Abari bari mu iduka baguye mu kantu! Hagaragaye umugore ugendera ku mweyo ahetse n’umwana (Amashusho)  – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Hagaragaye umugore ugendera ku mweyo ahetse n'umwana bakajya guhaha mu isoko

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y'umugore wagiye guhaha arikumwe n'umwana we bakagendera ku mweyo nkuko ujya wumva bavuga ngo bagendera ku gataro.

Uyu muryango ni uwo muri Tanzania, gusa ibi byakozwe mu buryo bwo gushimisha abantu, ntago ari ibintu byabayeho nubwo bivugwa ko bibaho.

 

 

 

 

Source : https://yegob.rw/abari-bari-mu-iduka-baguye-mu-kantu-hagaragaye-umugore-ugendera-ku-mweyo-ahetse-numwana-amashusho/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *