Author: webrwanda

  • Lionel Messi yafatiye Fc Barcelona umwanzuro w’ubugome nyuma yo kwemera kuyigumamo, Ese nuruhe ruhande rwatsinze, niki kigiye kuba? #rwanda #RwOT

    Abanyamakuru ba Sky Sports News Kaveh Solhekol na Dharmesh Sheth bagiye impaka zo kumenya niba Barcelona ari yo yatsinze nyuma yuko Lionel Messi yiyemeje kuguma muri iyi kipe, Ese koko niko bimeze cyangwa Messi yabikoze ngo abahime?

    Icyemezo cya “ubugome” cya Lionel Messi cyo kuguma muri Barcelona cyateje akajagari ku isi – ariko nyuma y’ibyumweru bibiri by’akajagari, ni uruhe ruhande rwatsinze?

    Mu cyumweru gishize, Messi yari yamenyesheje iyi kipe ko yifuza kuyivamo abinyujije ku nyandiko yemewe, yanze no kwitabira imyitozo inshuro 5 yo kwitegura Shampiyona , aha iyi myitozo ikaba yari iyobowe na  Ronald Koeman.

    Cyakora , Uyu Messi yemeye kuguma muri Barcelona muri shampiyona itaha , nyuma yo kugaragaza amaranga mutima ye. Yavuze ko azakomeza gakina nyuma y’ibimeze nk’ikinamico amazemo iminsi kubera ubwumvikane bucye afitanye niyi kipe amazemo ubuzima bwe bwose.

    Messi yizeraga ko amasezerano ye amwemerera kuba yava muri iyi kipe muri iyi mpeshyi, ariko Fc Barcelona na La Liga bo bashimangirako ingingo nyayo aruko niba ashaka kuhava hagomba kwishyurwa akayabo ka miliyoni 700€ kandi yose.

    Ibyo bibaza ikibazo: ninde wavuye muri iyi saga(ibibazo) muburyo bwiza?

    Abanyamakuru ba Sky Sports News Kaveh Solhekol na Dharmesh Sheth bakurikiranye iyi nkuru yo kugenda kwe kuva ubwo amakuru yavaga kuri Messi ubwe.

    Abanyamakurua ba Sky Sports Dharmesh Sheth na Kaveh Solhekol

    Kaveh ati Messi yasubijwe hasi!

    “Iyi ni Barcelona 1, Lionel Messi 0. Ibyo avuga byose, byabaye ngombwa ko asubira inyuma. Yashakaga kugenda  ku mategeko ye kandi yagerageje gukuramo byihuse kuri Barcelona hamwe n’iyi ngingo mu masezerano ye bivuze ko ashobora kugenda kubuntu.Uburyo bwose wabireba, perezida wa Barcelona niwe watsinze iki cyiciro.

    “Ntekereza ko yagerageje amahirwe yo kuva muri Barcelona ku buntu kandi ntibyagenze neza. Iyo bigeze aho, byose ni amafaranga. Messi  yumvaga adakomeye bihagije cyangwa ngo yumve ko  ijana ku ijana afite ikizere gihagije muri we ngo abe yajyana urubanza mu nkiko. “

    Dharmesh: Barcelona izahomba amafaranga yo kumufuka wabo.

    “Njye simbyemera. Sintekerezako ari Barcelona yatsinze kubijyanye n’iki kibazo. Yes nibyo koko baramugumanye, ariko nanone bari bamukeneyeho amafaranga. Ubu noneho bafite Messi utanabishimiye. Ikizaba ubu ni uko Messi azagumaho asigaye mu masezerano ye kandi Barcelona nta faranga na rimwe izabona mu gihe iyo haba amasezerano yashoboraga kuba  byari kuba bitandukanye.”

    “Twaganiriye ku kuba Messi ategereje kugenda niba byaba ari imbaraga zo gukina cyangwa ari ibyemezo bya Football , Ese Mri Barcelona n’ahantu heza wakwifuza kuguma ushaka gutwara Champions League cyangwa n’izina gusa? Messi we ntabyiyumvisha nagato.”

    Josep Maria Bartomeu Perzida wa Barcelona.

    “Birantangaje nk’imwe munzira wakwita iyamahoro kandi nyamara niyo ryaba ari ishyaka ritabibara nk’insinzi kuri bo. Inkiko nizo zari gucyemura ibi byose , ariko Messi nk’intwari yanze kujya kuburana n’ikipe y’ubuzima bwe.”

    “Urubanza rw’urukiko ntirwasozwa mbere yuko idirishya ryo kwimura rifunga(Transfer) kburyo twaba twarangije kuruhande turiho. Messi ntaho yagiye ndetse na Barcelona nta mafaranga yabonye. Uko Messi ashaka kugenda mu buryo bwiza , ninako Barcelona yifuza miliyoni 700 z’amayero cyangwa andi mafaranga ya Transiferi (Kwimura).”

    “Haba Messi haba Barcelona ntanumwe wabonye icyo yashakaga.”

    Ese haba hagiye gukurikiraho iki?

    Umuhanga usobanukiwe ibya Football Alvalo Montero yagize icyo abivugaho ati:” “Ndatekereza ko Messi azagerageza gukora ibishoboka byose ngo ibintu bisubire mu buryo, kuko tugomba kwibuka urugamba rwa Messi mu byumweru bike bishize ahanganye na Bartomeu n’abagize inama y’ubutegetsi, ariko ntabwo ari ikipe n’abafana.”

    “Ikintu kingenzi yavuze nuko atifuza kugenda mu buryo butari bwiza ameze nkuhanganye n’ikipe amaranye nayo imyaka 20 mu mahoro, njye nubwo buryombibonamo, Messi yabikoze mu mahoro kandi ndatekerezako azanabigaragaza mu kibuga La Liga nigaruka.”

    “Ndatekerezako imbere muri Nou Camp, Messi ari ingenzi cyane, kandi igihe azatsinda igitego agakina neza nk’uko bisanzwe , abafana ba Barcelona bazamubabarira. Ubu uramutse ugiye mu muhanda ukabaza abantu , wasanga 90-95 kw’ijana bose bashyigikiye Messi kurusha Bartomeu.”

    “Abafana ba Barcelona ntacyo bizaba bibatwaye igihe Messi  azaba yatangiye gukina kandi akanatsinda nk’ibisanzwe.”

    “Ndatekereza ko Messi bizamworohera kuguma muri Barcelona igihe Bartomeu azaba atagihari, umubano wabo ntago byoroshye kuwukosora. Aramutse agiye nyuma ya tariki 15 werurwe amatora agiye kuba, igihe hazaba hari umu perezida mushya , reka tuvugeko ari Joan Laporta ufitanye umubano uhambaye na Messi, uburyo buzaba bwinshi, ahubwo bizaterwa n’ejo hazaza ha Barca n’ubuyobozi bwayo.”

    Share on:

    WhatsApp

    The post Lionel Messi yafatiye Fc Barcelona umwanzuro w’ubugome nyuma yo kwemera kuyigumamo, Ese nuruhe ruhande rwatsinze, niki kigiye kuba? first appeared on INGINGO.COM / Rwanda News & Story.

    source https://ingingo.com/lionel-messi-yafatiye-fc-barcelona-umwanzuro-wubugome-nyuma-yo-kwemera-kuyigumamo-ese-nuruhe-ruhande-rwatsinze-niki-kigiye-kuba/sport/3099/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=lionel-messi-yafatiye-fc-barcelona-umwanzuro-wubugome-nyuma-yo-kwemera-kuyigumamo-ese-nuruhe-ruhande-rwatsinze-niki-kigiye-kuba

  • Uturere tw’imijyi mu myanya ya nyuma mu kwishyura mituweli #rwanda #RwOT

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, cyatangaje ko nyuma y’amezi arengaho gato abiri, umubare w’abanyarwanda bangana na 75.4% bamaze kwishyura ubwisungane mu kwivuza, Mituweli, muri uyu mwaka wa 2020/21.
  • Manzi Djimmy André yashinze Académie izafasha Amavubi kubona abakinnyi bakina hanze #rwanda #RwOT

    Manzi Djimmy André ubusanzwe ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashinze ishuri ry’umupira w’amaguru ku ntego yo kunganira ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, aho ateganya kuzajya ajyana abakinnyi bato i Burayi no muri Amerika kugira ngo bagere ku rwego rwo gukinira igihugu cyabo.
  • Kwita Izina to be held on World Gorilla Day #rwanda #RwOT

    The 16th Kwita Izina will be held under the theme “Conservation and Sustainable Tourism – A Foundation for Future Generations”.

    This year, 24 baby gorillas that call Rwanda’s Volcanoes National Park home will be named by the Volcanoes National Park staff – the frontliners of conservation who protect and care for them every day.

    They will include the park rangers, guides, wardens, trackers and veterinary doctors, among others.

    World Gorilla Day marks the day that renowned gorilla conservationist Dian Fossey established the Karisoke Research Center in Rwanda in 1967. It is a day that encourages people around the globe to join conservation efforts to protect gorillas in the wild.

    This year’s virtual event will feature updates from the field on how rangers, vets and researchers work everyday to protect gorillas and a handover ceremony of the community project RDB embarked on to improve access to potable water for the communities living around Nyungwe National Park.

    The community project is part of the Tourism Revenue Share Programme, in which 10% of total tourism park revenues are invested back into communities, contributing to the development of communities living adjacent to Rwanda’s national parks.

    Additionally, this year, RDB is working with conservation and private sector partners to organise the Conversation on Conservation, a virtual session that will bring together scholars, researchers, conservationists, policy makers and the private sector to discuss, debate and find solutions to today’s conservation challenges.

    Speaking during her remarks at a virtual press conference held on 4 September, RDB Chief Tourism Officer, Belise Kariza noted: “Having Kwita Izina virtually this year gives us the opportunity to celebrate those who are at the forefront of protecting the endangered mountain gorillas and share Rwanda’s conservation success with Rwandans. We hope to inspire everyone to visit our beautiful country and experience the wonder of trekking to see the mountain gorillas in their natural habitat. Rwanda is open for tourism, and the sector underpins so much of our conservation work. That’s why we are proud of the impact of sustainable tourism on our national development and environmental protection efforts.”

    The practice of giving a name to a newborn baby, known as ‘Kwita Izina’, has been part of Rwandan culture for centuries. The name attributed to a baby gorilla plays a significant role in the ongoing programme of monitoring each individual gorilla in its family group and habitat.

    The Rwanda Development Board has announced that the 16th Kwita Izina Gorilla Naming Ceremony will be held virtually on World Gorilla Day, on 24 September 2020.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/kwita-izina-to-be-held-on-world-gorilla-day

  • RDB, RTN rollout virtual education programs for Rwandans #rwanda #RwOT

    Coursera is a world-wide online learning platform founded in 2012. It offers open online courses, specializations, degrees, professional and master track courses.

    The platform works with universities and other organizations to offer courses in a variety of subjects, such as engineering, data science, machine learning, mathematics, business, computer science, digital marketing, humanities, medicine, biology, social sciences, and others.

    The RDB Chief Skills Office and RTN are giving both unemployed and employed Rwandans access to 90% of Coursera catalogue courses and certificate programs at zero cost.

    With the Coursera programs, registered learners are gaining unlimited and free access to more than 3,800 courses taught by highly reputed professors and mentors from world-class universities such as Duke University, University of London, Ecole Polytechnic Paris, University of Amsterdam, National University of Singapore, New York Institute of Finance, Nanyang Technological University in Singapore, Yale University in the USA, John Hopkin’s University and from companies such as International Business Machines Corporation and Google among others.

    Commenting on the program, Elodie Rusera, the RDB Chief Skills Officer said;

    “The RDB Skills Office and RTN are working closely with the Ministry of ICT and Innovation to see that this initiative is successfully rolled out to improve the skills of public servants and all Rwandans as well as improve digital literacy through courses on the Coursera platform. This initiative is an intervention in the labour market, especially for Rwandans that have been affected by Covid-19 to re-skill and re-enter the workforce. By the end of December 2020, we expect more than 13,000 people will have been trained under this Coursera partnership with RTN and RDB Skills Office.”

    Today, 4,200 Rwandans from different backgrounds are enrolled in various courses on the platform.

    On August 18th this year, a virtual convocation was held to celebrate the achievement of around 2,000 first graduates from 17 Commonwealth counties. Rwanda is the second country after Ghana to have the highest number with over 480 people who have successfully graduated in this program mainly in information Technology, Management and communication courses so far.

    Paul Barera, the Chief Executive Officer of RTN, noted:

    “We understand that some learners may not have access to internet or computers but we are working with the RDB Skills Office to leverage Government’s Employment Service Centers and our Telecentres located in every district countrywide to give people access to the facilities.”

    To enroll on any of the courses being offered as a Government employee, please liaise with your HR manager or send an email to [email protected]. For non-Government employees, please fill the application form available on this link: https://rtn.rw/rtn_col_coursera_workforce_recovery/ or send an email to [email protected]

    RDB through its Chief Skills Office has partnered with the RTN to roll out Coursera Online Learning programs to improve the career skills of Rwandans.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/rdb-rtn-rollout-virtual-education-programs-for-rwandans

  • Kwita Izina to be held on World Gorilla Day #rwanda #RwOT

    The 16th Kwita Izina will be held under the theme “Conservation and Sustainable Tourism – A Foundation for Future Generations”.

    This year, 24 baby gorillas that call Rwanda’s Volcanoes National Park home will be named by the Volcanoes National Park staff – the frontliners of conservation who protect and care for them every day.

    They will include the park rangers, guides, wardens, trackers and veterinary doctors, among others.

    World Gorilla Day marks the day that renowned gorilla conservationist Dian Fossey established the Karisoke Research Center in Rwanda in 1967. It is a day that encourages people around the globe to join conservation efforts to protect gorillas in the wild.

    This year’s virtual event will feature updates from the field on how rangers, vets and researchers work everyday to protect gorillas and a handover ceremony of the community project RDB embarked on to improve access to potable water for the communities living around Nyungwe National Park.

    The community project is part of the Tourism Revenue Share Programme, in which 10% of total tourism park revenues are invested back into communities, contributing to the development of communities living adjacent to Rwanda’s national parks.

    Additionally, this year, RDB is working with conservation and private sector partners to organise the Conversation on Conservation, a virtual session that will bring together scholars, researchers, conservationists, policy makers and the private sector to discuss, debate and find solutions to today’s conservation challenges.

    Speaking during her remarks at a virtual press conference held on 4 September, RDB Chief Tourism Officer, Belise Kariza noted: “Having Kwita Izina virtually this year gives us the opportunity to celebrate those who are at the forefront of protecting the endangered mountain gorillas and share Rwanda’s conservation success with Rwandans. We hope to inspire everyone to visit our beautiful country and experience the wonder of trekking to see the mountain gorillas in their natural habitat. Rwanda is open for tourism, and the sector underpins so much of our conservation work. That’s why we are proud of the impact of sustainable tourism on our national development and environmental protection efforts.”

    The practice of giving a name to a newborn baby, known as ‘Kwita Izina’, has been part of Rwandan culture for centuries. The name attributed to a baby gorilla plays a significant role in the ongoing programme of monitoring each individual gorilla in its family group and habitat. The Rwanda Development Board has announced that the 16th Kwita Izina Gorilla Naming Ceremony will be held virtually on World Gorilla Day, on 24 September 2020.

    IGIHE
    http://dlvr.it/Rg1Zmm

  • Ibyo utamenye ku ndirimbo ’Kola’ ya The Ben, uwayanditse yinjije arenga miliyoni 1Frw #rwanda #RwOT

    Kenshi abanditsi b’indirimbo mu Rwanda ntabwo bahabwa umwanya wo kumenyekana nyamara baba bakoze bakoze akazi gakomeye mu ikorwa ry’indirimbo. Kinyoni ni izina ritazwi na benshi ariko yagize uruhare mu ikorwa ry’indirimbo zinyuranye akaba yaragize uruhare rutaziguye mu kwandika Kola ya The Ben.
  • RSSB igiye kubakira abanyamuryango bayo inzu zijyanye n’amikoro yabo #rwanda #RwOT

    Ikigo cy’gihugu cy’ubwiteganyirize (RSSB) cyatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari 2020/2021, kizatangiza umushinga wo kubaka inzu zigera ku bihumbi 10 zizubakirwa abanyamuryango bacyo bigendanye n’ubushobozi bafite.
  • Ubutumwa bwa Meddie Kagere bwafashwe nko gusezera kuri Simba SC #rwanda #RwOT

    Ubutumwa rutahizamu w’Umunyarwanda, Meddie Kagere, yashyize ku mbuga nkoranyambaga, bwakuye umutima bamwe mu bafana ba Simba SC babufashe nko gusezera kuri iyi kipe amazemo imyaka ibiri.
  • Iburasirazuba: Abikorera basabye imbabazi zo kunanirwa gushyira mu bikorwa imishinga y’asaga miliyari 20 Frw biyemeje #rwanda #RwOT

    Abahagarariye urugaga rw’abikorera mu Ntara y’Iburasirazuba (PSF), basabye imbabazi nyuma yo guhiga mu mwaka wa 2018 ko bagiye kubaka inzu zigezweho z’ubucuruzi muri iyi Ntara, gare, amasoko n’ibindi bikorwa bifite agaciro k’asaga miliyari 20 Frw ariko bikarangira ibyo bikorwa bitagezweho.