Author: webrwanda

  • Meya wa Rubavu yasezeranyije uwa Rutsiro imbere y’amategeko #rwanda #RwOT

    Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, Ayinkamiye Emérence , yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Nsengimana Fabrice kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 05 Nzeri 2020 mu mihango yayobowe na mugenzi we wa Rubavu Habyarimana Gilbert.
  • Abanyamuryango ba Rayon Sports batakambiye Perezida Kagame kubera icyemezo cyafashwe na RGB #rwanda #RwOT

    Abavuga ko ari abanyamuryango nyakuri ba Rayon Sports bandikiye Perezida wa Repubulika Paul Kagame bamutakambira, basaba kuvanaho icyemezo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwafatiye Umuryango Rayon Sports.
  • Facebook yahagaritse amashusho y’umugabo wasabye guhuhurwa bakamwangira #rwanda #RwOT

    Facebook yahagaritse amashusho yatambukaga imbunankubone kuri urwo rubuga, y’umugabo w’umufaransa wasabye guhugurwa kubera uburwayi akabyangirwa agahitamo kwifata amashusho y’uburibwe ari gucamo akayereka isi yose kugeza ashizemo umwuka.
  • Miss Mwiseneza Josiane yavuze agashya kamubayeho ubwa yambikwaga impeta(VIDEO) #rwanda #RwOT

    Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe kurusha abandi muri 2019(Miss Popularity), avuga ko umunsi yambitswe impeta yari azi ko ari ibirori by’isabukuru ye cyane ko na we yari mu babiteguye.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Mwiseneza Josiane yavuze ko na we ari mubateguye ibirori kuko yari azi ko ari ibiro by’isabukuru ye y’amavuko.

    Gusa yaje gutungurwa n’uburyo iyi sabukuru yaje kuvamo umuhango wo kwambikwa impeta n’umukunzi we amusaba ko yazamubera umugore.

    Yavuze ko yatunguwe n’uburyo yateye ivi kandi bari baranumvikanye ko bazabana ndetse n’imyiteguro y’ubukwe bayigeze kure.

    Ngo yari azi ko ari ibirori by’isabukuru ye y’amavuko gusa

    Reba ikiganiro na Mwiseneza Joasine

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/miss-mwiseneza-josiane-yavuze-agashya-kamubayeho-ubwa-yambikwaga-impeta-video

  • Umuhanzi Sano wamamaye mu rukundo na Cadette yavuze uburyo yamubeshye ngo nyina yarapfuye kandi akiriho(VIDEO) #rwanda #RwOT

    Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Sano Olivier, avuga ko Uwera Carine[Cadette], basezeranye imbere y’amategeko yamubeshye ko nta babyeyi agira akajya gufata irembo ahantu hatariho mu rwego rwo guhisha ko ari umunyamulenge.

    Inkuru y’urukundo rwa Sano na Cadette, ni imwe mu nkuru zavuzwe cyane mu mwaka ushize wa 2019, Cadette akaba yarashinjaga Sano kumwiba ibintu bitandukanye yagiye amwoherereza, mu gihe bari mu munyenga w’urukundo.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Sano yaje guhishura byinshi ku rukundo rwabo aho yavuze ko uyu mukobwa yanamubeshye bikomeye ko nta nyina agira kandi akiriho.

    Yagize ati“ukundanye n’umukobwa ku nshuro ya mbere mumenyanye akubwiye ko nta babyeyi agira, akajya apositinga abantu ba kera ati akabura ntikaboneke ni nyinawumuntu, namubaza akambwira ngo ni mama wanjye wambyaye, uti uwo wundi ninde? Ati ni papa wanjye, ababyeyi barapfuye njye bantoraguye mu ntumbi i Nyanza.”

    “Twamaranye umwaka n’igice nziko umukobwa turi kumwe ari impfubyi, njya gufata irembo ry’ibinyoma i Kirehe ambwira ngo niho kwa papa we na mama, kumbe abantu nta n’ikintu bapfana, ni abantu bamaranye umwaka 1 baziranye nk’inshuti.”

    Avuga ko uyu mukobwa yanamubeshye amazina ye atitwa Uwera Carine ahubwo yitwa Nkundiyera Jeanne, ibi yabibonye ku byangombwa bye yaje mu Rwanda.

    Nyuma ni nabwo yaje kumenya ko yamuhishe umuryango we nyawo, akaba yarahishaga ko ari umunyamulenge.

    Sano yavuze ko Cadette yamubeshye byinshi

    Reba ikiganiro na Sano

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/umuhanzi-sano-wamamaye-mu-rukundo-na-cadette-yavuze-uburyo-yamubeshye-ngo-nyina-yarapfuye-kandi-akiriho-video

  • Miss Mwiseneza Josiane yavuze agashya kamubayeho ubwa yambikwaga impeta(VIDEO) #rwanda #RwOT

    Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe kurusha abandi muri 2019(Miss Popularity), avuga ko umunsi yambitswe impeta yari azi ko ari ibirori by’isabukuru ye cyane ko na we yari mu babiteguye.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Mwiseneza Josiane yavuze ko na we ari mubateguye ibirori kuko yari azi ko ari ibiro by’isabukuru ye y’amavuko.

    Gusa yaje gutungurwa n’uburyo iyi sabukuru yaje kuvamo umuhango wo kwambikwa impeta n’umukunzi we amusaba ko yazamubera umugore.

    Yavuze ko yatunguwe n’uburyo yateye ivi kandi bari baranumvikanye ko bazabana ndetse n’imyiteguro y’ubukwe bayigeze kure. Ngo yari azi ko ari ibirori by’isabukuru ye y’amavuko gusa

    Reba ikiganiro na Mwiseneza Joasine
    http://dlvr.it/Rg44TV

  • Umuhanzi Sano wamamaye mu rukundo na Cadette yavuze uburyo yamubeshye ngo nyina yarapfuye kandi akiriho(VIDEO) #rwanda #RwOT

    Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Sano Olivier, avuga ko Uwera Carine[Cadette], basezeranye imbere y’amategeko yamubeshye ko nta babyeyi agira akajya gufata irembo ahantu hatariho mu rwego rwo guhisha ko ari umunyamulenge.

    Inkuru y’urukundo rwa Sano na Cadette, ni imwe mu nkuru zavuzwe cyane mu mwaka ushize wa 2019, Cadette akaba yarashinjaga Sano kumwiba ibintu bitandukanye yagiye amwoherereza, mu gihe bari mu munyenga w’urukundo.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Sano yaje guhishura byinshi ku rukundo rwabo aho yavuze ko uyu mukobwa yanamubeshye bikomeye ko nta nyina agira kandi akiriho.

    Yagize ati“ukundanye n’umukobwa ku nshuro ya mbere mumenyanye akubwiye ko nta babyeyi agira, akajya apositinga abantu ba kera ati akabura ntikaboneke ni nyinawumuntu, namubaza akambwira ngo ni mama wanjye wambyaye, uti uwo wundi ninde? Ati ni papa wanjye, ababyeyi barapfuye njye bantoraguye mu ntumbi i Nyanza.”

    “Twamaranye umwaka n’igice nziko umukobwa turi kumwe ari impfubyi, njya gufata irembo ry’ibinyoma i Kirehe ambwira ngo niho kwa papa we na mama, kumbe abantu nta n’ikintu bapfana, ni abantu bamaranye umwaka 1 baziranye nk’inshuti.”

    Avuga ko uyu mukobwa yanamubeshye amazina ye atitwa Uwera Carine ahubwo yitwa Nkundiyera Jeanne, ibi yabibonye ku byangombwa bye yaje mu Rwanda.

    Nyuma ni nabwo yaje kumenya ko yamuhishe umuryango we nyawo, akaba yarahishaga ko ari umunyamulenge. Sano yavuze ko Cadette yamubeshye byinshi

    Reba ikiganiro na Sano
    http://dlvr.it/Rg44Y9

  • Mutoni Assia wamenyekanye muri filime nyarwanda yafunguye ku mugaragaro sosiyete y’ubukerarugendo #rwanda #RwOT

    Abahoza amaso ku nsakazamashusho bareba filime nyarwanda, bakunze kubona umukobwa witwa Mutoni Assia wakinnye muri filime zitandukanye nka Intare y’Ingore, Seburikoko n’izindi nyinshi, aho ubu agezweho mu yo yise “Gatarina”.
  • Nyabihu: Batatu bafatanwe udupfunyika tw’urumogi 4,000 bacuruzaga #rwanda #RwOT

    Ku bufatanye n’abaturage bo mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Kabatwa mu kagari ka Gihorwe kuri uyu wa Gatanu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafashe abantu batatu bacuruzaga urumog
  • Iby’ingenzi bikubiye mu gishushanyombonera gishya cy’Umujyi wa Kigali #rwanda #RwOT

    Umujyi wa Kigali uherutse kumurika igishushanyombonera gishya kizageza mu mwaka wa 2050, cyitezweho kuba moteri y’iterambere ry’abazaba batuye uwo mujyi mu myaka 30 iri imbere.