Umujejetafaranga Jay Z arifuza kugura ikipe iri muri 6 zikomeye mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi Jay z wo muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika arifuza kugura ikipe ya Tottenham Hotspur iri mu makipe akomeye cyane mu gihugu cy'u Bwongereza.

Uyu muhanzi arashaka kugura iyi kipe mu gihe uwaruyifite munshingano ariwe Joe Lewis hari ibirego ari kuregwa byo gucuruza forode afatanyije n'inshuti ze ndetse n'umukunzi we.

Uyu mugabo agiye guhuriza hamwe umutungo we ndetse n'uwu mugore we maze bagure iyi kipe.

Source : https://yegob.rw/umujejetafaranga-jay-z-arifuza-kugura-ikipe-iri-muri-6-zikomeye-mu-cyiciro-cya-mbere-mu-bwongereza/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *