Ifoto ya Element igaragaza ibigango n’amatuza bye ikomeje kuvugisha abatari bake – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umusore muto umaze kumenyekana hano mu Rwanda mu gutuganya umuziki ndetse akaba n'umuhanzi Element Eleeeeh, yashyize hanze ifoto ikomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga.

Ubwo uyu musore yari yagiye gutembera ku mazi y'ifotoje ifoto igaragaza igice cye cyo hejuru, ndetse igaragaza neza ibigango bye.

Iyi foto yatangaje abantu bitewe n'uko agaragara nku muntu wabaye ijeya (wabaye mu nini).

 

 

Source : https://yegob.rw/umaze-kuba-ijeya-ifoto-ya-element-igaragaza-ibigango-namatuza-bye-ikomeje-kuvugisha-abatari-bake/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *