“ Niko se Murindahabi we, Cano y'abana warayitanze? ” – Umva uko Irene Murindahabi yasubije – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Nyuma yuko ikibazo cyari hagati ya Mama wa Vestine na Dorcas ndetse na Irene Murindahabi gicocwe ndetse kikanavugutirwa umuti, abantu benshi kuri ubu bakomeje kwibaza niba Cano (channel) ya Vestine na Dorcas iza ku isonga mu byari byateje ikibazo hagati ya Mama wa Vestine na Dorcas yaratanzwe.

Mu kiganiro M. Irene yaraye agiriye kuri Isibo Tv muri Sunday Choice Live aho yari yatumiwe nk'umutumirwa yasubije iki kibazo aho yavuze ko Channel (cano) ya Vestine na Dorcas yamaze kuyibasubiza nkuko Umubyeyi wabo yabishakaga. Irene yongeyeho ko kuyitanga nta kintu byamutwaye dore ko kuri ubu afite indi channel ye ariyo MIE EMPIRE.

M. Irene yavuze ko Cano ya Vestine na Dorcas yayibasubije

Source : https://yegob.rw/niko-se-murindahabi-we-cano-yabana-warayitanze-umva-uko-irene-murindahabi-yasubije/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *