Joe Biden atangaje Ko Donald J. Trump ari we uzamusimbura ku mwanya wa President. #Rwanda #RWOT

Written by

in

Perezida wa leta zunze ubumwe za america niyagaragaye nk’uwifitiye icyizere aramutse ahanganye na Donald Trump mu matora y’umukuru w’icyo gihugu ateganyijwe mu mwaka utaha. Aho mw’ijambo yavuze ko afite ubwoba ko Donald Trump agiye gusubira kuba prezida w’icyo gihugu.

Ibi abasesenguzi ariko basanga ari amayeri kuko Joe Biden azi neza ko atatowe n’abaturage kuberako bamukunda ahubwo umubare mwinshi yabamutoye arikuberako banga Donald Trump. Ibi rero atangiye kongera kubikangisha aba Democrate, ni nko kuvuga ngo “Nimutantora mushobora kongera kuyoborwa na Trump”

Iyi ni inkuru dukesha Fox News :

  

 

 Source : https://news.ea.rw/video.php?vid_id=186503

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *