Nyanza: Haracyari abagore batazi uburenganzira bwabo mu muryango #rwanda #RwOT

Written by

in

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko batazi uburenganzira bwabo. Iyo akaba ari impamvu ikomeye ituma no kubuharanira bitabashobokera kuko batabuzi.
Mutoni n’umwe mu bagore bo mu murenge wa Rwabicuma, afite imyaka 30 y’amavuko. Avuga ko atazi uburenganzira bwe. Ati 'ntakubeshye sinzi uburenganzira bwanjye, urumvako rero icyo umuntu atazi bigoye no kugiharanira.' Yakomeje avuga ko inzego zibishinzwe zikwiriye gukora ubukangurambaga bwimbitse bumenyesha abagore n’abakobwa (…)

Mu muco

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4377

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *