FERWAFA: Amakuru agezweho ariko adashimishije abafana ba APR FC na Rayon Sports bifuzaga kureba umukino wa Super Cup uzahuza aya makipe yombi – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu gihe habura iminsi mike gusa ngo ikipe ya Rayon Sports icakirane na APR FC, mu guhatanira igikombe cya Super Cup, FERWAFA yatangaje ko amatike yo kwinjira kuri uyu mukino hasigaye mbarwa.

FERWAFA ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo bagize bati 'Nyaruka ugure itike yawe udacikanwa kuko asigaye ni mbarwa nk'uko mubyibonera. Ntuzacikwe n'ibi birori by'umupira w'amaguru.'

Ubusanzwe kwinjira kuri uyu mukino ibiciro by'amatike ni ibi bikurikira:

Bivuze ko amatike asigaye ni agura ibihumbi 10 Frw.

Source : https://yegob.rw/ferwafa-amakuru-agezweho-ariko-adashimishije-abafana-ba-apr-fc-na-rayon-sports-bifuzaga-kureba-umukino-wa-super-cup-uzahuza-aya-makipe-yombi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *