Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye – #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu itangazo RBA yasohoye kuri uyu wa 14 Ukwakira 2024, yatangaje ko Munyangeyo yeguye nyuma y'uko hatahuwe imyitwarire mibi mu buryo bukomeye yagize igihe yari kuri uwo mwanya.

RBA yatangaje ko ikirajwe ishinga no kurangwa n'ubunyamwuga n'ubunyangamugayo mu bikorwa byayo byose, iti “Tuzakomeza gutuma Televiziyo Rwanda ikorera abadukurikira, ibishyizeho umutima kandi mu buryo bunoze.”

Munyangeyo Kennedy Dieudonné wari umuyobozi wa Televiziyo y’Igihugu yeguye


Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umuyobozi-wa-televiziyo-rwanda-yeguye-ku-mirimo-ye

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *