Perezida Kagame yitabiriye isozwa rya Tour du Rwanda #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Ku musozi wa Rebero ahazwi nka Canal Olympia, ni bwo hakinwaga agace ka munani ari nako ka nyuma ka Tour du Rwanda 2022.

Saa yine n’igice nibwo abakinnyi batangiye isiganwa ry’aka gace ka nyuma, rikaba ryatangijwe na Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame.

Isiganwa ryo kuri iki Cyumweru rigizwe n’ibirometero 75.3, rikaba ryatangiriye ku i Rebero aho abasiganwa bazengurutse ibice by’umujyi wa Kigali bakongera bagasoreza ku i Rebero.

Source : https://www.kigalitoday.com/imikino-11/amagare/article/perezida-kagame-yitabiriye-isozwa-rya-tour-du-rwanda

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *