Kazungu ntajya aburamo! Amazina 10 y’abacuruzi batajya babura muri karitsiye akomeje gutangaza benshi  – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kazungu ntajya aburamo! Amazina 10 y'abacuruzi batajya babura muri karitsiye akomeje gutanga benshi

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira urutonde rw'amazina icumi y'abacuruzi atajya abura muri karitsiye iyo ariyo yose.

Kandi koko iyo urebye aya mazina usanga atajya abura muri karitsiye , muri aya mazina harimo Kazungu, Murokore, Mudive, kagira neza n'ayandi nkuko bigaragara ku rutonde rukurikira.

 

Source : https://yegob.rw/kazungu-ntajya-aburamo-amazina-10-yabacuruzi-batajya-babura-muri-karitsiye-akomeje-gutangaza-benshi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *