Kumenya uburenganzira bwabo byatumye 40% bizigamira #rwanda #RwOT

Written by

in

Abagore bo mu murenge wa Mukamira mu kagari ka Rugeshi bavuga ko bagenda barushaho gusobanukirwa n’uburenganzira bwabo bityo bigatuma hari ibikorwa by’iterambere batinyuka nko gukorana n’ibigo by’imari. Claudine ni umwe mu bagore b’I Nyabihu. Yagize ati 'ubusanzwe sinagiraga konti mu kigo cy’imari. Kuva Leta yatangira gukangurira abagore ko bashoboye ndetse ko nabo bagira uruhare mu iterambere ry’urugo rwabo nanjye natangiye kwizigamira mu kigo cy’imari no mu bimina.'
Akomeza avuga ko yari asanzwe (…)

Ibikorwa

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4376

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *