Author: webrwanda
-
Uko uwari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu yandikiye Umuyobozi w’Ingabo muri Gisenyi amubwira uburyo bwo kwica abatutsi mu Bisesero
Inama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku buryo bwihuse, kandi hagafatwa ingamba zo kurinda ibikorwa remezo byo mu karere Bisesero iherereyemo. Ishyirwa mu bikorwa ry’ubwo bwicanyi ryarihutishijwe ku buryo bwose bushoboka bikozwe na Guverinoma ya Kambanda n’abasirikare bayo. -
Mike Karangwa na Claude Kabengera bagiye kongera kugaruka mu itangazamakuru kuri radiyo nshya
Bitunguranye binyuze ku mbuga nkoranyambaga z’abantu batandukanye by’umwihariko izo bo bakoresha, Mike Karangwa na Claude Kabengera bagaragaje ko bagiye kongera guhurira muri radiyo imwe aho bazakora ibiganiro by’imyidagaduro. -
Perezida Ndayishimiye ararahirira kuyobora u Burundi muri manda y’imyaka irindwi
Perezida mushya w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Kane ararahirira kuyobora igihugu muri manda y’imyaka irindwi, nyuma y’uko urukiko rurengera Itegeko Nshinga rwemeje ko icyo gikorwa kigomba kuba vuba bishoboka. -
Ibyo u Rwanda rutumiza mu mahanga byagabanutse kuri 32% muri Mata 2020 #rwanda #RwOT
Raporo nshya y’Umuryango w’Isoko rusange ry’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA), ku ngaruka icyorezo cya Coronavirus cyagize ku bucuruzi, yerekanye ko ibyo u Rwanda rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga byagabanutse cyane ugereranyije Mata na Werurwe 2020. -
Chorale Christus Regnat yasohoye indirimbo ’Ca Akabogi’ irimo impanuro umubyeyi aha umwana we #rwanda #RwOT
Nyuma yo gukora indirimbo “Mama Shenge” yakunzwe n’abatari bake, Chorale Christus Regnat yakoze indi ndirimbo yo mu njyana ya Reggae bise “Ca Akabogi” -
Sudani y’Epfo: Uruhande rwa Kiir rwegukanye ubuyobozi bwa leta esheshatu mu 10 #rwanda #RwOT
Perezida wa Sudani y’Epfo n’abo batavuga rumwe bashyize umukono ku masezerano yo kugabana ubutegetsi bwa za leta 10 zigize iki gihugu. -
Yannick Mukunzi ntiyahiriwe n’ijoro ryakeye, Haruna na Papy batabara Yanga #rwanda #RwOT

Ku munsi w’ejo amakipe abiri akinamo abanyarwanda hanze ya rwo yari yakinnye, Yanga ya Haruna na Papy yari yasuye JKT mu mukino w’ikirarane, mu gihe Sandvikens ya Yannick Mukunzi yari yasuye Brommapojkarna mu mukino w’umunsi wa 2 wa shampiyona yo muri Sweden mu cyiciro cya 3.
JKT yari yakiriye Yanga kuri Jamhuri Dodoma, ni umukino Haruna Niyonzima yatangiye ariko Sibomana Patrick Papy we abanza ku ntebe y’abasimbura.
Yanga ntiborohewe n’iuyu mukino w’ikirarane kuko ku munota wa 36, Michael Aidan Pius wa JKT yaje gutsindira igitego ikipe ku mupira yari atereye kure uboneza mu izamu, igice cya mbere cyaje kurangira ari 1-0.
Ku munota wa 52 ni bwo Sibomana Patrick Papy yinjiye mu kibuga asimbuye Balama, uyu musore akaba yaje no kuba umucunguzi w’iyi kipe wayifashije gukura inota 1 mu mujyi wa Dodoma.
JKT yakekgaga ko ishobora kuza kwihagararaho umukino ukarangira ari 1-0, ntibyaje kubahira kuko ku munota wa 75, Haruna Niyonzima yaje gutera umupira mu izamu maze umunyezamu Abdulrahman Mohamed wa JKT ananirwa kuwufata ngo awukomeza, Sibomna Patrick wari wakurikiranye ahita ashyira umupira mu rushundura. Umukino warangiye ari 1-1.
Nyuma y’umunsi wa 29, Yanga iri ku mwanya wa 3 n’amanota 55, Azam ya 2 ifite 57 mu gihe Simba SC ya mbere ifite 72.
Haruna na Papy bafashije ikipe ya boKu rundi ruhande muri Sweden ntibyari byoroheye Yannick Mukunzi na Sandvikens ye, kuko baje gutsindwa ibitego 3-1 na Brommapojkarna, ni umukino Yannick Mukunzi yakinnye iminota 76. Iyi kipe mu mikino ibiri imaze gukina ifite inota 1, ikaba iya 12 mu makipe 14.
Yannick Mukunzi ntiyahiriwe n’ijoro ryakeye -
Ibyo u Rwanda rutumiza mu mahanga byagabanutse kuri 32% muri Mata 2020
Raporo nshya y’Umuryango w’Isoko rusange ry’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA), ku ngaruka icyorezo cya Coronavirus cyagize ku bucuruzi, yerekanye ko ibyo u Rwanda rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga byagabanutse cyane ugereranyije Mata na Werurwe 2020. -
Chorale Christus Regnat yasohoye indirimbo ’Ca Akabogi’ irimo impanuro umubyeyi aha umwana we
Nyuma yo gukora indirimbo “Mama Shenge” yakunzwe n’abatari bake, Chorale Christus Regnat yakoze indi ndirimbo yo mu njyana ya Reggae bise “Ca Akabogi” -
Sudani y’Epfo: Uruhande rwa Kiir rwegukanye ubuyobozi bwa leta esheshatu mu 10
Perezida wa Sudani y’Epfo n’abo batavuga rumwe bashyize umukono ku masezerano yo kugabana ubutegetsi bwa za leta 10 zigize iki gihugu.