Nyuma yo kuba ari gutsinda ibitego umufiririzo Gitego Arthur yahishuye umukinnyi w’umunyarwanda afata nk’icyitegererezo kuri we – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Rutahizamu w'Umunyarwanda uzwi ku izina rya.        Gitego Arthur  akaba akinira ikipe ya AFC Leopards muri Kenya akaba amaze kwigarurira imitima ya benshi bitewe n'ukuntu ari kwitwara muri icyo gihugu.

Yavuze uburyo umukino we wa mbere muri iyi kipe yari ku gitutu gikomeye kubera ko yasabwaga byinshi kandi yari ataramera neza 100%.

Gitego Arthur yavuze ko umukinnyi yakuze akunda, arebera ubu anamugisha inama bitewe n'ibyo yakoze, ni Sugira Ernest.

Ati 'mu Rwanda navuga ko umukinnyi nkunda, mbere na mbere ni inshuti yanjye, ni umujyanama, ni umuntu wanjye wa hafi, ni Sugira Ernest.

Source : https://yegob.rw/nyuma-yo-kuba-ari-gutsinda-ibitego-umufiririzo-gitego-arthur-yahishuye-umukinnyi-wumunyarwanda-afata-nkicyitegererezo-kuri-we/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *