Ku makuru yatanzwe n’abaturage bo mu karere ka Nyagatare, Umurenge wa Rwimiyaga mu Kagari ka Rwimiyaga ho mu Mudugudu wa Gakoma, Polisi yafashe abantu 49 bateraniye mu mazu basenga. 45 bari mu nzu y’umuturage witwa Mutoni Frola w’imyaka 40 naho abandi bane bari kwa Mukaremera Anitha utuye mu murenge wa Rwimiyaga, Akagari ka Gacundezi, Umudugudu wa Rukundo. Bose barazira kurenga ku mabwiriza ya Leta yo kwirinda Covid-19.
Igikorwa cyo gufata aba bantu cyakozwe ku mugoroba wa tariki ya 07 Nyakanga 2020. Abafatiwe kwa Mutoni ni abayoboke b’itorero ry’abadivantisiti b’umunsi wa Karindwi naho abafatiwe kwa Mukaremera ni abo mu matorero n’amadini atandukanye.
Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko hari nka saa tatu z’umugoroba, abaturage bakomeza kubona imodoka n’abandi bantu bagenda n’amaguru bajya mu rugo rwa Mutoni Flora w’imyaka 40. Nyuma y’iminota mike batangiye kumva baririmba, basenga bahita batanga amakuru kuri Polisi.
CIP Twizeyimana yagize ati “Abaturage nibo baduhaye amakuru tujyayo dusanga ni abantu biganjemo urubyiruko bari mu cyumba cy’uruganiriro kwa Mutoni barimo gusenga banaririmba”. Yakomeje avuga ko bariya bantu 49 bari barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19 yose uko yakabaye.
Ati “Ahantu bari bateraniye nta ntera ya metero yari hagati y’umuntu n’undi, bamwe nta dupfukamunwa bari bambaye ndetse bajya no kwinjira muri urwo rugo ntabwo bari bakarabye mu ntoki. Bariya bantu baturutse mu bice bitandukanye by’Umurenge wa Rwimiyaga n’uwa Nyagatare ku buryo batamenya uwaba afite ubwandu bwa COVID-19”.
Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba yongeye kwibutsa abaturage ko ibyo bakoze byose binyuranyije n’amabwiriza ya Leta yo kurwanya icyorezo cya COVID-19. Yashimiye abaturage batanze amakuru anakangurira n’abandi kujya bihutira gutanga amakuru igihe cyose babonye abarenga ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi.
Ati“ Nta muturage n’umwe mu Rwanda uyobewe ko abantu batemerewe guteranira ahantu hamwe, byongeye bariya bari ahantu hafunganye begeranye cyane. Bari baturutse mu bice bitandukanye ndetse nta n’umuyobozi wari ubizi”.
CIP Twizeyimana nkuko urubuga rwa Polisi dukesha iyi nkuru rubivuga, yongeye gusaba abantu kujya basengera mu ngo zabo, abagize umuryango basengere mu nzu iwabo kugeza igihe Leta izatangira uburenganzira bwo guhurira hamwe bagasenga nk’uko byahoze Koronavirusi itaraza.
Abafashwe bose uko ari 49 babaye bashyizwe mu kato kuri sitasiyo ya Polisi ya Rwimiyaga kugira ngo bakurikiranwe.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
Author: webrwanda
-
Nyagatare: Abayoboke b’itorero ry’Abadivantisiti n’andi matorero bagera kuri 49 batawe muri yombi #rwanda #RwOT
-
Cholera Outbreak Kills 26 In Somalia Since January #rwanda #RwOT
An outbreak of cholera and acute watery diarrhea in Somalia had killed 26 people in the past six months, a UN health agency said on Tuesday.
The World Health Organization (WHO) said in its latest joint report with the ministry of health on the outbreak in Somalia that a total of 4,787 suspected cases were reported from 25 districts in Somalia.
“A total of 26 associated deaths were also reported during the same period,” said the WHO, noting that districts with the highest number of cases are Banadir, South West State, and Hirshabelle.
The current cholera outbreak started in December 2017 following floods that affected districts in the basins of Jubba and Shabelle rivers.
Cholera is a gastrointestinal disease, usually spread by contaminated water and food, and can cause severe diarrhea that, in extreme cases, can lead to fatal dehydration and kidney failure within hours.
source https://taarifa.rw/cholera-outbreak-kills-26-in-somalia-since-january/
-
World Bank Signs Rwanda US$150M To Boost Market-relevant Skills #rwanda #RwOT
Rwanda and the World Bank Group today signed a US$150 million (approx Frw142b) financing agreement to support Rwanda’s efforts to expand opportunities for the acquisition of quality, market-relevant skills in selected economic sectors.
Half of the financing is grant while the other is a concessional loan payable in 38 years, with a 6-year grace period at 0.75% interest rate.
The proposed Rwanda Priority Skills for Growth project has four components: (a) Reinforcing Governance of the Skills Development System (b) Provision of Quality Training Programs with Market-relevance; (c) Expanding Opportunities for Continuous Upgrading of Job-relevant Skills for Sustained Employability, and (d) Capacity Building for Program Implementation.
“Skills development and employment promotion are central to Rwanda´s National Strategy for Transformation. Equipping the workforce with the right skills for economic transformation is central to our long term development objectives, so this support will contribute to upskill Rwanda’s workforce for long-term economic transformation,” said Dr. Uzziel Ndagijimana, the Minister of Finance and Economic Planning
The project is expected to increase access to technical and vocational education and training as well as higher education programmes that are responsive to both labour market needs and the social and economic development of Rwanda.
It will also strengthen private sector capacity through targeted firm level support, improve access to markets for micro, small and large enterprises, increase employment mainstreaming in investment and bilateral projects; expand access to evidence-based information on skills demand and supply and access to labour market Information and employment services.
“Targeted interventions for skills development will support Rwanda’s efforts to establish a strong base for skills needed in the productive sector, and at the same time equip the youth with relevant practical and technical skills to increase their chances of sustainable employability,” said Ruth Karimi Charo World Bank Task Team Leader for the project.
“I would like to thank all our counterparts in the Government for their collaboration and hard work throughout the preparation of this project”.
The World Bank cooperates with Rwanda in key sectors including agriculture, energy, social protection, education and skills development, transport, urban development and housing alongside cross-cutting and regional projects interventions.
-
We reject usurping of Truth and Reconciliation Commission-Véronique Clette-Gakuba #rwanda #RwOT
IGIHE: Give us the exact reasons that prompted you to react to this preparatory note.
Véronique Clette Gakuba: I was born and live in Belgium, I am of Belgian mother and Rwandan father. I am also a sociologist, doctoral researcher at the Université Libre de Bruxelles. In this context, I have been closely following the consultation and negotiation relations between the Royal Museum for Central Africa (Belgian Museum and Scientific Institution, MRAC) and the African diasporas (Congolese, Burundian and Rwandan). These consultations and negotiations took place in the context of the Museum’s renovation.
In the wake of anti-racist rallies which, since the police murder of George Floyd in the United States, see the uprising of an impressive number of people across Europe, Belgium, for its part, decided to put establishes a Truth and Reconciliation Commission (TRC) aiming to establish the historical truth about its colonial past in the Congo, Rwanda, and Burundi.
The External Relations Commission of the House of Representatives is looking into the establishment of this CVR. The deputies mandated the Royal Museum for Central Africa to produce a first guidance note proposing a list of experts and a methodology to Parliament. At the outset, it should be noted that certain deputies (André Flahaut, PS, in particular) contested the legitimacy of the Museum in this matter, the latter being judge and party. Indeed, according to a series of researchers including myself, the Museum must be one of the institutions whose involvement in Belgian colonialism is to be analyzed.
There is much to be said on this note. I was not the recipient of this note; it was addressed confidentially to Parliament.
But it quickly leaked and is now widely circulating. I wanted to respond to this note by speaking directly to the Director of the RMCA, G. Gryseels.
Among the 20 experts proposed by the Museum is Professor Filip Reyntjens, a Belgian lawyer. He is also cited three times in the note (as an expert and as a reference, for Rwanda and Burundi).
He is also presented in the note as a neutral and impartial player. However, it is clear that Filip Reyntjens participated in the writing of the constitution of Rwanda under Habyarimana in 1978. He too should, therefore, be the subject of an examination of his role. On the other hand, it is unacceptable, concerning a commission supposed to restore the Truth with a view to Reconciliation, to propose F. Reyntjens who promotes revisionist theses, in particular by erasing the genocidal intention within the framework of the genocide against the Tutsi (Le Monde, September 25, 2017), reversing responsibilities, minimizing the role of Belgian colonization, etc.
It is also characterized by an ethnicist approach referring to colonial and racialist ideologies and their dramatic effects.
Museum officials know this. On numerous occasions, we, along with other Rwandans, have pointed out to the museum the problematic approach with which the RMCA presents the history of Rwanda in its new permanent exhibition.
In March 2017, the renovation was still under way and we warned the RMCA that the story concerning the history of Rwanda and the genocide of the Tutsis tended towards negationism.
A year later, without the Museum having answered us, I learned that different members of the diaspora had also addressed the same type of complaints. Several exhibition panels were photographed; they contained highly problematic information.
Among other elements, it read: “The International Tribunal for Rwanda, created in 1994, is the first international court to judge both Tutsi and Hutu genocidaires”! It was already then F. Reyntjens who influenced the Museum’s writings on condition of anonymity (referee ref anonymous ‘we were told). He is, however, internationally and academically an obviously contested personality. In Belgium, it should be added that the theses of this “professor” are likely to greatly activate the tensions between Congolese and Rwandans in Belgium.
To my letter of July 2, 200, the Director of the Museum, G. Gryseels replied:
“We know that Professor Reyntjens’ name will be controversial, as will the names of some of the other experts. It is up to the parliamentary working group to make the final decision.” (July 2, 2020). This response demonstrates a minimization of the seriousness and the harmfulness of the proposal made to parliamentarians.
It is intriguing to note that I also, without being consulted, was mentioned by the Museum as one of the referees. Unlike Mr. Reyntjens, I was not mentioned at all from my academic skills (Université Libre de Bruxelles, sociologist) but as “African voices”.
The note to parliamentarians of the Museum mentions, in fact, with regard to the experts selected according to their skills that “This group of experts does not include people of African origin who are members of action groups or who speak on behalf of the Belgian -African women in public opinion “(p. 6). In other words, Reyntjens is considered to be scientifically neutral where myself, along with other Afro-descendant colleagues engaged in the debates on decolonization, dismissed as full-fledged experts.
As for the display panels, it was only this week, two years after our complaints, that we learned that some of them have been changed. We will still question the overall ideological line of the exhibition which we do not see how it could have disappeared.
Interview by Karirima NGarambe A. Véronique Clette Gakuba is a sociologist, doctoral researcher at the Université Libre de Bruxelles
-
Gasogi United yishinganishije kuri perezida wa FERWAFA kubera Rayon Sports #rwanda #RwOT
Ikipe ya Gasogi United yandikiye perezida wa FERWAFA bamumenyesha ko Rayon Sports irimo gukora ibikorwa bitemewe n’amategeko aho irimo kuvugana na bamwe mu bakinnyi ba yo bakiyifitiye amasezerano batabizi.
Mu ibaruwa yasinyweho na perezida w’iyi kipe Kakooza Nkuriza Charles yanditswe uyu munsi tariki ya 9 Nyakanga 2020, bandikiye perezida wa FERWAFA bamumenyesha ko bababajwe n’ibikorwa Rayon Sports irimo gukora.
Muri iya baruwa yanditse mu rurimi rw’icyongerezia ISIMBI ifitiye kopi baragira bati“twababajwe n’ibikorwa by’imyitwarire mibi bya Rayon Sports yinjira mu buzima bwite bwa Gasogi United, aho binjiye mu biganiro bitewe n’amategeko n’abakinnyi bacu bakidufitiye amasezerano twe tutabizi bakabikora mu rwego rwo kudutesha umurongo.”
Iyi baruwa ikomeza igira iti“nyakubahwa dufashe aya mahirwe ngo tukumenyeshe ko mu bakinnyi Rayon Sports iri mu biganiro na bo bitemewe harimo Bola Lobota Emmanuel ukomoka muri DR Congo wasinye amasezerano y’umwaka umwe na Gasogi United. Ni yo mpamvu tubandikiye ngo mumenye ibikorwa bidakwiye bya Rayon Sports.” Bola Lobota wamaze gusinyira Gasogi United ngo Rayon Sports yatangiye kumuvigisha
Iyi baruwa kandi kopi ikaba yanagenewe umunyamabanga mukuru wa FERWAFA ndetse n’ikipe ya Rayon Sports irebwa n’iki kibazo
Bola Lobota byavugwaga ko yifuzwa na Rayon Sports, tariki ya 23 Kamena 2020 ni bwo Gasogi United yatangaje ko yamaze kumusinyisha amasezerano y’umwaka umwe.
Uretse uyu musore, Rayon Sports iherutse gutangaza ko yasinyishije umunyezamu Kwizera Olivier na we Gasogi United ikaba ivuga ko ari umukinnyi wa yo. KNC yabwiye perezida wa FERWAFA ko ibirimo gukorwa na Rayon Sports atari byo
http://dlvr.it/RbH1xh -
Babiri bamaze gufatwa n’abandi turabafata – CP John Bosco Kabera

Umuvugiza wa Polisi, CP John Bosco Kabera, yabwiye IGIHE ko abantu babiri muri bane batorotse aho bavurirwaga CORONA I Ngoma bamaze gufatwa. Ati “Babiri bamaze gufatwa n’abandi turabafata”
source : igihe.com instagram
-
Shaffy yatangiye gusohora filime igaragaza uko gucana inyuma kw’abashakanye bigira ingaruka ku bana babo #rwanda #RwOT
Rukundo Arnold uzwi nka Shaffy yatangiye gushyira hanze filime y’uruhererekane yitwa ‘Gashugi’ igamije gukangurira abashakanye kwirinda gucana inyuma kuko bigira ingaruka mbi kuri bo no ku bana babo. -
Inzara ishobora guhitana abantu benshi kurusha Coronavirus #rwanda #RwOT
Inzara iturutse ku ngaruka zatewe n’icyorezo cya Coronavirus, ishobora kwica abantu benshi kurusha abazahitanwa n’iki cyorezo nk’uko byatangajwe n’Umuryango Mpuzamahanga uharanira ibikorwa by’iterambere, Oxfam. -
Umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi be basubiye mu rukiko #rwanda #RwOT
Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru mu Rwanda ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Nyakanga 2020 rwasubukuye urubanza ruregwamo Umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi be. -
Ese aragukunda by’ukuri? Dore uburyo wamenya ingano y’urukundo agukunda. #rwanda #RwOT
Muri iki gihe urukundo rw’ukuri rusigaye rwarakendereye, ubu umuntu asigaye akunda undi hari inyungu runaka amukurikiyeho. Usanga umusore iyo ahuye n’umukobwa akamukunda akimubona, nyuma iyo amuganirije agasanga ntiyize, ntakazi keza afite, ntavuka mu muryango ukize ahita amwanga kuko yumva ko uwo azakunda agomba kuba yujuje ibintu runaka. Kandi no ku mukobwa nuko. Umukobwa murahura bwa mbere akagukunda ariko mwamara kuganira yakumva ntabushobozi ufite akakwisubira. Rero biragoye kumenya niba umuntu yaragukunze by’ukuri ntayindi nyungu agukurikiyeho. Urubuga rwitwa https://www.umunota.com rwazanye uburyo bushya bushobora gutuma umenya niba umuntu agukunda by’ukuri.
Hari uburyo bubiri bikorwamo.
1. Kumenya niba mwakundana.
Iyo umaze kwiyandikisha ku rubuga www.umunota.com ubasha kumenya niba umuntu ubonye mwakundana bikavamo. Biroroshye cyane kuko ukimara kwiyandikisha (registration) uhitamo uwo ushaka ugakanda kwifoto ye ugahita ubona ahantu hashushanyije umutima utukura ugakanda muri uwo mutima. Ako kanya ukimara kuhakanda system y’uwo rubuga www.umunota.com ihita itangira kubara ijanisha ry’urukundo rwanyu mwembi ijanisha ryaba riri munsi ya 40% ugahita umenya ko gukundana n’uwo muntu byagorana ndetse ko n’urukundo rwa mwembi rutarenga umutaru ariko ijanisha ryaba riri hejuru ya 80% muhita mwikundanira, nawe ahita abibona akaguha urukundo kuko ibyo wifuza aba abyujuje ndetse wowe wujuje ibyo we yifuza. Ibi biroroshye cyane kandi mu gihe kitarenze umunota umwe uba umaze kubona umukunzi muzakundana akaramata.
Ese system ibimenya gute?
System yo kuri www.umunota.com itanga ijanisha igendeye kubyo wowe ubwawe uba wujuje wiyandikisha ndetse n’uwo muntu ibyo aba yujuje, iyo igipimo cy’ijanisha kiri hejuru ya 80% biba bivuga ko ibyo uwo muntu asaba k’umukunzi yifuza gukundana nawe ndetse n’ibyo wowe usaba biba bihuye cyane bityo rero ahita aguha urukundo ntakuzuyaza kuko muba muhuje. Byumvikanako n’umuntu mushaka gukundana ushobora kumusaba akiyandisha kugirango urebe igipimo cy’urukundo rushobora kuvuka hagati ya mwembi.

2. Kumenya niba agukunda by’ukuri.
Niba ufite umukunzi ukaba ushaka kumenya niba agukunda by’ukuri cyangwa akuryarya, wiyandikisha kuri www.umunota.com noneho aho basaba kuzuza niba uri umukobwa cyangwa umuhungu wowe uhitamo ahanditse “Couple” maze ukuzuza ibisabwa. Iyo umaze kubyuzuza system ibasha guhita ikwereka igipimo cy’urukundo ruri hagati ya mwembi. Iyo icyi gipimo kiri hejuru ya 75% urukundo rwanyu ruba ari urw’ukuri naho iyo kiri hasi ya 35% biba bivuze ko umwe muri mwe yakurikiye inyungu k’uwundi nta rukundo rw’ukuri ruba ruri hagati yanyu kuko ntakintu gifatika ruba rushingiyeho kandi biba byerekana ko rutazigera rurama ngo rugere kure.
Biroroshye cyane sura urubuga www.umunota.com ubigerageze urebe.

source https://nibyiza.com/ese-aragukunda-byukuri-dore-uburyo-wamenya-ingano-yurukundo-agukunda/


