Aka kanya, Kigali habaye impanuka ishobora kuba ariyo mbi muri uyu mwaka wose – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu kanya gashize, impanuka ikomeye imaze kubera ahazwi nka Zindiro mu Murenge wa Bumbogo mu Mujyi wa Kigali, aho ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yacitse feri igonga abantu n'inzu z'ubucuruzi.

Ntiharamenyekana umubare w'abitabye Imana n'abakomeretse gusa ni impanuka ibaye Kandi ikomeye cyane ku buryo n'ubwo imibare itari yamenyekana ariko abantu baba bahakomerekeye ari benshi cyane.

Source : https://yegob.rw/aka-kanya-kigali-habaye-impamnuka-ishobora-kuba-ariyo-mbi-muri-uyu-mwaka-wose/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *