Mu byiciro by'ubudehe bishya, ingaragu zitakibana n'ababyeyi zizajya zihabwa icyiciro cyazo #rwanda #RwOT

Written by

in

Misitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yavuze ko mu byiciro by'ubudehe bishya byamaze kwemezwa, umuntu ugejeje imyaka y'ubukure utakibana n'umubyeyi azajya ahabwa icyiciro cye cy'ubudehe hashingiwe ku byo yinjiza we ubwe hatagendewe ku babyeyi be.

Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/mu-byiciro-by-ubudehe-bishya-ingaragu-zitakibana-n-ababyeyi-zizajya-zihabwa

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *