“Nta mutoza dufite” Bashize amanga n’amajwi yuzuye umujinya, abafana ba APR FC bazomereye umutoza wabo bamubwira ko kuba ahari bimeze nk’aho adahari – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

'Nta mutoza dufite' Bashize amanga n'amajwi yuzuye umujinya, abafana ba APR FC bazomereye umutoza wabo bamubwira ko kuba ahari bimeze nk'aho adahari.

Abafana ba APR FC barakajwe bikomeye n'umusaruro ikipe yabo isigaye itanga muri iyi minsi.

Nyuma yo kunganya umukino wo kuri uyu munsi, abafana ba APR FC bemeje ko nta mutoza bafite.

VIDEWO

 

Source : https://yegob.rw/nta-mutoza-dufite-bashize-amanga-namajwi-yuzuye-umujinya-abafana-ba-apr-fc-bazomereye-umutoza-wabo-bamubwira-ko-kuba-ahari-bimeze-nkaho-adahari/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *