“Ntago nsubiramo” umugabo yagiye gusezerana mu murenge asoma nabi bamubwiye ko asubiramo aratsemba ariko bitewe n’uburyo yabisubijemo bikomeje gutangaza benshi – Videwo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucacana amashusho atangaje y'umugabo witwa Pierre n'umugore we bagiye mu gusezerana mu murenge bagasoma nabi ibyo bagombaga gusoma.

Igitangaje ni uburyo Pierre yabwiwe ko agomba gusubiramo ariko agatsemba akavuga ko a adashobora gusubiramo. AMASHOSHO

Source : https://yegob.rw/ntago-nsubiramo-umugabo-yagiye-gusezerana-mu-murenge-asoma-nabi-bamubwiye-ko-asubiramo-aratsemba-ariko-bitewe-nuburyo-yabisubijemo-bikomeje-gutangaza-benshi-videwo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *