Hamenyekanye akayabo k’amafaranga azagenda kugirango ikibuga k’indege cya Bugesera cyuzure ndetse n’igihe kizatangira gukoreshwa – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ikibuga k'indege cya Bugesera ni kimwe mu bikorwa remezo bihambaye biri kubakwa n'igihugu cy'u Rwanda, nkuko ibindi bikorwa byagiye byubakwa birimo ama stade n'ibindi.

Kuri ubu amakuru aravuga ko iki kibuga k'indege cya Bugesera kizuzura mu mwaka wa 2026 ndetse akaba aribwo kizatangira gukoresherezwa.

Ndetse amakuru akomeza avuga ko iki kibuga kizuzura gitwaye arenga 2 billion USD  ubwo ni agera kuri 2.59 trillion z'amanyarwanda. (2,000,000,000 USD = 2,591,560,000,000 RWF).

Source : https://yegob.rw/hamenyekanye-akayabo-kamafaranga-azagenda-kugirango-ikibuga-kindege-cya-bugesera-cyuzure-ndetse-nigihe-kizatangira-gukoreshwa/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *