Pastor Emmanuel Amani Ganza umuhanzi nyarwanda ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari gukorana imbaraga nyinshi cyane aho mu kwezi kumwe ashyira hanze indirimbo nshya nibura ebyiri. Indirimbo nshya ubu yasohoye, yitwa ‘Watoto’ ikaba ivuga ku buzima bushaririye abana bo ku muhanda babamo.
Source : https://rss.app/articles/cb4e791f267872da1d4d595068d7bb8f0a50132e1270bbefc9f7950fcad73796b04ff71329899d2cace0772882495ecd258034fc9543255eda268c32c29d1263dae378bbfbe729f0e1832faa61e739079b35021f5218f2e7a7946e58dadabfa0cfd88a8258459b53c586706c8567632b80895a81820ffbc06a2ba289228783cd61b9bfd8989c2b36ceec
Leave a Reply