Author: webrwanda
-
Rubavu: Abacuruzi b’urumogi bateshejwe barutwaye mu byuma bizimya umuriro #rwanda #RwOT
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yatesheje abagabo babiri barimo kwinjiza mu gihugu urumogi, bari barushyize mu byuma bitatu byifashishwa mu kuzimya inkongi z’umuriro (fire extinguisher cylinders). -
Karongi: Impanuka ya Fuso yahitanye bane abandi umunani barakomereka #rwanda #RwOT
Mu karere ka Karongi, Umurenge wa Bwishyura, Akagari ka Kiniha, mu mudugudu wa Ruganda, habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Fuso, ihitana abantu bane bahise bapfa abandi umunani barakomereka. -
Bigizwemo uruhare na Trump, Bahrain na Israel biri mu nzira zo kunoza umubano #rwanda #RwOT
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangaje ko Israel na Bahrain byemeye ibiganiro bigamije kunoza umubano ndetse bikaba byiteguye gushyira umukono ku masezerano yo guhagarika umwiryane. -
Abazungu bazamuye Kayibanda bazi ko azahirikwa: Ikiganiro n’umunyamateka Isaïe Murashi #rwanda #RwOT
Inzobere mu mateka Isaïe Murashi, yagaragaje ko Grégoire Kayibanda wabaye Perezida wa mbere w’u Rwanda nyuma y’ubwigenge, yateguwe n’abihayimana cyane cyane abapadiri bera, babizi ko igihe kizagera bakamukuraho agasimburwa n’abahutu bo mu bice by’Amajyaguru n’Iburengeraziba bw’u Rwanda. -
Guarantee international ikomeje gufasha abashaka kujya kwiga, gutembera no gukora mu Burayi n’Amerika #rwanda #RwOT
Mu gihe ibihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane w’u Burayi na Amerika bikomeje kugenda bifungura ibibuga by’indege, Guarantee International Ltd nk’uko isanzwe ibikora, nayo ikomeje ibikorwa byo gufasha abashaka kujya kwiga, gutemberera no gukora hanze, ibashakira amashuri na Visa ndetse n’akazi muri ibi bihugu. -
B Threy yahishuye uko yiyunze na Bushali bari bamaze umwaka barebana ay’ingwe #rwanda #RwOT
Kuva mu Ugushyingo 2019, B Threy asezera muri Green Ferry yatangiye kurebana ay’ingwe na Bushali batangiranye umuziki, kuri ubu uyu muraperi yavuze ko yamaze kwiyunga na mugenzi we, babanye neza ndetse byabaye akarusho ubwo bahuriraga mu ndirimbo “Amabara” ya Amalon. -
Sulah Nuwamanya na Prossy Bonabaana ba RNC barakorwaho iperereza ku iterabwoba n’ubucuruzi bw’intwaro #rwanda #RwOT
Inzego z’umutekano za Uganda zirimo gukora iperereza ku banyamuryango ba RNC, Sulah Nuwamanya Wakabirigi na Prossy Bonabaana, ku byaha bitandukanye bakekwaho birimo; ubujura, iterabwoba, gucuruza intwaro ndetse no gutera ubwoba no guhohotera abanyarwanda baba muri Uganda. -
U Burusiya bwitakanye Minisitiri w’intebe w’u Butaliyani wavuze ko Putin yamwijeje gukora iperereza ku irogwa rya Navalny #rwanda #RwOT
U Burusiya bwahakanye ibiherutse kuvugwa na Misitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giuseppe Conte ko Perezida w’iki gihugu yamwijeje ko yiteguye gutangiza iperereza ku irogwa rya Alexei Navalny usanzwe utavugwa rumwe n’ubutegetsi bwe. -
Nyarugenge: Peace and Grace Motel yafunzwe n' ubuyobozi nyuma yo gufatiramo abasinzi barimo gusabana #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Nzeri 2020, Peace and Grace Motel, ku Muhima imaze gufungwa na nyirayo arahanwa kubwo kurenga kumabwiriza yo Kwirinda COVID19.
Ubwo n'ubutumwa buri kuri twitter y'akarere ka Nyarugenge, aho bugira buti:'Turashima abamaze kumva ko hacyenewe uruhare rwa buri wese mu kurwanya iki cyorezo bagatanga amakuru ,ba ntibindeba nkaba bagahanwa'.

N'ubutumwa akarere katanze gashimira abaturage batanze amakuru iyi hotel igafatirwamo abasinzi bari kunywa begeranye nyuma basinda bakanasabana, mu gihe amabwiriza yemejwe n'inama y'abaminisitiri nuko Resitora na Hotel zikora nk'utubari zizakomeza gufunga.Â
