Nubwo amarira y’umugabo atemba ajya munda hari abo kwihangana byanze ashoka ku matama, uko byari bimeze mu muhango wo gusezera bwanyuma Junior Multisystem -AMAFOTO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Gusezera bwanyuma Junior Multisystem ni umuhango wabereye Kimironko muri Ituze Garden aho witabiriwe n'abantu benshi baturutse impande ni mpande.

Ni umuhango witabiriwe n'umuryango n'inshuti za Producer Junior Multi System.

Source : https://yegob.rw/nubwo-amarira-yumugabo-atemba-ajya-munda-hari-abo-kwihangana-byanze-ashoka-ku-matama-uko-byari-bimeze-mu-muhango-wo-gusezera-bwanyuma-junior-multisystem-amafoto/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *