Isi igeze mu bihe bya nyuma koko: Hagaragaye Umupasiteri waryaga ubugari yarangiza agaha intoki abakirisitu bakazikomba (Amashusho) – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Burya koko Isi igeze mu bihe bya nyuma nk'uko abakirisitu benshi bakunze kubivuga gusa ibi byongeye gushimangirwa n'umupasiteri wakombesheje abakirisitu intoki ze.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje umugabo w'umupasiteri afite isahani y'isosi mu ntoki ku ruhande hari umuntu ufite ubugari n'undi ufite amazi maze akajya akata ubugari agakoza mu isosi yarangiza agakombesha abakirisitu intoki ze.

Amashusho:

Source : https://yegob.rw/isi-igeze-mu-bihe-bya-nyuma-koko-hagaragaye-umupasiteri-waryaga-ubugari-yarangiza-agaha-intoki-abakirisitu-bakazikomba-amashusho/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *