Kicukiro habereye ubwicanyi ku mukobwa w’imyaka 30 atabwa mu mwobo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu ntara y'umujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro hagaragaye umurambo w'umukobwa uri mu mucyobo uzingazinze mu mufuka.

Ni umukobwa uri mukigero kimyaka mirongo itatu yasanzwe mu cyobo nyuma yuko yishwe agashyirwa mumifuka ubundi agatabwa muri icyo cyobo.

SRC: BTN TV

Source : https://yegob.rw/kicukiro-habereye-ubwicanyi-ku-mukobwa-wimyaka-30-atabwa-mu-mwoba/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *