Kwizera Pierrot yongeye gusinya muri Rayon Sports #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Kwizera Pierrot wari umaze imyaka ibiri mu ikipe ya AS Kigali yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports, nyuma yo gusoza amasezerano yari afitanye na AS Kigali.

Kwizera Pierrot wigeze gukinira ikipe ya Rayon Sports, ni umwe mu bakinnyi bakoranye amateka nayo yo kugera bwa mbere mu matsinda ya CAF Confederation Cup, ndetse inagera muri 1/4 cy’iyo mikino.

Source : https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/kwizera-pierrot-yongeye-gusinya-muri-rayon-sports

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *