COVID-19 yatumye akorana n’ibigo by’imari abona icyo gukora #rwanda #RwOT

Written by

in

Ingaruka za COVID-19 zatumye Dusabemariya Clarisse wo mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyarusange yagura ibitekerezo, akura amaboko mu mifuka ashaka icyazamura umuryango we. Dusabemariya ni umubyeyi ufite abana babiri. Ubuzima bw’ubukene babanagamo n’umugabo we bwatumaga batabasha kubona ibyo bakeneye byose mu muryango. Byaje kuba agahumamunwa mu gihe cya COVID-19 aho umugabo we ubusanzwe w’umumotari, yajyaga muri gahunda ya guma mu rugo bituma ubuzima bugorana cyane kuko gukora (…)

Ubuhamya

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4363

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *