Author: webrwanda
-
Umuhungu n‘umukobwa bakoreye ibishitani muri piscine abantu bose barumirwa. #rwanda #RwOT
Mu Rwanda mu gihe ibikorwa by’imyidagaduro byahagaritswe kubera Coronavirus, mu bihugu by’abaturanyi bo imyidagaduro irakomeje. Burundi na Tanzaniya ni bimwe mu bihugu bitigeze bifata ingamba zikarishye zo guhangana na Coronavirus. Igitangaje cyane n’uko muri ibyo bihugu abantu bakomeje kugaragara bishimisha nk’aho ari imperuka, bakishimisha bivuye inyuma nk’aho ari ubwa nyuma ndetse bagakora n’ibidakorwa. Umusore n’umukobwa bagaragaye muri Piscine basambana maze abandi bantu babarebaga barumirwa. Mu gihe abo bombi bari baryohewe nta kintu bitayeho, undi musore n’umukobwa bakomeje kubitegereza birangira nabo biyemeje kwinjira muri icyo gikorwa kigayitse nabo batangira gusambana. Ubu abantu bakomeje kwibaza niba tuzongera kubaho nka mbere, kuko usanga mu bihugu byashegejwe na Coronavirus ubuzima bwarahindutse cyane ndetse n’ibihugu bisa nk’aho Coronavirus itahungabanyije nabyo ubuzima bwarahindutse k’uburyo imibereho y’abantu mu minsi iri imbere iteye amatsiko. -
Abapolisi b’u Rwanda bapimwe COVID-19, bashishikarizwa kurushaho kwirinda (Amafoto) #rwanda #RwOT
Abakozi ba Minisiteri y’ubuzima bahuguye abapolisi bakorera ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku gukumira no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, mu gikorwa cyahujwe no kubapima iyi ndwara, kuri uyu wa Kane. -
Urwibutso rukomeye Maxime afite afite kuri APR FC #rwanda #RwOT

Rutahizamu wa Rayon Spors usatira anyuze ku mpande, Sekamana Maxime avuga ko kwibagirwa APR FC bidashoboka kuko ari yo yamugize uwo ari we uyu munsi ituma abantu bamumenya.
Sekamana Maxime ni umwe mu basore bakuriye mu ikipe ya APR FC ndetse ayikinira igie kirekire bakaba baratandukanye umwaka ushize wa 2019.
Mu kiganiro yairanye n’ikinyamakuru ISIMBI, Maxime yavuze ko byanze bikunzi nk’ahantu yakuriye hari byinshi aba ahakumbuye.
Yagize ati“ni byinshi cyane nkumbura kuri APR FC, urumva ni ahantu nakuriye rimwe na rimwe hajya hagera igihe ukahakumbura urumva ntabwo byabura.”
Akomeza avuga ko urwibutso afite kuri iyi kipe y’ingabo z’igihugu ari uko ari ikipe yatumye aba uwo ari we, yatumye impano ye imenyekana.
Yagize ati“ikintu ntazayibagirwaho ni ikipe yatumye impano yanjye igaragara. Abantu baramenye, mu by’ukuri yatumye mba uwo ndi we uyu munsi.”
Maxime Sekamana yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2, ubu asoje umwaka umwe akaba ayisigajemo undi mwaka w’imikino.
Yakiniye APR FC kuva kera ngo ni nayo mpamvu byagorana kuyibagirwa
Ubu ni umukinnyi wa Rayon Sportssource http://isimbi.rw/siporo/article/urwibutso-rukomeye-maxime-afite-afite-kuri-apr-fc
-
Dj Briane n’umuhanzikazi Meliane bavuze impamvu abakobwa b’iki gihe bashaka abaterankunga(VIDEO) #rwanda #RwOT

Mu kiganiro aba bakobwa bagiranye n’iinyamakuru ISIMBI, bemeje ko abakobwa benshi muri iki gihe usanga bafite abaterankunga cyangwa sponsors nk’uko bakunze kubita(abagabo baba babaha amafaranga, bakabahindurira ubuzima ubundi bakajya baryamana na bo), ibintu babona biterwa no kuba bashaka kubaho mu buzima buhenze baturuhiye.
Aba bakobwa bavuga ko atari umuco mwiza ahubwo bakwiye no gutekereza uko bazabaho igihe uwo muntu atagihari, kuko namara gusaza nta n’umwe uzaba ukimureba bitewe n’uko hari abandi bana beza babyiruka.
Reba hano ikiganiro na Dj Briane ari kumwe na Melaiane
-
Abapolisi b’u Rwanda bapimwe COVID-19, bashishikarizwa kurushaho kwirinda (Amafoto) #rwanda #RwOT
Abakozi ba Minisiteri y’ubuzima bahuguye abapolisi bakorera ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku gukumira no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, mu gikorwa cyahujwe no kubapima iyi ndwara, kuri uyu wa Kane. -
Rayon Sports yongeye gutira Sugira Ernest muri APR FC #rwanda #RwOT
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwongeye kwandikira APR FC buyisaba kongera gutizwa rutahizamu Ernest Sugira wasoje amasezerano y’amezi atandatu nk’intizanyo.source https://igihe.com/imikino/football/article/rayon-sports-yongeye-gutira-sugira-ernest-muri-apr-fc
-
Amwe mu mazina ya hoteli zikomeye mu Rwanda yaje mu myanya ya mbere ku Isi (Amafoto) #rwanda #RwOT
Kuva mu myaka mike ishize, amazina akomeye mu by’amahoteli akomeje gutaha mu rw’imisozi igihumbi, ari nako rukomeza kwakira abashyitsi bo ku rwego rwo hejuru, bakakirirwa ahantu habateye ishema, hahuye n’icyubahiro cyabo. -
Intambwe ku yindi y’urugendo rwo kubaka urwego rw’imari mu myaka 26 ishize #rwanda #RwOT
Mu 1994 ubwo ingabo zari iza FPR zabohoraga u Rwanda zikanahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, inkingi zose z’ubuzima bw’igihugu zari zarasenyutse. Urwego rw’imari rwari munsi ya zeru, abaturage baratakarije icyizere amabanki mbarwa yari mu gihugu, kuko amwe muri yo abayacungaga bayasahuye bakayeza. -
Amwe mu mazina ya hoteli zikomeye mu Rwanda yaje mu myanya ya mbere ku Isi (Amafoto) #rwanda #RwOT
Kuva mu myaka mike ishize, amazina akomeye mu by’amahoteli akomeje gutaha mu rw’imisozi igihumbi, ari nako rukomeza kwakira abashyitsi bo ku rwego rwo hejuru, bakakirirwa ahantu habateye ishema, hahuye n’icyubahiro cyabo. -
Intambwe ku yindi y’urugendo rwo kubaka urwego rw’imari mu myaka 26 ishize #rwanda #RwOT
Mu 1994 ubwo ingabo zari iza FPR zabohoraga u Rwanda zikanahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, inkingi zose z’ubuzima bw’igihugu zari zarasenyutse. Urwego rw’imari rwari munsi ya zeru, abaturage baratakarije icyizere amabanki mbarwa yari mu gihugu, kuko amwe muri yo abayacungaga bayasahuye bakayeza.










