereho y'abahanzi bahimbaza Imana mu Rwanda n'ubwo abagenerwabikorwa ari bo bahanzi b'injyana zaririmbiwe Imana batayivugaho rumwe.

    Bimwe mu bikomeje guteza urunturuntu ni itangazo ryashyizwe hanze n'iyi company rivuga ko nta mu dj (disk burner) wemerewe gucuruza umuziki uwo ari wo wose waririmbiwe Imana guhera tariki ya 08 Mutarama 2021.

    Antoine Ndacyayisaba uhagarariye iyi company akaba ari nawe washyize umukono kuri iri tangazo yadutangarije ko iki gitekerezo bakigize nyuma yo kubona ko umuziki w'abahanzi bahimbaza Imana(gospel music) utunze imbaga ngamwinshi kandi bo bari kwicira isazi mu jisho. Yakomeje atubwira ko nyuma yo kubona imibereho itari myiza ya bamwe mu bahanzi ba gospel muri ibi bihe isi yugarijwe n'icyorezo cya covid 19 byahise bikoma imbarutso yo kwishyira hamwe ku ikubitiro abahanzi bagera kuri 60 bahise biyandikisha muri company ariko kuri ubu ngo bamaze kuba mirongo inani n'ubwo Antoine atifuje kudutangariza amwe mu mazina azwi y'abahanzi ba gospel ari muri iyi company.

    Umu dj (disc burner ) uzemererwa gucuruza umuziki wa gospel ngo azajya atanga amafaranga 2000 Frws buri cyumweru aya mafaranga akazajya akusanyirizwa hamwe maze akagabanywa abahanzi bari muri inseparable connection Ltd mu rwego rwo kubafasha mu mibereho no gukomeza gusohora ibihangano bishya.

    Impanuro .rw yagerageje kuganiriza bamwe mu bahanzi bafite amazina akomeye mu ruganda rwa gospel hano mu Rwanda batubwira ko iyi campany batayizi hari n'abatubwiye ko nihagira ubuza aba dj (disc burners) gucuruza umuziki wabo bazabifata nko kubangamira ubutumwa bwiza bwabo baba bifuza ko bwagera kure hashoboka.

    Umuhanzi Danny Mutabazi yadutangarije ko iyo company yayumvise ariko atahita yemeza ko ije gukemura ibibazo bahura nabyo cyane ko atarabona imikorere yabo.

    Thacien Titus wamenyekanye cyane mu ndirimbo 'Aho ugejeje ukora' yatubwiye ko iyo company ayizi ariko bakaba nta mikoranire yihariye bafitanye akaba ariyo mpamvu atahita abuza aba dj (disc burners) gucuruza no gucaranga umuziki we.

    Umuhanzi Aime Uwimana umaze igihe kinini muri uyu muziki waririmbiwe Imana yatubwiye ko iyo company ari twebwe ayumvanye bwa mbere bivuze ko n'iryo tangazo ataribonye.

    Gaby Kamanzi umuhanzi ufite igikundiro kinini cyane hano mu muziki waririmbiwe Imana , twagerageje kumuhamagara ntibyakunda ariko mu kiganiro kigufi twagiranye ku rubuga rwa watsap yatubwiye ko atunguwe cyane kuko iyo company atayizi aho anibaza niba bataje kubeshya abanyarwanda . Mu by'ukuri Gaby Kamanzi ntiyumva ukuntu iyi company itabimumenyesheje nk'umwe mu bahanzi bakuru mu ruganda rwa gospel hano mu Rwanda.

    Umuhanzi Papi Claver umaze kubaka izina rikomeye cyane muri muzika ya gospel yadutangarije ko iyi company ayizi yigeze no kumushyira muri watsap group ariko nyuma yo kubona atabyumva kimwe nayo baza kumukuramo kuko atajya avuga muri iyo group bitewe nuko atemeraga umurongo ngenderwaho wayo. Yanatubwiye amwe mu mazina akomeye muri gospel yakuwe muri iyo watsap group mbere ye harimo Domic, Bosco Nshuti naho Aline Gahongayire we yayikuyemo rugikubita. Papi Claver yatubwiye ko akora umuziki kugira ngo utunge abawumva mu buryo bw'umwuka byaba byiza ukanabatunga mu buryo bw'umubiri. Kuba dj yacuranga umuziki we abifata nk'itsinzi ikomeye cyane kuko aba ari kumufasha kwamamaza ubutumwa bwiza bibaye byiza akanawucuruza bigatuma abaho nabyo yabyishimira. Ku bijyanye n'imibereho mibi y'abahanzi ba gospel mu bihe bya guma mu rugo nk'imwe mu mpamvu nyamukuru yo gushinga iyi company, Papi yatubwiye ko Imana yamufashishe akabaho neza kandi akomeje kuyikorera nk'ibisanzwe. Yanaduhaye ubuhamya bw'umu dj (disc burner) ukunda gucuranga ibihangano bye mu mujyi wa kigali ahazwi nko kuri T2000 ngo yajyaga abibwirwa arangije amushyira n'izindi ndirimbo ze kuko we abifata nk'umugisha.

    Ku rundi ruhande, hari abahanzi bakiranye na yombi iyi company bemeza ko ije kuba igisubizo ku mibereho yabo . Abo bahanzi bari muri 80 bamaze kwiyandikisha nk'abanyamuryango ba Inseparable connection Ltd.

    Twaganiriye n'umuhanzi witwa Hakizimana Evariste nk'umunyamuryango wiyandikishije rugikubita atubwira ko yishimiye ko agiye kujya atungwa n'umuziki we aho kugira ngo abe nduhire abandi.

    Mutuyimana Leonile nawe nk'umuhanzikazi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yadutangarije ko yakiranye akanyamuneza iyi company ngo kuko hari abahanzi benshi bajyaga bava mu muziki kubera ikibazo cyo kubura ubushobozi bwo gusohora ibihangano bishya ariko ku bwe arabona iyi company ije kuba igisubizo.

    Inseparable connection LTD yatangiye kumvikana mu matwi y'abakunzi b'umuziki wa gospel mu ntangiriro z'uyu mwaka.Itangazo risoza iyi nkuru niryo rikomeje guteza urunturuntu hagati y'iyi company n'abandi bahanzi ba gospel. Iyi company yo irashimangira ko ku bw'inyungu z'abahanzi ba gospel umu dj (disc burner ) uzafatwa acuruza ibihangano (gospel songs) atabiherewe uburenganzira azahanwa n'amategeko cyane ko mu bamenyeshejwe iri tangazo harimo n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) .


    Dore itangazo rihagarika icuruzwa ry'umuziki wa gospel mu ba dj (disc burners)

    Source : https://impanuro.rw/2021/01/10/menya-amashirakinyoma-kuri-the-inseparable-connection-ltd-ivuga-ko-ije-kuba-igisubizo-ku-bahanzi-ba-gospel-mu-rwanda/

  • The inseparable connection Ltd, ikomeje guteza urunturuntu muri muzika ihimbaza Imana. #rwanda #RwOT

    The Inseparable connection Ltd ni company ihuriwemo na bamwe mu bahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda . Ikaba ari company ivuga ko igamije guteza imbere imibereho y'abahanzi bahimbaza Imana mu Rwanda n'ubwo abagenerwabikorwa ari bo bahanzi b'injyana zaririmbiwe Imana batayivugaho rumwe.

    Bimwe mu bikomeje guteza urunturuntu ni itangazo ryashyizwe hanze n'iyi company rivuga ko nta mu dj (disk burner) wemerewe gucuruza umuziki uwo ari wo wose waririmbiwe Imana guhera tariki ya 08 Mutarama 2021.

    Antoine Ndacyayisaba uhagarariye iyi company akaba ari nawe washyize umukono kuri iri tangazo yadutangarije ko iki gitekerezo bakigize nyuma yo kubona ko umuziki w'abahanzi bahimbaza Imana(gospel music) utunze imbaga ngamwinshi kandi bo bari kwicira isazi mu jisho. Yakomeje atubwira ko nyuma yo kubona imibereho itari myiza ya bamwe mu bahanzi ba gospel muri ibi bihe isi yugarijwe n'icyorezo cya covid 19 byahise bikoma imbarutso yo kwishyira hamwe ku ikubitiro abahanzi bagera kuri 60 bahise biyandikisha muri company ariko kuri ubu ngo bamaze kuba mirongo inani n'ubwo Antoine atifuje kudutangariza amwe mu mazina azwi y'abahanzi ba gospel ari muri iyi company.

    Umu dj (disc burner ) uzemererwa gucuruza umuziki wa gospel ngo azajya atanga amafaranga 2000 Frws buri cyumweru aya mafaranga akazajya akusanyirizwa hamwe maze akagabanywa abahanzi bari muri inseparable connection Ltd mu rwego rwo kubafasha mu mibereho no gukomeza gusohora ibihangano bishya.

    Impanuro .rw yagerageje kuganiriza bamwe mu bahanzi bafite amazina akomeye mu ruganda rwa gospel hano mu Rwanda batubwira ko iyi campany batayizi hari n'abatubwiye ko nihagira ubuza aba dj (disc burners) gucuruza umuziki wabo bazabifata nko kubangamira ubutumwa bwiza bwabo baba bifuza ko bwagera kure hashoboka.

    Umuhanzi Danny Mutabazi yadutangarije ko iyo company yayumvise ariko atahita yemeza ko ije gukemura ibibazo bahura nabyo cyane ko atarabona imikorere yabo.

    Thacien Titus wamenyekanye cyane mu ndirimbo 'Aho ugejeje ukora' yatubwiye ko iyo company ayizi ariko bakaba nta mikoranire yihariye bafitanye akaba ariyo mpamvu atahita abuza aba dj (disc burners) gucuruza no gucaranga umuziki we.

    Umuhanzi Aime Uwimana umaze igihe kinini muri uyu muziki waririmbiwe Imana yatubwiye ko iyo company ari twebwe ayumvanye bwa mbere bivuze ko n'iryo tangazo ataribonye.

    Gaby Kamanzi umuhanzi ufite igikundiro kinini cyane hano mu muziki waririmbiwe Imana , twagerageje kumuhamagara ntibyakunda ariko mu kiganiro kigufi twagiranye ku rubuga rwa watsap yatubwiye ko atunguwe cyane kuko iyo company atayizi aho anibaza niba bataje kubeshya abanyarwanda . Mu by'ukuri Gaby Kamanzi ntiyumva ukuntu iyi company itabimumenyesheje nk'umwe mu bahanzi bakuru mu ruganda rwa gospel hano mu Rwanda.

    Umuhanzi Papi Claver umaze kubaka izina rikomeye cyane muri muzika ya gospel yadutangarije ko iyi company ayizi yigeze no kumushyira muri watsap group ariko nyuma yo kubona atabyumva kimwe nayo baza kumukuramo kuko atajya avuga muri iyo group bitewe nuko atemeraga umurongo ngenderwaho wayo. Yanatubwiye amwe mu mazina akomeye muri gospel yakuwe muri iyo watsap group mbere ye harimo Domic, Bosco Nshuti naho Aline Gahongayire we yayikuyemo rugikubita. Papi Claver yatubwiye ko akora umuziki kugira ngo utunge abawumva mu buryo bw'umwuka byaba byiza ukanabatunga mu buryo bw'umubiri. Kuba dj yacuranga umuziki we abifata nk'itsinzi ikomeye cyane kuko aba ari kumufasha kwamamaza ubutumwa bwiza bibaye byiza akanawucuruza bigatuma abaho nabyo yabyishimira. Ku bijyanye n'imibereho mibi y'abahanzi ba gospel mu bihe bya guma mu rugo nk'imwe mu mpamvu nyamukuru yo gushinga iyi company, Papi yatubwiye ko Imana yamufashishe akabaho neza kandi akomeje kuyikorera nk'ibisanzwe. Yanaduhaye ubuhamya bw'umu dj (disc burner) ukunda gucuranga ibihangano bye mu mujyi wa kigali ahazwi nko kuri T2000 ngo yajyaga abibwirwa arangije amushyira n'izindi ndirimbo ze kuko we abifata nk'umugisha.

    Inseparable connection LTD yatangiye kumvikana mu matwi y'abakunzi b'umuziki wa gospel mu ntangiriro z'uyu mwaka.Itangazo risoza iyi nkuru niryo rikomeje guteza urunturuntu hagati y'iyi company n'abandi bahanzi ba gospel. Iyi company yo irashimangira ko ku bw'inyungu z'abahanzi ba gospel umu dj (disc burner ) uzafatwa acuruza ibihangano (gospel songs) atabiherewe uburenganzira azahanwa n'amategeko cyane ko mu bamenyeshejwe iri tangazo harimo n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) .


    Dore itangazo rihagarika icuruzwa ry'umuziki wa gospel mu ba dj (disc burners)

    Source : https://impanuro.rw/2021/01/10/the-inseparable-connection-ltd-ikomeje-guteza-urunturuntu-muri-muzika-ihimbaza-imana/

  • Kicukiro:Polisi yafashe abasore n'inkumi 17 bari kunywera inzoga mu rugo bamwe basinze [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Aba bafatiwe mu rugo rw'umuturage mu Murenge wa Kagarama, Akarere ka Kicukiro bahakoreye ibirori banywa n'inzoga.

    Mu mpera z'ukwezi gushize,nabwo Polisi y'u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 16 biganjemo abakobwa bafashwe bari gukorera ibirori by'isabukuru ndetse n'igitaramo cyo kubyina bambaye ecouteur kizwi nka Silent Disco mu rugo kandi binyuranije n'amabwiriza yo kwirinda Koronavirusi.

    Aba bantu uko ari 16 barimo abakobwa 14 b'ibizungerezi n'abahungu 2 bafashwe bakoze ibirori by'isabukuru ku Kimironko barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.

    Bakoresheje uburyo bwa Silent Disco butuma amajwi adasohoka.Bose bakurikiranyweho icyaha cyo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID19.

    Aba bakobwa babwiye itangazamakuru ko isabukuru ko iki kirori bagiteguye mbere y'uko amabwiriza asohoka ariko bagikora kuwa Gatandatu w'iki cyumweru.

    Umwe muri aba bakobwa wari wakorewe isabukuru yavuze ko bari bazi ko bitemewe ariko umwe mu banyamakuru yashyize hanze ifoto yabo bituma Polisi ibata muri yombi.

    Aba bakobwa bagiriye inama abandi bagenzi babo ko bakwiriye kwirinda gutegura ibirori muri iyi minsi u Rwanda ruri kurwana na Coronavirus.

    Aba bakobwa baherutse gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto abagaragaza bari mu birori bya Silent Disco, ibintu bitavuzweho rumwe n'abakoresha imbuga nkoranyambaga.

    Umuvugizi wa Polisi,CP John Bosco Kabera yavuze ko aba bakobwa bishe amabwiriza yashyizweho na Leta yo kwirinda Covid-19 kuwa 19 Ukuboza 2020 bityo aboneraho kubwira abantu ko uwishe amabwiriza niyo atafatwa uwo mwanya bikagaragara nyuma polisi imushakisha agahanwa.

    Yavuze ko aba bakobwa bahimbye amayeri akomeye kuko baturutse hirya no hino bakoresha ama ekuteri kugira ngo bakore iki kirori rwihishwa.

    CP John Bosco Kabera yavuze ko “Covid-19 ntacyo twayibwira ngo ibyumve kuko isi yose yarayamaganye ariko yakomeje guca ibintu.”



    Source : http://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/umutekano/article/kicukiro-polisi-yafashe-abasore-n-inkumi-17-bari-kunywera-inzoga-mu-rugo-bamwe

  • Covid-19: Abasore n'inkumi 17 bafatiwe mu rugo i Kigali bahahinduye mu kabari – #rwanda #RwOT

    Aba basore n'inkumi bateraniye mu rugo mu ijoro ryo kuwa 9 Mutarama 2021, bavuye mu duce dutangukanye two mu mujyi wa Kigali.

    Bafashwe nyuma y'uko abaturage batanze amakuru. Abafashwe bari biteretse amacupa y'inzoga, bamwe banasinze.

    Meya w'Akarere ka Kicukiro, Umutesi Solange, yanenze uru rubyiruko avuga ko kuba rwarenze ku mabwiriza yo kwirinda C0VID-19, ari ibintu biteye isoni mu gihe hari urundi rubyiruko rwo ruri gufatanya n'ubuyobozi mu kurwanya COV-19.

    Ati 'Uru rubyiruko rwarenze ku mabwiriza, ni ibintu biteye isoni ,ni ibintu bibabaje. Uko bameze, uko baraye muri izi nzoga ni ibintu bigayitse. Mu gihe dufite rubyiruko rufatanya n'abaturage n'ubuyobozi kugira ngo amabwiriza yubahirizwe, hari abandi barimo bacungana n'ubuyobozi kugira ngo barenge ku mabwiriza.'

    Umutesi yashimiye abaturage bafashije inzego z'ibanze mu gutanganga amakuru ndetse ashimangira ko bazakomeza gukurikirana abarenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus.

    Umuvugizi wa Polisi w'u Rwanda , CP Kabera John Bosco, yavuze ko Polisi itazihanganira abantu bose bakorera ibirori mu rugo.

    Ati 'Ibintu byo gukorera ibirori mu rugo ni ikibazo gikomeye cyane kandi nubwo Polisi itaba iri ku rugo rw'umuturage, bamenye ko abaturage iyo baduhaye amakuru, turaza tukayakurikirana'.

    'Aba bantu nubwo baba bazi ko bikingiranye, bamenye ko hari abantu baturanye, bababonye basohoka, bazajya babivuga tubikurikirane.'

    Yasabye abantu kwirinda ingendo zitari ngombwa ndetse n'amakoraniro atemewe.

    Aba basore n'inkumi bafashwe bari mu birori, babanje kujyanwa kwipimisha COVID-19 kugira ngo bamenye uko bahagaze, nyuma bajyanwa muri stade kwigishwa ndetse nyuma bakaza gucibwa amande angana 25 000 Frw.

    Bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/covid-19-abasore-n-inkumi-17-i-kigali-basanzwe-mu-rugo-bahahinduye-mu-kabari

  • Nyungwe Canopy Walkway ku isonga mu biraro bikurura ba mukerarugendo ku Isi – #rwanda #RwOT

    Urutonde rw'ibiraro byo mu kirere bisurwa n'abakerarugendo benshi rwakozwe n'Ikigo cya 'Lonely Planet' cyandika ibitabo biyobora ba mukerarugendo ku rwego rw'Isi.

    Mu bindi biraro bigaragara kuri uru rutonde birimo Redwoods Nightlights cyo muri Nouvelle Zélande; Arbor Day Farm Tree Adventure cyo muri Pariki ya Nebraska yo muri Amerika; Daintree Discovery Center cyo muri Australia na Treetop Walk Bavarian Forest cyo mu Budage.

    Harimo kandi Monteverde Sky Walk cyo muri Costa Rica; Tahune Airwalk cyo muri Australia; Canopy Walkway cyo mu Ishyamba rya Amazon muri Peru; Sequoia Aerial Adventure cyo mu Mujyi wa California muri Amerika, OCBC Skyway cyo muri Singapore na Tree Top Canopy Walk cyo muri Malaysia.

    Lonely Planet yakoze uru rutonde ni ikigo cyo muri Australie, cyatangiye kurukora mu mwaka wa 2019. Iki kigo gikora nk'icapiro kimaze kugurisha ibitabo birenga miliyoni 12.

    Nyungwe Canopy Walkway ni ikiraro kimenyerewe muri Pariki y'Igihugu ya Nyungwe aho kinyura muri metero 70 hejuru y'iryo shyamba, kigafasha abagisura kwirebera urusobe rw'ibinyabuzima birigaragaramo mu buryo bwihariye.

    Pariki ya Nyungwe ibarizwamo ubwoko bwinshi z'inyoni, ariko hakabamo n'inyamaswa ziba mu biti zirimo inkende n'inguge, ku buryo uwasuye iyi pariki, akagira amahirwe yo kugenda kuri iki kiraro, ahava anyuzwe n'ibyo yabonye.

    Canopy Walkway ifite metero 160 z'uburebure, aho bisaba gusa amafaranga 60$ (hafi arenga ibihumbi 58 Frw).

    Amafoto agaragaza ubwiza bw'ikiraro kiri mu Ishyamba rya Nyungwe

    Ikiraro cya Nyungwe Canopy Walkway ni cyo cya mbere gikunzwe ku rwego rw’Isi

    Iki kiraro kiri mu metero 70 uvuye ku butaka

    Iki kiraro gifite uburebure bwa metero 160

    Kugenda kuri iki kiraro bisaba arenga ibihumbi 58 Frw

    Ni ikiraro kiri ahirengeye mu ishyamba rya Nyungwe, ku buryo ukiriho ashobora kubona iri shyamba mu buryo bwagutse

    Ni ikiraro gifite umutekano uhambaye ku buryo kidashobora guteza impanuka

    Iki kiraro kizwiho gufasha abakundana kuryoherwa n’urukundo rwabo

    Ku matsinda y’abantu benshi, bashobora kujya gusura iki kiraro bakahagirira ibihe byiza

    Ibindi biraro biri ku rutonde rw'ibisurwa cyane

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyungwe-canopy-walkway-ku-isonga-mu-biraro-bikurura-ba-mukerarugendo-ku-isi

  • Umugabo yashyingiranwe n'abakobwa b'impanga bari baranze gutandukana [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Nkuko amafoto n'amshusho yakwirakwijwe kuri Twitter abigaragaza,uyu mugabo yakoze ubukwe n'aba bakobwa bombi nyuma yo kwemera kubatunga mu rugo rumwe cyane ko ngo kuva mu bwana bwabo batigeze batandukana.

    Aba bakobwa bagaragaye mu bukwe bambaye imyenda isa ndetse bose bafashe uyu mugabo wemeye kubashaka uko ari babiri.

    Aba bakobwa bari mu byishimo byinshi cyane ko ubwo babyinaga ku munsi mukuru wabo uyu mugabo yabanyanyagizagaho amafaranga.

    Icyakora umwe muri aba bakobwa yari atwite kuko inda ye yari nini ku buryo bugaragarira buri wese.

    Si ubwa mbere muri Afurika abakobwa b' impanga bashatse umugabo umwe kuko muri 2018, mu gihugu cya Cote d' Ivoire abakobwa b'impanga bafite imyaka 24 y' amavuko barongowe n' umugabo umwe nk' uko bayifuzaga.

    Ubukwe bwabo babereye mu musigiti wa Karpala mu mujyi wa Ouagadougou hafi y' iwabo.

    Ntawigeze adushyiraho agahato ko kurongorwa n' umugabo umwe, niko umwe muri izi mpanga yavuze,. Ati 'Turishimye cyane kubwo kurongorwa na Salim, kuko ni inzozi twakuranye kurongorwa n' umugabo umwe'

    Umwe muri izi mpanga yagize ati 'Hashize umwaka menyanye na Salim. Nahise mumenyesha ko turi impanga kandi twifuza kurongorwa n' umugabo umwe.'

    Uyu mukobwa Saadia wamaze guhinduka umugore wa Salim yavuze ko Salim yamusubije ko nta kibazo azabarongora bombi.

    Yongeyeho ati 'Turakundana uko turi batatu tuzasangirira hamwe umunezero'.



    Source : http://umuryango.rw/ubuzima-115/udushya/article/umugabo-yashyingiranwe-n-abakobwa-b-impanga-bari-baranze-gutandukana-amafoto

  • Nyungwe Canopy Walkway ku isonga mu biraro bikurura ba mukerarugendo ku Isi – #rwanda #RwOT

    Urutonde rw’ibiraro byo mu kirere bisurwa n’abakerarugendo benshi rwakozwe n’Ikigo cya ‘Lonely Planet’ cyandika ibitabo biyobora ba mukerarugendo ku rwego rw’Isi.

    Mu bindi biraro bigaragara kuri uru rutonde birimo Redwoods Nightlights cyo muri Nouvelle Zélande; Arbor Day Farm Tree Adventure cyo muri Pariki ya Nebraska yo muri Amerika; Daintree Discovery Center cyo muri Australia na Treetop Walk Bavarian Forest cyo mu Budage.

    Harimo kandi Monteverde Sky Walk cyo muri Costa Rica; Tahune Airwalk cyo muri Australia; Canopy Walkway cyo mu Ishyamba rya Amazon muri Peru; Sequoia Aerial Adventure cyo mu Mujyi wa California muri Amerika, OCBC Skyway cyo muri Singapore na Tree Top Canopy Walk cyo muri Malaysia.

    Lonely Planet yakoze uru rutonde ni ikigo cyo muri Australie, cyatangiye kurukora mu mwaka wa 2019. Iki kigo gikora nk’icapiro kimaze kugurisha ibitabo birenga miliyoni 12.

    Nyungwe Canopy Walkway ni ikiraro kimenyerewe muri Pariki y’Igihugu ya Nyungwe aho kinyura muri metero 70 hejuru y’iryo shyamba, kigafasha abagisura kwirebera urusobe rw’ibinyabuzima birigaragaramo mu buryo bwihariye.

    Pariki ya Nyungwe ibarizwamo ubwoko bwinshi z’inyoni, ariko hakabamo n’inyamaswa ziba mu biti zirimo inkende n’inguge, ku buryo uwasuye iyi pariki, akagira amahirwe yo kugenda kuri iki kiraro, ahava anyuzwe n’ibyo yabonye.

    Canopy Walkway ifite metero 160 z’uburebure, aho bisaba gusa amafaranga 60$ (hafi arenga ibihumbi 58 Frw).

    Amafoto agaragaza ubwiza bw’ikiraro kiri mu Ishyamba rya Nyungwe

    Ikiraro cya Nyungwe Canopy Walkway ni cyo cya mbere gikunzwe ku rwego rw’Isi

    Iki kiraro kiri mu metero 70 uvuye ku butaka

    Iki kiraro gifite uburebure bwa metero 160

    Kugenda kuri iki kiraro bisaba arenga ibihumbi 58 Frw

    Ni ikiraro kiri ahirengeye mu ishyamba rya Nyungwe, ku buryo ukiriho ashobora kubona iri shyamba mu buryo bwagutse

    Ni ikiraro gifite umutekano uhambaye ku buryo kidashobora guteza impanuka

    Iki kiraro kizwiho gufasha abakundana kuryoherwa n’urukundo rwabo

    Ku matsinda y’abantu benshi, bashobora kujya gusura iki kiraro bakahagirira ibihe byiza

    Ibindi biraro biri ku rutonde rw’ibisurwa cyane

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Iki ni ikiraro cyo mu kirere cya Canopy Walkway mu ishyamba rya Amazon muri Peru

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    Ikiraro cyo mu kirere cya OCBC Skyway muri Singapore

    source http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyungwe-canopy-walkway-ku-isonga-mu-biraro-bikurura-ba-mukerarugendo-ku-isi

  • Ndimo ndasengera Leta Zunze Ubumwe za Amerika – Papa Francis #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    I am praying for the United States of America, shaken by the recent attack on Congress. I pray for those who lost their life. Violence is always self-destructive. I urge everyone to promote a culture of encounter and of care to construct the common good.

    — Pope Francis (@Pontifex) January 10, 2021

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mahanga/article/ndimo-ndasengera-leta-zunze-ubumwe-za-amerika-papa-francis