Author: webrwanda
-
Hatangajwe igihe igice gishya cya filime yamamaye nka James Bond kizasohokera #rwanda #RwOT
Filime ya James Bond ni imwe mu zamamaye cyane ku Isi, zihariye imitima ya benshi kugeza na n’uyu munsi, ku buryo benshi iyo bumvise ko hari agace gashya ibinezaneza biba byose. -
Nyaruguru: Umugore arakekwaho kwica no gutaba uruhinja yabyaye #rwanda #RwOT
Umugore wo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha cyo kwica uruhinja yabyaye akanarutaba mu mwobo. -
Rayon Sports yasabye ko ariyo izakina CAF Champions League cyangwa Confederation Cup ya 2020/21 #rwanda #RwOT
Rayon Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) irisaba guhindura umwanzuro yafashe ku ikipe zizasohokera u Rwanda mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League na Confederation Cup mu mwaka w’imikino wa 2020/21. -
RDB na RTN bashyizeho gahunda izafasha abanyarwanda kwiga amasomo agezweho bifashishijwe ikoranabuhanga #rwanda #RwOT
Urwego rw’Igihugu rw’iterambere (RDB) rubinyujije mu gashami karwo gashinzwe kongera ubumenyi, ku bufatanye n’ikigo cya Rwanda Telecenter Network (RTN) batangije gahunda yo gufasha abanyarwanda kurushaho gukarishya ubumenyi bwabo muri gahunda ya ‘Coursera Online Learning programs’, izabashoboza kwihugura bifashishije ikoranabuhanga. -
Banze kumva: Imbwirwaruhame zikomeye za Perezida Kagame aburira abashaka gutera u Rwanda #rwanda #RwOT
Burya ngo agapfa kaburiwe ni impongo! Hambere aha Perezida Kagame yakunze kuburira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, akababwira ko waharaniwe igihe kinini ndetse ukamenerwa amaraso, bityo ibikorwa byabo bidashobora kwihanganirwa. -
Elon Musk wungutse Miliyari $87.7 yari yaciye agahigo aca kuri Mark Zuckerberg nyiri Facebook aba umukire wa 3 ku Isi – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Musk witegura gukora igikoresho ahamya ko kizashyirwa mu bwonko bwa muntu kikabasha kubwongerere ubwenge yaciye agahigo ko gutunga agera kuri miliyari $115.4 bimushyira ku mwanya wa 3 akurikira Jeff Bezos utunze agera kuri milyari $205 na Bill Gate utunze $126. Ese ni iki kiri inyuma y’urwunguko rwa Elon Musk mu gihe abandi Covid-19 yabazahaje?. -
Nutuka u Rwanda cyangwa perezida nanjye nzagutuka- Ingabire Marie Immaculée #rwanda #RwOT

Uyu muyobozi uri mu bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane by’umwihariko Twitter yavuze ko kuba yatukana kuri izi mbuga atari ibintu avuga ko bikomeye cyane ko atabikora mu gihe uwo atuka arengana.
Ati “Ariko njyewe mujya munsetsa, ese kuki mwumva umuntu yaza akagutuka cyangwa agatuka igihugu ? Njyewe untutse nta kibazo ariko ugatuka igihugu cyanjye nkakwihorera ?”
Yakomeje agira ati “Hari ubwo njya mbona namwe abanyamakuru mushaka kunzanaho iterabwoba.. mubyibagirwe uyu uvugana nawe ntajya ahinduka. Ugatuka iki gihugu ? Ugatuka Perezida wa Repubulika ? Nzagutuka pe ku mugaragaro izuba ryaka.”
Ingabire Marie Immaculée kuri Twitter akurikirwa n’abantu basaga ibihumbi 40, ibintu avuga ko niba agututse cyangwa agukebuye abamukurikira bose baba bagomba kubibona.
Yakomeje agira ati “Nzagutuka bose babibone ko nagututse. Hari ibintu bitagomba gukorwaho, ibyo ni uko bimeze.”
Ingabire Marie Immaculée avuga ko iterambere ry’ikoranabuhanga n’imbuga nkoranyambaga iyo bikoreshejwe neza bifasha mu guteza imbere igihugu.
Avuga kandi ko by’umwihariko izi mbuga nkoranyambaga zifasha mu kuba abazikoresha cyangwa abaturage bashobora kubaza inzego inshingano zazo.
Reba ikiganiro twagiranye na Ingabire Marie Immaculée
-
Nutuka u Rwanda cyangwa perezida nanjye nzagutuka- Ingabire Marie Immaculée #rwanda #RwOT
Uyu muyobozi uri mu bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane by’umwihariko Twitter yavuze ko kuba yatukana kuri izi mbuga atari ibintu avuga ko bikomeye cyane ko atabikora mu gihe uwo atuka arengana.
Ati “Ariko njyewe mujya munsetsa, ese kuki mwumva umuntu yaza akagutuka cyangwa agatuka igihugu ? Njyewe untutse nta kibazo ariko ugatuka igihugu cyanjye nkakwihorera ?”
Yakomeje agira ati “Hari ubwo njya mbona namwe abanyamakuru mushaka kunzanaho iterabwoba.. mubyibagirwe uyu uvugana nawe ntajya ahinduka. Ugatuka iki gihugu ? Ugatuka Perezida wa Repubulika ? Nzagutuka pe ku mugaragaro izuba ryaka.”
Ingabire Marie Immaculée kuri Twitter akurikirwa n’abantu basaga ibihumbi 40, ibintu avuga ko niba agututse cyangwa agukebuye abamukurikira bose baba bagomba kubibona.
Yakomeje agira ati “Nzagutuka bose babibone ko nagututse. Hari ibintu bitagomba gukorwaho, ibyo ni uko bimeze.”
Ingabire Marie Immaculée avuga ko iterambere ry’ikoranabuhanga n’imbuga nkoranyambaga iyo bikoreshejwe neza bifasha mu guteza imbere igihugu.
Avuga kandi ko by’umwihariko izi mbuga nkoranyambaga zifasha mu kuba abazikoresha cyangwa abaturage bashobora kubaza inzego inshingano zazo.
Reba ikiganiro twagiranye na Ingabire Marie Immaculée
http://dlvr.it/Rg1LqV -
Elon Musk wungutse Miliyari $87.7 yari yaciye agahigo aca kuri Mark Zuckerberg nyiri Facebook aba umukire wa 3 ku Isi – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Musk witegura gukora igikoresho ahamya ko kizashyirwa mu bwonko bwa muntu kikabasha kubwongerere ubwenge yaciye agahigo ko gutunga agera kuri miliyari $115.4 bimushyira ku mwanya wa 3 akurikira Jeff Bezos utunze agera kuri milyari $205 na Bill Gate utunze $126. Ese ni iki kiri inyuma y’urwunguko rwa Elon Musk mu gihe abandi Covid-19 yabazahaje?.
http://dlvr.it/Rg1Lvt -
Za Nyarubwana muri Namibia zirimo gutozwa kujya zihunahuna zikerekana ahari Covid-19 #rwanda #RwOT
Ishuri ryigisha ubuvuzi bw’amatungo rya kaminuza ya Namibia riri gutoza imbwa guhunahuna zikerekana ahantu hari coronavirus. Intego ni ukohereza izo mbwa ku bibuga by’indege no ku mipaka nk’uko ikinyamakuru The Namibian kivuga ko kibikesha Conrad Brain umuhanga mu by’ibyorezo wigisha muri kaminuza.
Alma Raath, umwarimu mu buvuzi bw’amatungo, yongeraho ko izo ntozo/imbwa bari gutoza zibereka ko ziri kubasha gutahura ahari coronavirus ku kigero cya 95%. Uyu mushinga watangiye mu mezi abiri ashize nk’uko icyo kinyamakuru kibivuga, gusa ntiharatangazwa igihe izo mbwa zizatangira akazi.
Imbwa zatojwe zisanzwe zifasha abashinzwe umutekano kwerekana ahari ibintu runaka (zatojwe guhunahuna) bitagaragarira amaso. Ikinyamakuru the Namibian kivuga ko iki gihugu aricyo cya mbere muri Afurika kigiye gutangira gukoresha imbwa mu gutahura Covid-19.
Mu kwezi kwa gatanu, nkuko BBC ibitangaza, mu Bwongereza hatangiye ubushakashatsi bwo gukoresha imbwa mu gutahura abantu bafite coronavirus. Zimwe muri izo nyarubwana zari zisanzwe zaratojwe gutahura abantu barwaye ubwoko bumwe bumwe bwa kanseri, malaria n’izindi zikoresheje guhunahuna gusa.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
