Isaha ya gera mu rugo yigijwe imbere, imibare muri bus no mu bindi bikorwa iragabanywa #rwanda #RwOT

Written by

in

Iyi nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida Kagame, yemeje ko ingendo zibujijwe kuva saa tatu z’ijoro (21:00) kugeza saa kumi za mu gitondo (04:00).

Imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zemerewe gutwara abatarenze 50% y’abo zagenewe gutwara mu gihe imibare yari 75%.

Izi ngamba kandi yahagaritse ubusabane n’ibindi birori byose bibera mu ngo.

SOMA IBYEMEZO BY’INAMA Y’ABAMINISITIRI

UKWEZI.RW

Source : News and Politics | WebRwanda.com https://ift.tt/2RMwjY8

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *