Author: webrwanda
-
Dore ibyamamare bikunzwe cyane muri Nigeria Byirata. #rwanda #RwOT
Abantu benshi babona ko bamwe mubyamamare byo muri Nigeria batagira ikinyabupfura kandi birata. Impamvu, kuki batekereza ko aba bantu ari abirasi, bizwi cyane nababashinja.
Urutonde rwacu rushingiye kubyo abakoresha imbuga nkoranyambaga bumva kuri aba bahanzi bakunzwe na benshi hirya no hino.
5 Umugabekazi Njamah

Umugabekazi Njamah numwe mubantu bakomeye bazwiho kwiyemera no kutagira ikinyabupfura.
4 Umusaza Don

Umuhanzi uzwi cyane, Umusaza Don nawe afite tagi ikinyabupfura no kwiyemera. Abanyanijeriya benshi bemeza ko ari umwe mu byamamare bya Nigeria.
3 Rukky Sanda

Ubwiza bwa Rukky nabwo bwaranzwe no kutagira ikinyabupfura no kwiyemera. Bigaragara ko benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga bafite ibibazo bijyanye nimyitwarire ye.
2 Wizkid

Bitandukanye na Davido, Wizkid yashizwemo ubwibone kandi butagira ikinyabupfura. Nibyiza, impamvu zabo zirazwi cyane.
1 Tonto Dikeh

Umukinnyi wa Nollywood, Tonto Dikeh yiswe ikinyabupfura nubwibone nabakoresha imbuga nkoranyambaga. Ibyo baregwa bishingiye ahanini ku kuntu abaho ku mbuga nkoranyambaga.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 2 bakuru muri RDF. #rwanda #RwOT
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abofisiye bakuru babiri mu ngabo z’u Rwanda aho Frank Mutembe wari ufite ipeti rya Colonel yagizwe Brigadier General naho Lt Col David Kamu Kanamugire agirwa Colonel.
Izi mpinduka zatangajwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, aho Frank Mutembe wagizwe Brigadier General, yigeze kuba Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Gasabo ndetse yanabaye Umuyobozi wungirije w’Ingabo za Brigade ya 408 ikorera mu turere twa Rusizi na Nyamasheke.

Frank Mutembe wari ufite ipeti rya Colonel, yazamuwe mu ntera agirwa Brigadier General Mu 2010 yari mu butumwa bwa Loni bugamije kugarura amahoro i Darfur aho yari Umuyobozi wa Batayo y’Ingabo z’u Rwanda zariyo.

Lt Col David Kamu Kanamugire yazamuwe mu ntera agirwa Colonel David Kamu Kanamugire wagizwe Colonel, we yabaye Umuyobozi ushinzwe kurwanya ibyaha bikoreshwa ikoranabuhanga muri RDF.
The post Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 2 bakuru muri RDF. appeared first on KASUKU MEDIA.
source https://kasukumedia.com/perezida-kagame-yazamuye-mu-ntera-abasirikare-2-bakuru-muri-rdf/
-
House for sale at kagugu @ 150 millions Call or WhatsApp 0788258203 Very nice house for sale at kagugu it has… 4 bedrooms 4 bathrooms nice kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203 #rwanda #RwOT
House for sale at kagugu @ 150 millions Call or WhatsApp 0788258203 Very nice house for sale at kagugu it has… 4 bedrooms 4 bathrooms nice kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203



(Feed generated with FetchRSS)
-
https://youtu.be/bcy8q4ivSpE #rwanda #RwOT
-
ndagurisha iyi POSITIVO BGH proccessor speed 2.50GHz ni intel core i5 storage 1TL Ram 8GB igiciro 200k RWF… iracyari nshya uyishaka twandikire kuri watsap number /0780613296 #rwanda #RwOT
ndagurisha iyi POSITIVO BGH proccessor speed 2.50GHz ni intel core i5 storage 1TL Ram 8GB igiciro 200k RWF… iracyari nshya uyishaka twandikire kuri watsap number /0780613296





(Feed generated with FetchRSS)
-
Very lovely plot for sale at kibagabaga near main road with nice view in good location with security& VIP neighbors Ikibanza kiza cyane kdi kinini kigurishwa hafi kdi gihendutse Kibagabaga, uhita wubaka … Plotsize: 20mx25m=500sqm Price: 25,000,00
Very lovely plot for sale at kibagabaga near main road with nice view in good location with security& VIP neighbors Ikibanza kiza cyane kdi kinini kigurishwa hafi kdi gihendutse Kibagabaga, uhita wubaka … Plotsize: 20mx25m=500sqm Price: 25,000,000millions Tell:+250 788520589(call&WhatsApp) 0736179699

(Feed generated with FetchRSS)
-
House for sale at kimironko 75 millions Call or WhatsApp 0788258203 Very nice house for sale at kimironko it has… 4 bedrooms 3 bathrooms and kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203 #rwanda #RwOT
House for sale at kimironko 75 millions Call or WhatsApp 0788258203 Very nice house for sale at kimironko it has… 4 bedrooms 3 bathrooms and kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203



(Feed generated with FetchRSS)
-
Ikibumbano kigaragaza umugore wa Perezida Trump cyatwitswe aho yavukiye #rwanda #RwOT
Igishusho/ikibumbano gikozwe mu biti kigaragaza ishusho y’umugore wa Donald Trump, Melania Trump, bivugwa ko cyatwitswe aho cyari kimanitse hafi y’aho avuka mu Gihugu cya Slovenia mu Bulayi, bahita bagikuraho.
Brad Downey, umuhanga mu gushushanya yari yakoresheje icyo gishusho, avuga ko cyatwitswe tariki ya 04 Nyakanga 2020i, umunsi Amerika yizihiza umunsi w’ubwigenge.
Uwo munyamerika asanzwe aba mu Mujyi wa Berlin ho mu Budage, yahise asaba ko icyo gishusho cyari cyononekaye gikurwaho ku munsi ukurikira.
Igipolisi cyabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko amaperereza yatangiye. Ibiro by’umukuru w’Igihugu bya Amerika ntibyashatse kugira icyo bibivugaho.
Icyo gishusho cyari cyakozwe mu giti gishyirwa hanze y’umujyi wa Sevnica aho Melania yavukiye muri Slovenia.
Iki Gishusho, kerekana Melania Trump yambaye ikanzu isa n’ubururu, isa n’iyo yari yambaye igihe umugabo we yimikwa. Cyatumye abantu bavuga byinshi igihe kimanikwa mu kwezi kwa Karindwi kwa 2019.
Bamwe mu baba muri uwo mujyi bavuze ko icyo gishusho kimuteje isoni nk’umugore w’umukuru w’igihugu. Bwana Downey yabwiye Reuters ko icyipfuzo cyiwe ari ukumenya abakuyeho icyo gishusho n’icyo bashaka.
Kubw’iwe, icyo gishusho cyari gutuma haba ibiganiro ku bijyanye n’icyuka cya politike kiri muri Amerika, harimo n’ikibazo nkoramutima cy’abimukira.
Umugore wa Trump nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, yavukiye ndetse akurira muri Slovenia igihe iki gihugu cyari kikiri intara y’icyahoze ari Yougoslavia, nyuma akaba yaraje kwimukira muri Amerika mu myaka ya 1990.
Icyo gishusho muri Slovenia cyasenywe mu gihe ibishusho by’abategetsi batandukanye ba Amerika bagize uruhara mu bucakara byarimo birasenywa bivuye ku myigaragambyo yo kwamagana ivanguramoko rishingiye ku ruhu.
Mu magambo yiwe aherutse gutangaza, harimo n’iryo yavuze ku munsi wo guhimbaza umunsi w’ubwigenge, Perezida Donald Trump wa Amerika yihanangirije bikomeye abonona n’abasenya ibyo bishusho.
Kuva Trump atowe nk’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2016, Sevnica yabaye umujyi wakira abagenzi benshi ahanini bashaka kumenya byinshi ku mavu n’amavuko ya Melania Trump n’ubuto bwe.
Mu kwezi kwa Munani k’umwaka ushize, igishushanyo cyerekana Perezida Trump cyarubatswe muri Slovenia, mu burasirazuba bw’umurwa mukuru Ljubljana, nacyo kikaba cyarateye ukutumvikana nk’uko byagenze ku gishusho cy’umugore we.
Icyo gishusho cyari gifite uburebure bwa metero umunani nacyo cyashenywe n’abantu batamenyekanye mu kwa mbere kw’uno mwaka wa 2020.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
source http://www.intyoza.com/ikibumbano-kigaragaza-umugore-wa-perezida-trump-cyatwitswe-aho-yavukiye/

