Nyagatare: Ntibumva uburyo ibiro by’umurenge bimaze imyaka itanu byubakwa ariko bituzura

Written by

in

Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo baribaza impamvu bagihererwa serivisi ahantu hadasa neza mu gihe hashize imyaka itanu bakusanyije amafaranga yo kubaka ibiro by’Umurenge bishya kandi binini.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *