Abakoresha X batutse uwanditse ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukibitwa n’umugore we kubera ko yatinze kumukingurira – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Abakoresha X batutse uwanditse ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukibitwa n'umugore we kubera ko yatinze kumukingurira.

Abo kuri X yahoze yitwa Twitter bakiriye nabi amakuru yatangajwe na Kasuku, aho yavuze ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n'umugore we.

Kasuku yavuze ibyo maze yakirizwa ibitutse kuko ayo makuru yatangaje atari ayafitiye gihamya.

UKO BYATANGIYE

IBYO BAVUZE

Source : https://yegob.rw/abakoresha-x-batutse-uwanditse-ko-meddy-yaraye-mu-bitaro-nyuma-yo-gukibitwa-numugore-we-kubera-ko-yatinze-kumukingurira/?utm_source=rss=rss=abakoresha-x-batutse-uwanditse-ko-meddy-yaraye-mu-bitaro-nyuma-yo-gukibitwa-numugore-we-kubera-ko-yatinze-kumukingurira

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *