Ntiwashobora kurigata mu nkokora, dore ibintu utari uzi utakora – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Hari ibintu byinshi umubiri w'umuntu utabasha gukora, twashatse ibintu bitandatu utashobora gukoresha umubiri wawe ndetse n'ababikora akaba ari bacye cyane.

Kurigata inkokora

uburyo umubiri w'umuntu ukoze hari ibice biba bitapfa guhura ku buryo kubihuza biba bigoye cyane.

Niba wumva ushobora gukora ikintu ushaka ku mubiri wawe. Ibi ntago bishobora kukorohera, yewe ushobora no kutabibasha.

Kwitsamura ureba

Ni ibintu byakuvuna cyane kwitsamura ureba kuko iyo ugiye kwitsamura urahumiriza nta kabuza. Ibi byo ni ibintu byikora, ntago umuntu yabikora ariko nabyo birakaze kubikora.

Source : https://yegob.rw/ntiwashobora-kurigata-mu-nkokora-dore-ibintu-utari-uzi-utakora/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *