Ubucuruzi bw’isambaza bwafashije abagore gutunga imiryango muri COVID-19 #rwanda #RwOT

Written by

in

Icyorezo cya COVID-19 cyafunze ibikorwa byinshi mu Rwanda kuva mu kwezi kwa Werurwe, ni igihe cyari kigeze mu Rwanda hagashyirwaho gahunda ya Guma murugo, hari ibikorwa byakomeje gukora birimo n’uburobyi. Uburobyi mu kiyaga cya Kivu ntibwigeze buhagarara, ikintu cyafashije benshi mu bagore bacuruza isambaza ku gataro gutunga imiryango yabo.
Nyiraburame, ni umubyeyi ufite ibyaka ibarirwa muri 38, avuga ko ubwo ubundi bucuruzi butari bwemewe, gucuruza isambaza mu baturanyi bashobokaga umuntu (…)

Ibikorwa

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4352

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *