Kigali bariyititiza: Umuhanzikazi Marina na Li-John Pro bagiye gukorana indirimbo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi umaze kwerekana ko afite impana idasanzwe Li-John Producer agiye gushyira hanze indirimbo yahurijemo abahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda.

Li-John Producer nyuma yogukorana indirimbo n'umuhanzikazi Marina Debroh bikagenda neza yongeye kumutekwrezaho maze yongeramo umwe mu basore bakunzwe cyane uzwi ku izina rya Afrique benshi bamenye mu ndirimbo yise'Agatunda'.

Source : https://yegob.rw/kigali-bariyitiza-umuhanzikazi-marina-na-li-john-pro-bagiye-gukorana-indirimbo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *