Umutoza wa APR FC yemeje ko umukinnyi w’umunyamahanga bari basigaye bagenderaho ko ashobora kutazakina umukino wa Rayon Sports – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umutoza wa APR FC yemeje ko umukinnyi w'umunyamahanga bari basigaye bagenderaho ko ashobora kutazakina umukino wa Rayon Sports.

Mu kiganiro n'itangazamakuru, Thierry Froger umutoza wa APR FC yagize icyo avuga ku mvune ya Gilbert na Shaiboub.

Yagize ati: 'Imvune ya Gilbert Mugisha yari yoroshye yahise akira, ariko kuri Sharaf Eldin Shaiboub icyemezo cyirafatwa nyuma y'imyitozo y'uyu munsi.'

Source : https://yegob.rw/umutoza-wa-apr-fc-yemeje-ko-umukinnyi-wumunyamahanga-bari-basigaye-bagenderaho-ko-ashobora-kutazakina-umukino-wa-rayon-sports/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *